Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko ibihugu by’ibihangange bidakwiye kwitwaza ijambo bifite mu kwitambika imyanzuro ishobora gukemura bimwe mu bibazo byugarije Isi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Nduhungirehe yagaragaje imigirire idasobanutse y’akanama ka Loni
12 May, by Angeline MUKANGENZI -
Gen Muhoozi ashaka ko Rolls Royce ya Anita Among izatezwa cyamunara
20 May, by Angeline MUKANGENZIUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yavuze ko ashaka ko imodoka ya Rolls Royce Cullinan ya Anita Among wahoze ari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko, igurishwa muri cyamunara, amafaranga bakayasubiza leta.
-
INYANDIKO Y’UMWANDITSI IHAMAGARA MUHORAKEYE NK’UMUBURANYI UDAFITE AHO ABARIZWA
8 July, by ISIMBI EstellaINYANDIKO Y’UMWANDITSI IHAMAGARA MUHORAKEYE NK’UMUBURANYI UDAFITE AHO ABARIZWA
Inyandiko yose iri hano hasi; -
Gicumbi: Gitifu w’Akagari wafungiranye abaturage akigendera yahagaritswe
12 May, by Angeline MUKANGENZIUmunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Cyandaro, mu Murenge wa Ruvune, mu Karere ka Gicumbi, yahagaritswe nyuma y’uko afungiranye umusaza n’umukecuru mu biro by’Akagari, ubwo bari bagiye kwishyura ibyo umwana wabo yari yibye.
-
Shakira yasabye abana bo muri ‘Ghetto Kids’ kuzamubyinira mu gikombe cy’Isi
20 May, by Angeline MUKANGENZIShakira yongeye kugaragaza umutima wo gushyigikira impano z’abana n’urubyiruko nyuma yo gutumira abana bo muri ‘Ghetto Kids’ mu birori byo gusoza Igikombe cy’Isi 2026.
-
Trump yavuze ko ashimishijwe n’izamuka ry’ibiciro
11 June, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump, yavuze ko akunda “izamuka ry’ibiciro”, mu gihe mu kwezi gushize kwa Giurasi, ibiciro byo muri Amerika byazamutse ku kigero cya mbere cyihuse cyane kibayeho mu myaka itatu ishize.
-
Minembwe: Drones zibasiye ibice bituwe mu gihe wazalendo iri kwihorera aho M23 yavuye
12 May, by Angeline MUKANGENZIuri uyu wa Kabiri, itariki ya 12 Gicurasi 2026, guhera saa moya kugeza saa yine za mu gitondo, ihuriro ry’ingabo zirwanira ubutegetsi bwa Kinshasa zagabye igitero simusiga ku baturage b’abasivili i Minembwe muri Kivu y’Amajyepfo.
-
Ingabo za Iran zasutse umuriro ku birindiro bya Amerika
11 June, by Angeline MUKANGENZIIbirindiro bya gisirikare bya Amerika mu Burasirazuba bwo Hagati byibasiwe bikomeye n’ibitero byo kwihorera bya Iran mu majoro abiri akurikirana.
-
INYANDIKO Y’UMWANDITSI IHAMAGARA MUKUNZI NK’UMUBURANYI UDAFITE AHO ABARIZWA
8 July, by ISIMBI EstellaINYANDIKO Y’UMWANDITSI IHAMAGARA MUKUNZI NK’UMUBURANYI UDAFITE AHO ABARIZWA
Inyandiko yose iri hano hasi; -
Itangazo rya cyamunara ry’umutungo utimukanwa
12 May, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me KUBWIMANA EMMANUEL ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
Umuryango.rw
Nduhungirehe yagaragaje imigirire idasobanutse y’akanama ka Loni
Gen Muhoozi ashaka ko Rolls Royce ya Anita Among izatezwa cyamunara
INYANDIKO Y’UMWANDITSI IHAMAGARA MUHORAKEYE NK’UMUBURANYI UDAFITE AHO ABARIZWA
Gicumbi: Gitifu w’Akagari wafungiranye abaturage akigendera yahagaritswe
Trump yavuze ko ashimishijwe n’izamuka ry’ibiciro
Minembwe: Drones zibasiye ibice bituwe mu gihe wazalendo iri kwihorera aho M23 yavuye
Ingabo za Iran zasutse umuriro ku birindiro bya Amerika