Uwahoze ari umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Kimenyi Yves, yagaragaje kutanyurwa n’imikorere iri kugaragara mu makipe amwe yo mu Rwanda, by’umwihariko Rayon Sports, iherutse gukora impinduka nyinshi mu bakinnyi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kimenyi Yves yibajije ku mikorere ya Rayon Sports mu isoko ry’abakinnyi
11 June, by ISIMBI Estella -
Nigeria: Abagera ku 100 biciwe mu gitero cyagabwe mu isoko
12 May, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa 12 Gicurasi 2026, Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Amnesty International, watangaje ko byibuze abasivili 100 baguye mu gitero cy’indege cy’Igisirikare cya Nigeria ku isoko ryuzuye abantu mu majyaruguru y’iburengerazuba bwa Leta ya Zamfara.
-
Gatete yajuririye icyemezo cyo kumufunga by’agateganyo
20 May, by Angeline MUKANGENZIGatete Thierry Kevin uzwi nka Gatete Nyiringabo Ruhumuliza, yamaze kujuririra icyemezo kimufunga iminsi 30 y’agateganyo.
-
Iran yafunze Umuhora wa Hormuz nyuma y’umwuka mubi na Amerika
11 June, by ISIMBI EstellaIran yatangaje ko yafashe icyemezo cyo gufunga umuhora wa Strait of Hormuz, umwe mu nzira zikomeye zinyurwamo na peteroli nyinshi ijya ku isoko mpuzamahanga, nyuma y’ubwiyongere bw’umwuka mubi hagati yayo na United States.
-
Mu minsi itatu Kiliziya Gatulika mu Rwanda ipfushije Abihayimana batatu
12 May, by Angeline MUKANGENZIAbihayimana batatu barimo Abapadiri babiri n’Umufurere umwe muri Kiliziya Gatulika mu Rwanda barimo babiri bo muri Diyoseze ya Byumba, bitabye Imana mu minsi itatu.
-
Ibikomoka ku buhinzi byinjirije u Rwanda miliyoni 14$ mu minsi itanu
20 May, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB), cyatangaje ko ibicuruzwa u Rwanda rwohereje mu mahanga hagati y’itariki 11-15 Gicurasi 2026 byinjije miliyoni 14,7 $ (arenga miliyari 21,5 Frw).
-
Trump yanditse ubutumwa asaba ko Obama atabwa muri yombi agakurikiranwa
12 May, by Angeline MUKANGENZIPerezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za America, yongeye kwibasira Barack Obama yasimbuye ku butegetsi muri manda ya mbere, asaba ko atabwa muri yombi, amushinja ubugambanyi.
-
Iran yateguje Amerika ibitero bidasanzwe nisubukura intambara
20 May, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran, Abbas Araghchi, yatangaje ko biteguye kurasa indege nyinshi z’intambara za Leta Zunze Ubumwe Amerika igihe iki gihugu cyaba cyongeye gusubukura ibitero kuri Iran.
-
Inama yahuje Trump n’abajyanama be yabuze umwanzuro ku kibazo cy’intambara ya Iran
30 May, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ntiyatangaje icyemezo cya nyuma ku masezerano yari ategerejwe hagati ya Amerika na Iran nyuma y’inama yagiranye n’abajyanama be bakuru kuri uyu wa 29 Gicurasi 2026.
-
Mbappé mu majwi y’abatari bake nyuma yo gusohokana na Ester Expósito
11 June, by ISIMBI EstellaKapiteni w’Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa, Kylian Mbappé, yongeye kuba inkuru ivugwa cyane mu bitangazamakuru no mu bafana nyuma y’amakuru avuga ko yagiriye urugendo rwihariye i Madrid mu gihe ikipe yiteguraga Igikombe cy’Isi.
Umuryango.rw
Kimenyi Yves yibajije ku mikorere ya Rayon Sports mu isoko ry’abakinnyi
Nigeria: Abagera ku 100 biciwe mu gitero cyagabwe mu isoko
Iran yafunze Umuhora wa Hormuz nyuma y’umwuka mubi na Amerika
Ibikomoka ku buhinzi byinjirije u Rwanda miliyoni 14$ mu minsi itanu
Mbappé mu majwi y’abatari bake nyuma yo gusohokana na Ester Expósito