Mu ijoro ryo ku wa 10 Kamena 2026 ahagana saa tanu n’igice, mu gace ka Cyumbati giherereye mu Murenge wa Rwampara mu Karere ka Nyarugenge, habereye igikorwa cyateje urujijo n’akaduruvayo mu baturage.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
I Nyarugenge: Umugabo yafatiwe mu modoka n’umuturanyi we, umugore we ashaka kuyimena
11 June, by ISIMBI Estella -
Umukobwa yabenzwe amasaha make mbere y’ubukwe nyuma yo kuvumburwa ko yamaze igihe abeshya umukunzi we
26 June, by ISIMBI EstellaUbukwe bw’umukobwa wo mu Karere ka Ngoma mu Murenge wa Gashanda bwahagaze ku munota wa nyuma, nyuma y’uko umusore avumbuye ko amakuru yari yarahawe n’umukunzi we ku buzima bwe atari ukuri.
-
Impamvu Justin Bieber, Shakira na BTS bazaririmba ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi 2026 badahembwe
9 July, by ISIMBI EstellaAbahanzi bakomeye ku rwego mpuzamahanga barimo Justin Bieber, Shakira, Madonna n’itsinda BTS bazasusurutsa abazitabira n’abazakurikirana umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026, ariko ntibazahabwa amafaranga y’igihembo ku bitaramo byabo.
-
Rayon Sports yageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro
13 May, by Angeline MUKANGENZIIkipe ya Rayon Sports yageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro nyuma yo kunganya na Gorilla FC 0-0 ikomeza kubera igitego cyo hanze.
-
U Rwanda n’u Bufaransa biyemeje kongera ingufu mu mikoranire ya gisirikare
20 May, by ISIMBI EstellaUmugaba w’Ingabo z’u Bufaransa zishinzwe imikoranire n’ibihugu bya Afurika, Maj Gen Pascal Ianni, ari mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda kuva ku wa 18 kugeza ku wa 20 Gicurasi 2026, rugamije gukomeza no gushimangira ubufatanye bwa gisirikare hagati y’u Rwanda n’u Bufaransa.
-
Umudepite mu Rwanda yeguye
11 June, by Angeline MUKANGENZIInteko Ishinga Amategeko yatangaje ko Icyitegetse Venuste wari Umudepite yandikiye Perezida w’Umutwe w’Abadepite amumenyesha ubwegure bwe ku mpamvu ze bwite.
-
Taylor Swift na Travis Kelce bagiye gukora ubukwe buzafungisha imihanda i New York
26 June, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bw’Umujyi wa New York bwatangaje ko hari imihanda imwe n’imwe izafungwa mu rwego rwo korohereza imyiteguro n’ikorwa ry’ubukwe bw’umuhanzi Taylor Swift n’umukinnyi wa ruhago nyafurika Travis Kelce, buteganyijwe kuba ku wa 3 Nyakanga 2026.
-
Abafana ba Taylor Swift batunguye benshi bagura imyanda yakusanyijwe hafi y’ahabereye ubukwe bwe
9 July, by ISIMBI EstellaUrukundo abafana ba Taylor Swift bakunda uyu muhanzikazi rwongeye gutangaza benshi, nyuma y’uko hari abemeye kugura imyanda yakusanyijwe hafi y’ahabereye ibirori by’ubukwe bwe na Travis Kelce.
-
Abayobozi bitabiriye Africa CEO Forum batangiye kugera mu Rwanda
13 May, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Intebe wa Côte d’Ivoire, Robert Beugré Mambé na Perezida wa Guinée-Conakry, Mamadi Doumbouya bageze mu Rwanda aho bitabiriye inama ihuza abayobozi b’ibigo bitandukanye, abashoramari n’abanyapolitike baturutse muri Afurika ndetse no hirya no hino ku Isi, izwi nka ‘Africa CEO Forum’
-
Paris: Bamwe mu bafana ba PSG batawe muri yombi nyuma yo gutsinda Arsenal
31 May, by Angeline MUKANGENZIBamwe mu bafana ba Paris Saint-Germain, batawe muri yombi nyuma y’uko bategeje akavuyo akavuyo gakomeye mu mujyi wa Paris, ikipe yabo imaze gutsinda Arsenal, ikegukana igikombe cya UEFA Champions League.
Umuryango.rw
I Nyarugenge: Umugabo yafatiwe mu modoka n’umuturanyi we, umugore we ashaka kuyimena
Umukobwa yabenzwe amasaha make mbere y’ubukwe nyuma yo kuvumburwa ko yamaze igihe abeshya umukunzi we
Rayon Sports yageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro
U Rwanda n’u Bufaransa biyemeje kongera ingufu mu mikoranire ya gisirikare
Umudepite mu Rwanda yeguye
Taylor Swift na Travis Kelce bagiye gukora ubukwe buzafungisha imihanda i New York
Abafana ba Taylor Swift batunguye benshi bagura imyanda yakusanyijwe hafi y’ahabereye ubukwe bwe
Abayobozi bitabiriye Africa CEO Forum batangiye kugera mu Rwanda
Paris: Bamwe mu bafana ba PSG batawe muri yombi nyuma yo gutsinda Arsenal