Niba ubu ufite imyaka 25, hari icyizere ko ushobora kurama indi myaka 45 kubera ko icyizere cyo kurama mu Rwanda ni hafi imyaka 70. Mu Buyapani ho, abarenga miliyoni ebyiri bafite imyaka iri hejuru ya 90 kandi abarenga ibihumbi 70 bafite imyaka 100.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ibanga rifasha Abayapani kurama
20 May, by Angeline MUKANGENZI -
Afurika y’Epfo yirukanye abanyamalawi barenga ibihumbi bitatu
11 June, by Angeline MUKANGENZIAbanyamalawi b’abimukira barenga 3 000 barimo abana amagana babaga muri Afurika y’Epfo birukanwe mu ngo zabo kubera imyigaragambyo n’iterabwoba, bishingiye ku kwamagana abanyamahanga batuye muri icyo Gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko.
-
Umwarimu wigisha gutwara indege yayisimbutse, asigamo umunyeshuri
9 July, by Angeline MUKANGENZIUmwarimu wigishaga gutwara indege yapfuye nyuma yo gusimbuka indege mu gihe yari arimo kwigisha umunyeshuri, amusigamo wenyine.
-
Abarwanyi ba AFC/M23 berekeje kure y’Umujyi wa Uvira
12 May, by ISIMBI EstellaAbarwanyi b’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bavuye muri santere ya Luvungi mu gitondo cyo kuri uyu wa 12 Gicurasi 2026, berekeza muri Kamanyola mu ntera y’ibilometero 75 uvuye mu Mujyi wa Uvira.
-
Nigeria: Abarwanyi 175 ba Islamic State bishwe
20 May, by Angeline MUKANGENZIInzego z’umutekano za Nigeria na Amerika zatangaje ko ibikorwa byo guhiga abarwanyi b’imitwe yitwaje intwaro bamaze iminsi bafatanyamo byatumye bica abarwanyi ba Islamic States.
-
Uwakomerekejwe cyane n’amasezerano hagati ya Iran na Amerika ni Netanyahu.
25 June, by ISIMBI EstellaIbiro ntaramakuru bya Reuters bivuga ko abasesenguzi ndetse n’abahoze ari abayobozi ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika babona ko amasezerano hagati ya Iran na Amerika ashobora guhungabanya cyane icyizere cya politiki cya Benjamin Netanyahu kurusha uko yahungabanya gahunda Israel ifite ku kibazo cya Iran.
-
Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko abantu 44 bishwe n’inzoga zitujuje ubuziranenge mu mezi atandatu
9 July, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangaje ko mu mezi atandatu ashize kugeza muri Kamena 2026, abantu 44 bamaze kwicwa n’inzoga zitujuje ubuziranenge.
-
Sheebah Karungi yahishuye uko yivuje indwara y’umutima mu Buhinde
11 June, by ISIMBI EstellaUmuhanzikazi ukunzwe cyane mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba, Sheebah Karungi, yatangaje ko amaze igihe cy’ibyumweru bitatu ari mu Buhinde aho yari yagiye kwivuza indwara y’umutima, mbere yo gusubira mu gihugu cye ameze neza.
-
RDC: Kisangani yabonetsemo undi murwayi mushya wa Ebola, abamaze guhitanwa nayo bagera kuri 600
9 July, by Angeline MUKANGENZIMinisiteri y’Ubuzima muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko abo byemejwe ko bamaze kwandura Ebola kugeza tariki ya 7 Nyakanga 2026 ari 1759 barimo 600 bamaze gupfa.
-
Eddy Kenzo yahagurukijwe ku mugore we
12 May, by ISIMBI EstellaEddy Kenzo yangiwe kwicarana n’umugore we Phiona Nyamutooro mu muhango w’irahira rya Perezida Museveni.
Umuryango.rw
Afurika y’Epfo yirukanye abanyamalawi barenga ibihumbi bitatu
Umwarimu wigisha gutwara indege yayisimbutse, asigamo umunyeshuri
Abarwanyi ba AFC/M23 berekeje kure y’Umujyi wa Uvira
Nigeria: Abarwanyi 175 ba Islamic State bishwe
Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko abantu 44 bishwe n’inzoga zitujuje ubuziranenge mu mezi atandatu
Sheebah Karungi yahishuye uko yivuje indwara y’umutima mu Buhinde
Eddy Kenzo yahagurukijwe ku mugore we