Binyuze muri Minisiteri y’Ubuzima, u Rwanda n’u Burusiya byagiranye amasezerano yo gufatanya mu guteza imbere ubuzima mu nzego zinyuranye harimo ibijyanye n’ubuvuzi bwifashisha ingufu za nucléaire.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Rwanda n’u Burusiya byagiranye mu bijyanye n’ubuvuzi bwifashisha ingufu za nucléaire
20 May, by ISIMBI Estella -
Abanyamahanga barezwe urugomo i Musanze birukanwe ku butaka bw’’u Rwanda
11 June, by Angeline MUKANGENZINyuma y’inkuru y’urugomo rw’abanyeshuri b’abanyamahanga bigaga muri Kaminuza ya INES Ruhengeri i Musanze, abakekwagaho uruhare muri urwo rugomo basubijwe iwabo.
-
Nyuma yo kugera kuri miliyari 1320$, Elon Musk yongeye gusubira munsi ya miliyari 1000$
25 June, by ISIMBI EstellaUmutungo wa rwiyemezamirimo w’Umunyamerika Elon Musk wagabanutse cyane mu minsi ishize, bituma ava mu cyiciro cy’abatunze arenga miliyari 1000 z’Amadolari ya Amerika, nyuma y’uko imigabane y’ibigo bye birimo Tesla na SpaceX igabanuka ku isoko ry’imari.
-
INYANDIKO Y’UMWANDITSI IHAMAGARA KAMANZI NK’UMUBURANYI UDAFITE AHO ABARIZWA
8 July, by ISIMBI EstellaINYANDIKO Y’UMWANDITSI IHAMAGARA KAMANZI NK’UMUBURANYI UDAFITE AHO ABARIZWA
Inyandiko yose iri hano hasi; -
Vestine wo mu itsinda ‘Vestine&Dorcas’ yabyariye muri Canada
12 May, by Angeline MUKANGENZIIshimwe Vestine wo mu itsinda rya ‘Vestine&Dorcas’ yibarutse imfura. Uyu mugore yabyariye mu Mujyi wa Vancouver aho amaze igihe atuye kuva yasigara muri Canada mu mpera z’umwaka ushize ubwo we na mugenzi basozaga ibitaramo bari bahafite.
-
Neg G The General yashyize akadomo ku makimbirane ye na Riderman yari amaze imyaka 18
20 May, by Angeline MUKANGENZINeg G The General yemeje ko yashyize akadomo ku makimbirane yari amazemo imyaka 18 na Riderman baririmbanye mu itsinda rya UTP Soldiers.
-
Ntabwo turi abami ku isi - Gianni Infantino asubiza ikibazo cy’ababuze VISA zo kwitabira igikombe cy’isi 2026
11 June, by Angeline MUKANGENZIPerezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), Gianni Infantino, yagaragaje ko bagerageje gukora byose ngo ibibazo by’ababuze visa zibinjiza mu bihugu bizakira Igikombe cy’Isi cya 2026 ziboneke, ariko bikananirana kubera imbaraga z’amategeko muri ibyo bihugu.
-
U Rwanda mu bufatanye n’u Bushinwa mu gucunga Ingoro y’Urugamba rwo Kwibohora
12 May, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean Damascene Bizimana, yatangaje ko u Rwanda rugiye kugirana imikoranire n’Ikigo gicunga Ingoro ndangamurage cyo mu Bushinwa, mu gucunga no kubungabunga Ingoro Ndangamateka y’Urugamba rwo Kubohora u Rwanda yo ku Mulindi w’Intwari mu Karere ka Gicumbi.
-
Imipaka ihuza u Rwanda na RDC ntifunze hashyizweho ingamba ku bayinyuraho
20 May, by ISIMBI EstellaUmuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Uwera Jean Maurice, yatangaje ko imipaka ihuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo idafunze ahubwo ko hashyizweho ingamba zo kugenzura buri wese uyinyuraho, mu rwego rwo gukumira iki cyorezo.
-
Mu karere ka Kirehe abantu 15 barembeye mu bitaro nyuma yo kunywa umutobe bitekwa ko uhumanye
30 May, by Angeline MUKANGENZIMu karere ka Kirehe Murenge wa Kigarama, abantu 15 bajyanwe kwa muganga igitaraganya, bikekwa ko baba baranyweye umutobe uhumanye.
Umuryango.rw
U Rwanda n’u Burusiya byagiranye mu bijyanye n’ubuvuzi bwifashisha ingufu za nucléaire
Abanyamahanga barezwe urugomo i Musanze birukanwe ku butaka bw’’u Rwanda
Nyuma yo kugera kuri miliyari 1320$, Elon Musk yongeye gusubira munsi ya miliyari 1000$
INYANDIKO Y’UMWANDITSI IHAMAGARA KAMANZI NK’UMUBURANYI UDAFITE AHO ABARIZWA
Vestine wo mu itsinda ‘Vestine&Dorcas’ yabyariye muri Canada
Neg G The General yashyize akadomo ku makimbirane ye na Riderman yari amaze imyaka 18
U Rwanda mu bufatanye n’u Bushinwa mu gucunga Ingoro y’Urugamba rwo Kwibohora
Imipaka ihuza u Rwanda na RDC ntifunze hashyizweho ingamba ku bayinyuraho
Mu karere ka Kirehe abantu 15 barembeye mu bitaro nyuma yo kunywa umutobe bitekwa ko uhumanye