Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, mu ijoro ryo ku wa 13 Werurwe 2026 yatangaje ko ingabo z’igihugu cye zasenye ibirindiro by’ingabo za Iran biri ku kirwa cya Kharg gifatwa nk’umutima w’ubukungu bwa Tehran.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amerika yarashe ikirwa gifatwa nk’umutima w’ubukungu bwa Iran
14 March, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Umunyamakuru akaba n’umunyarwenya Japhet yahawe inshingano zimuzamura mu ntera
13 March, by Angeline MUKANGENZIUmunyamakuru akaba n’umunyarwenya Japhet Mazimpaka ukorera Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru, yagizwe umuyobozi wa Televiziyo ya KC2 asimbura Gloria Mukamabano uherutse gusezera.
-
Bobi Wine yavuye mu bwihisho akomereza mu mahanga
14 March, by ISIMBI EstellaUmunyapolitiki Robert Kyagulanyi Ssentamu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, yatangaje ko yavuye mu bwihisho yari amazemo hafi amezi abiri, akomereza mu mahanga mu ruzinduko ahamya ko ari urw’akazi.
-
Igisirikare cya Amerika cyibwe Drone 4
12 March, by Angeline MUKANGENZIIkigo cya gisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Fort Campbell, cyatangaje ko hari abantu bataramenyekana bibye drones enye za gisirikare, maze gisaba ubufasha bw’abaturage kugira ngo bafashe mu kubafata.
-
Igisasu cya Koreya ya Ruguru cyakangaranyije Koreya y’Epfo n’u Buyapani
14 March, by ISHIMWE Jean de DieuKoreya ya Ruguru yarashe igisasu cyerekeza mu nyanja mu cyerekezo kigana mu nyanja y’u Buyapani, nk’uko Koreya y’Epfo n’u Buyapani byabitangaje, aho Tokyo yavuze ko bishoboka ko yari Missile balistique.
-
Abantu bane ni bo baguye mu ndege y’igisirikare cya Amerika yahanutse
13 March, by Angeline MUKANGENZIIshami ry’Ingabo za Amerika rikorera mu Burasirazuba bwo Hagati, CENTOM, ryatangaje ko bantu bane muri batandatu bari mu ndege ishinzwe kongera amavuta mu zindi ziri mu kirere, ari bo bimaze kumenyekana ko bitabye Imana.
-
Skol Lager yahembye abakinnyi ba Rayon Sports bahize abandi mu kwezi kwa Gashyantare
13 March, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa 13 Werurwe 2026, mu Nzove ku kibuga ikipe ya Rayon Sports isanzwe yitorezaho, Uruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye rwa Skol Brewery,binyuze mu kinyobwa cyayo Skol Lager, rwatangaje abakinnyi ba Rayon Sports begukanye igihembo cy’umukinnyi wahize abandi mu kwezi kwa Gashyantare, mu ikipe y’abagabo ndetse n’iya’abagore.
-
Ikinyabiziga cyafunzwe kizajya gitezwa cya munara mu mezi 3
13 March, by ISIMBI EstellaItegeko rishya N° 014/2026 ryo ku wa 06/03/2026 rigenga ikoreshwa ry’umuhanda, ryasohotse mu Igazeti ya Leta ku wa 10 Werurwe 2026, ryagaragaje impamvu ikinyabiziga gishobora gufungwa, igihe cyemerewe kumara gifunzwe kigatezwa cyamunara cyangwa kikigurishirizwa na nyiracyo.
-
Trump yavuze ko atewe ishema no kwica abategetsi ba Iran
13 March, by Angeline MUKANGENZIMu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga, Perezida Donald Trump wa Amerika yavuze ko ari “ishema rikomeye” kuba arimo kwica abo mu butegetsi bwa Iran
-
WRC Safari Rally: Imodoka ya Kalimpinya yakuwe muri Shampiyona Nyafurika
13 March, by Angeline MUKANGENZIUmunsi wa mbere wa WRC Safari Rally wagoye Abanyarwanda, aho wasize imodoka imwe ivuye mu irushanwa, iya Queen Kalimpinya itari yujuje ibisabwa ikurwa muri Shampiyona Nyafurika isigara muri Shampiyona y’Igihugu, izindi ebyiri zemererwa gukomeza.
Umuryango.rw
Amerika yarashe ikirwa gifatwa nk’umutima w’ubukungu bwa Iran
Igisirikare cya Amerika cyibwe Drone 4
Igisasu cya Koreya ya Ruguru cyakangaranyije Koreya y’Epfo n’u Buyapani
Abantu bane ni bo baguye mu ndege y’igisirikare cya Amerika yahanutse
Skol Lager yahembye abakinnyi ba Rayon Sports bahize abandi mu kwezi kwa Gashyantare
Ikinyabiziga cyafunzwe kizajya gitezwa cya munara mu mezi 3
WRC Safari Rally: Imodoka ya Kalimpinya yakuwe muri Shampiyona Nyafurika