Ikigo cya gisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Fort Campbell, cyatangaje ko hari abantu bataramenyekana bibye drones enye za gisirikare, maze gisaba ubufasha bw’abaturage kugira ngo bafashe mu kubafata.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Igisirikare cya Amerika cyibwe Drone 4
12 March, by Angeline MUKANGENZI -
Umunyamakuru akaba n’umunyarwenya Japhet yahawe inshingano zimuzamura mu ntera
13 March, by Angeline MUKANGENZIUmunyamakuru akaba n’umunyarwenya Japhet Mazimpaka ukorera Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru, yagizwe umuyobozi wa Televiziyo ya KC2 asimbura Gloria Mukamabano uherutse gusezera.
-
Abantu bane ni bo baguye mu ndege y’igisirikare cya Amerika yahanutse
13 March, by Angeline MUKANGENZIIshami ry’Ingabo za Amerika rikorera mu Burasirazuba bwo Hagati, CENTOM, ryatangaje ko bantu bane muri batandatu bari mu ndege ishinzwe kongera amavuta mu zindi ziri mu kirere, ari bo bimaze kumenyekana ko bitabye Imana.
-
Skol Lager yahembye abakinnyi ba Rayon Sports bahize abandi mu kwezi kwa Gashyantare
13 March, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa 13 Werurwe 2026, mu Nzove ku kibuga ikipe ya Rayon Sports isanzwe yitorezaho, Uruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye rwa Skol Brewery,binyuze mu kinyobwa cyayo Skol Lager, rwatangaje abakinnyi ba Rayon Sports begukanye igihembo cy’umukinnyi wahize abandi mu kwezi kwa Gashyantare, mu ikipe y’abagabo ndetse n’iya’abagore.
-
Trump yavuze ko atewe ishema no kwica abategetsi ba Iran
13 March, by Angeline MUKANGENZIMu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga, Perezida Donald Trump wa Amerika yavuze ko ari “ishema rikomeye” kuba arimo kwica abo mu butegetsi bwa Iran
-
Ikinyabiziga cyafunzwe kizajya gitezwa cya munara mu mezi 3
13 March, by ISIMBI EstellaItegeko rishya N° 014/2026 ryo ku wa 06/03/2026 rigenga ikoreshwa ry’umuhanda, ryasohotse mu Igazeti ya Leta ku wa 10 Werurwe 2026, ryagaragaje impamvu ikinyabiziga gishobora gufungwa, igihe cyemerewe kumara gifunzwe kigatezwa cyamunara cyangwa kikigurishirizwa na nyiracyo.
-
WRC Safari Rally: Imodoka ya Kalimpinya yakuwe muri Shampiyona Nyafurika
13 March, by Angeline MUKANGENZIUmunsi wa mbere wa WRC Safari Rally wagoye Abanyarwanda, aho wasize imodoka imwe ivuye mu irushanwa, iya Queen Kalimpinya itari yujuje ibisabwa ikurwa muri Shampiyona Nyafurika isigara muri Shampiyona y’Igihugu, izindi ebyiri zemererwa gukomeza.
-
U Rwanda rwemeje ko hari imikoranire rufitanye na AFC/M23
23 January, by Angeline MUKANGENZIGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ifitanye imikoranire mu by’umutekano n’umutwe wa AFC/M23, ishingiye ku nyungu zihuriweho zo kurinda Abatutsi bamaze igihe bibasirwa n’umutwe wa FDLR n’indi mitwe yitwaje intwaro ikorera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).
-
‘Indege y’Imperuka’ ya Amerika yatunguranye
10 January, by ISIMBI EstellaIndege y’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe Ubumwe za Amerika yiswe iy’imperuka, yagaragaye mu ruhame bwa mbere mu myaka 53 ishize.
-
Abakina UFC bagiye guhugura abakozi ba FBI
13 March, by Angeline MUKANGENZIAbakina imikino njyarugamba ya Ultimate Fighting Championship (UFC), bagiye guhugura abakozi b’Urwego rw’Iperereza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (FBI).
Umuryango.rw
Igisirikare cya Amerika cyibwe Drone 4
Abantu bane ni bo baguye mu ndege y’igisirikare cya Amerika yahanutse
Skol Lager yahembye abakinnyi ba Rayon Sports bahize abandi mu kwezi kwa Gashyantare
Ikinyabiziga cyafunzwe kizajya gitezwa cya munara mu mezi 3
WRC Safari Rally: Imodoka ya Kalimpinya yakuwe muri Shampiyona Nyafurika
U Rwanda rwemeje ko hari imikoranire rufitanye na AFC/M23
‘Indege y’Imperuka’ ya Amerika yatunguranye