Iran yagabye igitero gikomeye muri Israel nyuma yo kwicirwa abasirikare bakuru barimo Umugaba Mukuru w’Ingabo, Umuyobozi w’Umutwe w’Ingabo zidasanzwe n’abahanga mu bya nucléaire.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Iran yohereje drones zirenga 100 muri Israel nyuma yo kwicirwa abasirikare bakuru
13 June, by ISIMBI Estella -
Injangwe irota kuba intare ihagarika kurya imbeba - Dr. Murangira yahaye umukoro abategura ‘Gen-Z Comedy’
13 June, by ISHIMWE Jean de DieuUmuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yatanze umukoro ku bategura ibitaramo bya Gen-Z Comedy, abasaba ko niba bifuza ko biba ibintu bikomeye, bashyiraho amahame y’imyitwarire ku babitumirwamo.
-
Aho imbwa yanyura sinahatambuka - Kazungu yongeye gutakambira urukiko
13 June, by ISIMBI EstellaNyuma yo gutanga ubujurire ku mwanzuro w’urukiko wo ku wa 08 Werurwe 2024, Kazungu Dennis yaburanye ku bujurire bwe asaba ko yagabanyirizwa igihano.
-
Imyitwarire ya Nkaka muri filime yatumye abengwa n’uwo yari agiye gushaka
12 June, by ISIMBI EstellaGakwaya Celestin, wamamaye muri Sinema nyarwanda nka Nkaka yatangaje ko yabenzwe n’umukobwa bari bagiye kurushinga bitewe n’imyitwarire y’umukinnyi aba yahawe (Character), gukina muri filime.
-
Ingabo za SAMIDRC zatashye zinyuze mu Rwanda
12 June, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo zari mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (SAMIDRC) zatashye kuri uyu wa 12 Kamena 2025, zinyuze mu Rwanda.
-
Amerika yatangiye kubura abakozi nyuma yo kwirukana abimukira
13 June, by ISIMBI EstellaInzego zirimo ubuhinzi n’ubworozi n’urwego rw’amahoteli, ni zimwe mu ziri kugirwaho ingaruka n’icyemezo cya Perezida Donald Trump cyo kwirukana abimukira bose badafite ibyangombwa, bari muri Amerika mu buryo butemewe n’amategeko.
-
U Buhinde: Indege yari itwaye abagenzi 244 yakoze impanuka
12 June, by ISIMBI EstellaIndege ya Air India yo mu bwoko bwa Boeing 787 yarimo abantu 244 yakoze impanuka nyuma y’igihe gito ihagurutse mu Mujyi wa Ahmedabad mu Burengerazuba bw’u Buhinde yerekeza ku kibuga kitwa Gatwick cya London, mu Bwongereza.
-
Umugore wa mbere muremure ku Isi akoresha imyanya itandatu mu ndege
12 June, by ISIMBI EstellaRumeysa Gelgi wo muri Turikiya ufite agahigo ko kuba umugore wa mbere muremure ku Isi, mu rugendo yitegura gukorera mu bihugu bitandukanye, byasabye ko afata imyanya itandatu yo mu ndege ndetse akagendera kuri ‘brancard’ y’umwihariko.
-
Putin yongeye guhabya amahanga kuberaa ubushobozi bw’intwaro kirimbuzi afite
12 June, by Joseph IradukundaPerezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yongeye kwigamba ubushobozi bw’u Burusiya mu bijyanye n’intwaro kirimbuzi, avuga ko ari iza mbere ku Isi mu kuba nyinshi no kugira ikoranabuhanga rigezweho.
-
Abacuruzi bakomeye mu Majyaruguru n’Iburengerazuba benga inzoga z’inkorano bikitirirwa abaturage bahagurukiwe
13 June, by ISHIMWE Jean de DieuGuverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Mugabowagahunde Maurice yatangaje ko iyo ntara n’iy’Iburengerazuba zigiye guca burundu inzoga z’inkorano kuko byamaze kumenyekana ko hari abacuruzi bakomeye bazenga ari nyinshi bikitirirwa abaturage basanzwe.