Perezida Trump yatangaje ko igikorwa cya gisirikare cy’Amerika cyo kuyobora amato yaheze mu Kigobe cy’Abarabu akanyura mu muhora wa Hormuz kizaba gihagaritswe by’igihe gito. Ntabwo yavuze icyo gihe gito ariko bizakorwa ku bwumvikane bushingiye ku masezerano y’impande zombi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Iran iri gupfukamisha Amerika mu nzira zose
6 May, by ISIMBI Estella -
‘Indege y’Imperuka’ ya Amerika yatunguranye
10 January, by ISIMBI EstellaIndege y’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe Ubumwe za Amerika yiswe iy’imperuka, yagaragaye mu ruhame bwa mbere mu myaka 53 ishize.
-
Karasira Aimable agiye gufungurwa
6 May, by Angeline MUKANGENZIUzaramba Karasira Aimable wamenyekanye nka Prof Nigga wahamijwe icyaha cyo gukurura amacakubiri muri rubanda, agiye gufungurwa nyuma yo kurangiza igihano cye cy’igifungo cy’imyaka itanu yari yakatiwe.
-
Uganda: Umugore afunzwe azira kugaburira umwana inshinge 46
6 May, by Angeline MUKANGENZIUmugore w’imyaka 45 wo muri Uganda, Juliet Tushabeomwe, yafunzwe nyuma yo guhatiriza umwana w’imyaka umunani abereye mukase kumira inshinge 46 zifashishwa mu kudoda.
-
Amerika yashyize igitutu kuri Loni ngo ifunguze Hormuz
6 May, by Angeline MUKANGENZILeta Zunze Ubumwe za Amerika zagaragaje ko Umuryango w’Abibumbye nudasaba Iran guhagarika ibikorwa byo gufunga Umuyoboro wa Hormuz unyuramo ubwato bwinshi butwara ibikomoka kuri peteroli, uzafatwa nk’utagira akamaro.
-
Umugabo yishe umwana we kubera ibiryo
6 May, by ISIMBI EstellaUmugabo wo muri Uganda mu gace ka Mughete, Zalimon Bwambale, yishe umwana we ubwo yatonganaga n’umugore we bapfa ibiryo.
-
Sassou Nguesso yashimangiye ko atazafata uruhande hagati y’u Rwanda na RDC
6 May, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Repubulika ya Congo, Denis Sassou Nguesso, yashimangiye ko atazafata uruhande mu bibazo biri hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuko ibi bihugu byombi ari inshuti kandi ko bizakomeza kuba uko.
-
Indishyi Uganda yahaye RDC zaranyerejwe
6 May, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ubutabera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Guillaume Ngefa, yagaragarije Sena ko indishyi Uganda yahaye igihugu cyabo kubera ibyaha ingabo zayo zakoreye mu Mujyi wa Kisangani mu myaka irenga 20 ishize, yanyerejwe bikomeye.
-
Perezida Kagame yatangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri muri Botswana
6 May, by Angeline MUKANGENZIPerezida Paul Kagame yageze i Gaborone muri Botswana, mu ruzinduko rw’iminsi ibiri agiye kugirira muri iki gihugu cyo muri Afurika y’amajyepfo.
-
Uganda: Afunzwe akekwaho kurya umugore we
5 May, by ISIMBI EstellaPolisi yo mu Karere ka Kyenjojo muri Uganda yataye muri yombi umugabo w’imyaka 40 akekwaho kwica umugore we no kumurya.
Umuryango.rw
Iran iri gupfukamisha Amerika mu nzira zose
‘Indege y’Imperuka’ ya Amerika yatunguranye
Karasira Aimable agiye gufungurwa
Uganda: Umugore afunzwe azira kugaburira umwana inshinge 46
Amerika yashyize igitutu kuri Loni ngo ifunguze Hormuz
Umugabo yishe umwana we kubera ibiryo
Sassou Nguesso yashimangiye ko atazafata uruhande hagati y’u Rwanda na RDC
Indishyi Uganda yahaye RDC zaranyerejwe
Perezida Kagame yatangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri muri Botswana
Uganda: Afunzwe akekwaho kurya umugore we