Umugabo w’imyaka 40 wo mu Karere ka Migori mu Majyepfo ya Kenya yakomerekejwe bikomeye n’abavandimwe be nyuma yo kugerageza kumujyana kumusiramuza ku ngufu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kenya: Umugabo yakomerekejwe bikomeye n’abavandimwe be bashatse kumusiramuza ku ngufu
7 January, by ISIMBI Estella -
Eddy Kenzo watewe imijugujugu n’abanya-Uganda muri Grammy Awards ntiyarenze umutaru
2 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’Umunya-Uganda Eddy Kenzo yongeye gutsindwa ku nshuro ye ya kabiri mu bihembo bya Grammy Awards, ariko izina rye riracyagaragara ku rwego mpuzamahanga mu muziki.
-
RIB yerekanye abakurikiranyweho gusambanya abantu ku gahato
10 March, by ISIMBI EstellaKu wa 10 Werurwe 2026 Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwerekanye abagabo babiri bakurikiranyweho ibyaha birimo kwambura abantu no kubasambanya ku gahato babashukishije kubaha akazi.
-
Gen Ntumba ushinzwe ibikorwa by’igisirikare mu biro bya Tshisekedi ari mu mazi abira
18 July 2025, by Joseph IradukundaUmuyobozi ushinzwe ibikorwa by’igisirikare mu ngoro ya Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Gen Franck Ntumba Buamunda, akekwaho umugambi wo kugirira nabi Umukuru w’Igihugu.
-
Umugore warashe kwa Rihanna ashobora gufungwa burundu
11 March, by ISIMBI EstellaIvanna Ortiz w’imyaka 35 y’amavuko, ushinjwa kurasa ku nzu ya Rihana na A$AP Rocky iherereye i Beverly Hills, ashobora gukatirwa gufungwa burundu nyuma y’uko ashinjwe ibyaha 14 byo mu rwego rwo hejuru birimo no kugambirira kwica.
-
Ubutumwa bwa mbere bw’umuyobozi wo hejuru muri AFC/M23 buca amarenga y’urupfu rwa Willy Ngoma
25 February, by Angeline MUKANGENZIMu butumwa budatomora ku bijyanye n’urupfu rw’Umuvugizi w’igisirikare cya AFC/M23, Lt Col Willy Ngoma, Umuhuzabikorwa Wungirije w’iri Huriro, Bertrand Bisimwa yatangaje ko urugamba rw’impinduramatwara igihe cyose rugira intwari zimena amaraso zikitangira kubohora Igihugu.
-
Banki Nkuru z’u Rwanda na Kenya ziyemeje ubufatanye mu by’imari
12 March, by ISIMBI EstellaBanki Nkuru y’u Rwanda (BNR) n’iya Kenya (CBK) bashyize umukono ku masezerano agamije koroherezanya guhanahana impushya mu bijyanye na serivisi zikoresheje ikoranabuhanga (Fintech License Passporting) mu bigo by’imari n’amabanki, yitezweho koroshya imikorere y’ibigo bitanga serivisi zo kwishyurana n’ibigo by’imari hagati y’u Rwanda na Kenya.
-
Bull Dogg, B-Threy na Logan Joe bagiye guhurira mu gitaramo
3 February, by ISHIMWE Jean de DieuAbakunzi ba Hip Hop mu Rwanda bongeye gutekerezwaho kuko bagiye gutaramirwa n’abahanzi bakomeye barimo Bull Dogg, B-Threy na Logan Joe. Aba bazahurira ku rubyiniro rwa Mic Tribe 2026.
-
Iran yagabye ibitero bishya kuri Israel
9 March, by Angeline MUKANGENZIIran yongeye kugaba ibitero kuri Israel no mu bindi bihugu bituranye na yo, mu kwihimura ku bitero byahitanye Ayatollah Ali Khamenei wahoze ari Umuyobozi w’Ikirenga wayo.
-
RDF yashimiye abasirikare batangiye ikiruhuko cy’izabukuru
29 July 2025, by Joseph IradukundaUbuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwasezeye ku basirikare bageze ku myaka y’ikiruhuko cy’izabukuru mu birori byo kubashimira umurimo w’indashyikirwa bakoreye Igihugu.
Umuryango.rw
Kenya: Umugabo yakomerekejwe bikomeye n’abavandimwe be bashatse kumusiramuza ku ngufu
Eddy Kenzo watewe imijugujugu n’abanya-Uganda muri Grammy Awards ntiyarenze umutaru
RIB yerekanye abakurikiranyweho gusambanya abantu ku gahato
Gen Ntumba ushinzwe ibikorwa by’igisirikare mu biro bya Tshisekedi ari mu mazi abira
Umugore warashe kwa Rihanna ashobora gufungwa burundu
Banki Nkuru z’u Rwanda na Kenya ziyemeje ubufatanye mu by’imari
Bull Dogg, B-Threy na Logan Joe bagiye guhurira mu gitaramo
RDF yashimiye abasirikare batangiye ikiruhuko cy’izabukuru