Abaturage bo mu Karere ka Kirehe bafatanyije n’ubuyobozi bw’aka Karere bashumbushije umworozi witwa Mutarambirwa Patrick wapfushije amatungo 33 arimo inka 15 ndetse n’intama 18, bamuha inka 25 bitewe n’uko asanzwe ababanira neza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kirehe: Yahawe inka 25 nyuma y’uko inkuba imwiciye amatungo 33
4 May, by ISIMBI Estella -
Kinshasa: Abakekwaho ubujura barenga ibihumbi 7 bafunzwe
6 January, by ISIMBI EstellaUbutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo buvuga ko kuva mu Kuboza 2025, bumaze guta muri yombi, abantu barenga ibihumbi umunani basanzwe bakora ibikorwa by’ubugizi bwa nabi n’ububandi.
-
Minisiteri yibikorwa remezo itangaje impamvu y’ibura ry’umuriro rikomeje kugaragara henshi mu gihugu
6 January, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Ibikorwaremezo (MININFRA) yasabye imbabazi Abanyarwanda kubera ibura rikomeye ry’umuriro w’amashanyarazi ryibasiye igihugu mu minsi ishize, rigahungabanya ibikorwa bitandukanye by’ubukungu n’imibereho y’abaturage.
-
Ndabizeza ko ari njye mwicaranye hano - Perezida Kagame yatanze ukuri ku bashidikanya ku buzima bwe
4 July 2025, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame yashimangiye ko ari muzima ndetse agaragaza ko atumva impamvu kuba yarwara cyangwa akagira ikibazo cy’ubuzima bishobora kuba ikintu kidasanzwe kandi na we ari ikiremwamuntu.
-
Zelenskyy yongeye gutera utwatsi ibyo guharira u Burusiya ubutaka
25 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yashimangiye ko Abanya-Ukraine bazakomeza kurwanira kuguma ku butaka bwabo, burimo n’ubwigaruriwe n’u Burusiya kuri ubu.
-
Chris Brown yajyanywe mu nkiko n’uwahoze ari umugore we
5 May, by ISIMBI EstellaUmuhanzi Chris Brown yajyanywe mu nkiko na Diamond Brown, wahoze ari umugore we, amushinja kutita ku mwana w’umukobwa babyaranye.
-
Impunzi z’Abanye-Congo ziri gupfira mu nkambi i Burundi
6 January, by ISIMBI EstellaImpunzi z’Abanye-Congo zibarizwa mu nkambi zo Burundi, zigowe n’ibibazo by’ubuzima ku buryo abagera ku 105 bamaze kwitaba Imana mu byumweru bibiri bishize.
-
Dauda Yussif- Girumugisha Jean Claude ku bakinnyi beza yabonye mu Rwanda
4 May, by ISHIMWE Jean de DieuUmurundi Girumugisha Jean Claude ukinira ikipe ya Al Hilal SC yo muri Sudani iri gukina Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda 2025-2026 nk’umushyitsi yavuze ko Dauda Yussif ukinira APR FC ari umwe mu bakinnyi beza yabonye mu Rwanda.
-
Umukobwa yaguye ku iseta bari kumwongerera amabuno
11 March, by ISIMBI EstellaIbiharawe muri iyi minsi byo kwiyongeresha amabuno bikunze kwitwa ’BBL’ Brazilian But Lift’ biri guhitana ubuzima bwa benshi kurusha ubundi buvuzi bwabayeho mu bijyanye no kwibagisha’Surgery’.
-
M23 yishe Colonel Ukwishaka wari mu bayobozi bakuru ba FDLR
27 February, by Angeline MUKANGENZIAmakuru aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aravuga ko ingabo z’umutwe wa AFC/M23 zishe Colonel Ukwishaka Nouvelle wari umwe mu bayobozi bakuru b’umutwe wa FDLR.
Umuryango.rw
Kirehe: Yahawe inka 25 nyuma y’uko inkuba imwiciye amatungo 33
Kinshasa: Abakekwaho ubujura barenga ibihumbi 7 bafunzwe
Minisiteri yibikorwa remezo itangaje impamvu y’ibura ry’umuriro rikomeje kugaragara henshi mu gihugu
Ndabizeza ko ari njye mwicaranye hano - Perezida Kagame yatanze ukuri ku bashidikanya ku buzima bwe
Zelenskyy yongeye gutera utwatsi ibyo guharira u Burusiya ubutaka
Chris Brown yajyanywe mu nkiko n’uwahoze ari umugore we
Impunzi z’Abanye-Congo ziri gupfira mu nkambi i Burundi
Dauda Yussif- Girumugisha Jean Claude ku bakinnyi beza yabonye mu Rwanda
Umukobwa yaguye ku iseta bari kumwongerera amabuno
M23 yishe Colonel Ukwishaka wari mu bayobozi bakuru ba FDLR