Abagabo babiri bo mu Karere ka Burera mu mirenge ya Rwerere na Cyeru, bakubiswe n’inkuba barapfa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Burera: Abagabo babiri bakubiswe n’inkuba barapfa
4 May, by ISIMBI Estella -
Kenya: Umugabo yakomerekejwe bikomeye n’abavandimwe be bashatse kumusiramuza ku ngufu
7 January, by ISIMBI EstellaUmugabo w’imyaka 40 wo mu Karere ka Migori mu Majyepfo ya Kenya yakomerekejwe bikomeye n’abavandimwe be nyuma yo kugerageza kumujyana kumusiramuza ku ngufu.
-
Ibitaro bya CHUK bizatangira kwimukira i Masaka muri Werurwe 2026
13 February, by ISIMBI EstellaNyuma y’uko imirimo yo kubaka ibitaro bishya bya Kaminuza bya Kigali (CHUK) igeze ku musozo, hatangajwe ko bizimuka aho bisanzwe bikorera muri Werurwe 2026.
-
Kenya: Boniface Mwangi yatangaje ko aziyamamariza kuba Perezida
28 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuBoniface Mwangi utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kenya akaba n’impirimbanyi y’uburenganzira bwa muntu kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27 Kamena 2025, yatangaje ko aziyamamaza mu matora y’Umukuru w’Ugihugu mu mwaka wa 2027.
-
Ngororero: Abayobozi b’ibigo by’amashuri bashishikarijwe kwita ku micungire y’ibigo
10 November 2025, by ISIMBI EstellaInzego zitandukanye mu Karere ka Ngororero zaganiriye ku ngingo zitandukanye, ku kijyanye n’abana bata ishuri, abayobozi bashishikarizwa kurushaho kwita ku bana bata ishuri.
-
Afurika y’Epfo ku gitutu cy’ubugizi bwa nabi buri gukorerwa abanyamahanga bayibamo
3 May, by Angeline MUKANGENZINigeria yahamagaje Ambasaderi w’Agateganyo wa Afurika y’Epfo muri iki gihugu, aho ishaka ibisobanuro ku bitero bikomeje kugabwa ku banyamahanga barimo n’Abanya-Nigeria, muri iki gihugu cyo mu Majyepfo ya Afurika.
-
Ba Perezida 2 baburiye Ndayishimiye ku mugambi we wo gutera u Rwanda
23 April, by ISIMBI EstellaPerezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi biravugwa ko aherutse guhamagarwa na ba Perezida b’ibihugu bibiri byo mu karere, bakamuburira ku mugambi wo gutera u Rwanda amaze igihe afite.
-
Tshisekedi ntiyemera ko ingabo za RDC zatsindiwe muri Uvira
22 December 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yagaragaje ko atemera ko ingabo z’igihugu cye zatsinzwe n’ihuriro AFC/M23 mu rugamba rwabereye muri teritwari ya Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
-
Umugabo wajyanye umurambo kuri Banki kuwusabisha amafaranga yabivuzeho birambuye
30 April, by ISHIMWE Jean de DieuUmugabo w’imyaka 52 wo mu Burasirazuba bw’u Buhindi, uherutse kugaragara yikoreye umurambo wumye wa mushiki we awujyanye kuri Banki ngo bamuhe amafaranga y’umuvandimwe we, yavuze ko yabitewe n’umujinya wo gusiragizwa n’umuyobozi w’iriya banki wamusabaga kuzana nyiri ayo mafaranga cyangwa ikimenyetso cyerekana ko yapfuye.
-
LINDA Alvin Ari Admilla Nero Barin yasabye guhindura amazina akitwa LINDA ARI ADMILA JOSHUA
29 December 2025, by ISIMBI EstellaLINDA Alvin Ari Admilla Nero Barin yasabye guhindura amazina akitwa LINDA ARI ADMILA JOSHUA mu bitabo by’irangamimerere!
Umuryango.rw
Burera: Abagabo babiri bakubiswe n’inkuba barapfa
Kenya: Umugabo yakomerekejwe bikomeye n’abavandimwe be bashatse kumusiramuza ku ngufu
Ibitaro bya CHUK bizatangira kwimukira i Masaka muri Werurwe 2026
Kenya: Boniface Mwangi yatangaje ko aziyamamariza kuba Perezida
Ngororero: Abayobozi b’ibigo by’amashuri bashishikarijwe kwita ku micungire y’ibigo
Afurika y’Epfo ku gitutu cy’ubugizi bwa nabi buri gukorerwa abanyamahanga bayibamo
Ba Perezida 2 baburiye Ndayishimiye ku mugambi we wo gutera u Rwanda
Tshisekedi ntiyemera ko ingabo za RDC zatsindiwe muri Uvira
Umugabo wajyanye umurambo kuri Banki kuwusabisha amafaranga yabivuzeho birambuye
LINDA Alvin Ari Admilla Nero Barin yasabye guhindura amazina akitwa LINDA ARI ADMILA JOSHUA