Suze Lopez ari mu byishimo bikomeye nyuma y’uko abyaye umwana w’umuhungu mu buryo na we atasobanura, kuko uburyo yamutwisemo budasanzwe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umugore watwitiye hanze ya nyababyeyi yabyaye umwana muzima, bitangaza benshi
30 December 2025, by ISIMBI Estella -
Kenya: Umudepite yaguye mu mpanuka y’indege
1 March, by Angeline MUKANGENZIInzego z’Ubuyobozi muri Kenya zatangaje ko mu mpanuka y’indege yabereye muri iki gihugu yaguyemo abantu batandatu hari harimo n’umudepite, Johana Ng’eno.
-
Tems yakuyeho agahigo ka Tyla kuri Spotify
24 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzikazi wo muri Nigeria, Temilade Openiyi uzwi cyane ku izina rya Tems, yongeye kwandika amateka mu muziki wa Afurika nyuma yo kuba umuhanzi wa mbere muri Afurika ufite abamwumva benshi buri kwezi ku rubuga rwa Spotify.
-
Uko byagenze ngo hahagarikwe burundu umugambi w’ibihano America yari igiye gufatira u Rwanda
27 February, by Angeline MUKANGENZIHagiye hanze amakuru avuga ko ibihano Leta Zunze Ubumwe za America zateganyaga gufatira u Rwanda, byahagaritswe burundu kubera dipolomasi yo ku rwego rwo hejuru ya Perezida Paul kagame.
-
Ubwiru n’amayeri abagore bakoresha baryarya abagabo
4 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbagabo benshi ntibamenya uburyo bamwe mu bagore babakoresha nk’ibikoresho kugeza igihe bamenyeye ukuri byamaze kubagiraho ingaruka. Dore amwe mu mayeri akoreshwa cyane:
-
Reddit yaciwe miliyari 27 Frw izijijwe kutabungabunga amakuru y’abana
25 February, by Angeline MUKANGENZIIperereza ryakozwe n’Ikigo cyo mu Bwongereza gishinzwe kurinda amakuru, ryerekanye ko Urubuga nkoranyambaga rwa Reddit rwateshutse ku kurinda amakuru y’abana bo muri iki gihugu, bituma rucibwa miliyoni 14 z’Amapawundi (arenga miliyari 27 Frw).
-
Biravugwa ko Lt Col Willy Ngoma wa AFC/M23 yamaze gushyingurwa
27 February, by Angeline MUKANGENZIAmakuru aravuga Lt Col Willy Ngoma wari Umuvugizi w’igisirikare cya AFC/M23 uherutse kwicwa arasiwe mu gitero cya Drone za FARDC hafi y’agace ka Rubaya, yamaze gushyingurwa mu mashyamba yo muri Teritwari ya Masisi.
-
Ibaruwa yanditswe n’uwarokotse impanuka ya Titanic yagurishijwe Amadolari 400,000
30 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu Bwongereza, ibaruwa yanditswe n’uwarokotse impanuka yavuzwe cyane, y’ubwato bunini bwa Titanic yagurishijwe Amadolari 400,000 (asaga Miliyoni 566 z’Amafaranga y’u Rwanda) mu cyamunara.
-
Perezida Trump yateguje urupfu umuhungu wa Ali Ayotallah
9 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), Donald Trump yavuze ko nta Muyobozi mushya w’Ikirenga wa Iran uzamara igihe kinini kuri uwo mwanya atabigizemo uruhare nyuma yuko icyo gihugu cyemeje Mojtaba Khamenei nk’Umuyobozi w’Ikirenga.
-
Zeo Trap yinjije ibihangano bye mu bucuruzi bwo kuri ‘Website’
28 January, by ISHIMWE Jean de DieuUmuraperi wamamaye mu muziki nyarwanda nka Zeo Trap yatangaje ko agiye gutangira gucuruza ibihangano bye abinyujije ku rubuga rwa Website, mbere y’uko abishyira ku mbuga zisanzwe zicururizwaho umuziki, mu rwego rwo kwagura no guha agaciro urugendo rwe rw’umuziki.
Umuryango.rw
Umugore watwitiye hanze ya nyababyeyi yabyaye umwana muzima, bitangaza benshi
Tems yakuyeho agahigo ka Tyla kuri Spotify
Ubwiru n’amayeri abagore bakoresha baryarya abagabo
Reddit yaciwe miliyari 27 Frw izijijwe kutabungabunga amakuru y’abana
Ibaruwa yanditswe n’uwarokotse impanuka ya Titanic yagurishijwe Amadolari 400,000
Perezida Trump yateguje urupfu umuhungu wa Ali Ayotallah
Zeo Trap yinjije ibihangano bye mu bucuruzi bwo kuri ‘Website’