Umuraperi wamenyekanye cyane mu muziki nyarwanda, Ndayishimiye Mark Bertrand uzwi nka Bull Dogg, yatangaje ko itsinda rya Tuff Gang rigeze kure imyiteguro yo gusohora Album bahuriyeho, izumvikanaho ijwi rya nyakwigendera Tuyishimire Joshua wamamaye nka Jay Polly.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Jay Polly azumvikana kuri Album ya Tuff Gang
23 December 2025, by ISIMBI Estella -
EVERHEALTHY:Umuti uzwiho gusubiza icyubahiro Abago mu ngo zabo
22 July 2025, by UbwanditsiEVERHEALTHY ni umuti unywa rimwe buri joro ugiye kuryama ukamara iminsi irindwi gusa, ariko ku munsi wa kabiri cyangwa uwa gatatu uba usubiranye imbaraga zihagije zituma ukora amabanga y’abashakanye mu buryo bwizewe.
-
RBC yibukije ko umwe mu bantu babiri bafite Diabètes aba atabizi, iburira Abanyarwanda
13 November 2025, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyibukije Abanyarwanda ko hari ubushakashatsi buheruka kugaragaza ko 44% by’abafite indwara ya Diabètes ku Isi batabizi.
-
Stade Amahoro igiye gukoreshwamo VAR muri CAF Champions League
21 February, by Angeline MUKANGENZIImpuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF), yemeje ko imikino ya ¼ cya CAF Champions League izakoreshwamo ikoranabuhanga rya VAR, bivuze ko izifashishwa muri Stade Amahoro iberamo imikino Al Hilal SC yakiriye.
-
Kenya yafunze ukekwaho kujyana abaturage bayo kurwanira u Burusiya
26 February, by Angeline MUKANGENZIInzego z’ubuyobozi muri Kenya, zataye muri yombi umugabo ukekwaho kohereza abanyakenya 25 kujya kurwanira u Burusiya mu ntambara buhanganyemo na Ukraine.
-
Zelenskyy yongeye gutera utwatsi ibyo guharira u Burusiya ubutaka
25 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yashimangiye ko Abanya-Ukraine bazakomeza kurwanira kuguma ku butaka bwabo, burimo n’ubwigaruriwe n’u Burusiya kuri ubu.
-
Bamporiki yagaragaje ko ashyigikiye ibitaramo bya Bruce Melodie na The Ben
9 February, by Angeline MUKANGENZIBamporiki Edouard abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, yagaragaje ko ashyigikiye guhuza imbaraga kwa Bruce Melodie na The Ben bagiye guhurira mu bitaramo bizenguruka Igihugu.
-
Christopher Muneza yasabye ko ihangana rya The Ben na Bruce Melodie ritapfukirana izindi mpano
27 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmuririmbyi Muneza Christopher, wamamaye nka Christopher mu muziki nyarwanda, yatangaje ko gukabya guha umwanya inkuru z’ihangana rivugwa hagati ya The Ben na Bruce Melodie bishobora gutuma izindi mpano zikomeye zitabonwa uko bikwiye.
-
Mackenzi yasabye Kiyovu Sports yugarijwe n’ibibazo gusesa amasezerano
15 January 2025, by Joseph IradukundaNyuma yo guhagarika akazi ayishinja kutubaha ibikubiye mu masezerano bagiranye, Nizigiyimana Karim uzwi nka Mackenzi ukina ku ruhande rw’iburyo mu bwugarizi, yahisemo kwandikira iyi kipe ayimenyesha ko yamaze gusesa amasezerano y’umwaka umwe yari aherutse gusinyira iyi kipe.
-
Uko wakunda bundi bushya nyuma yo gukomerekera mu rukundo
20 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuWigeze ukunda umuntu bikarangira ubibabariyemo ugakomereka umutima ku buryo wumva wazinutswe gukunda? Nta cyizere wumva uzongera kugirira uwo ari we wese mu rukundo? Waba warakunze umuntu ukamwimariramo ukamwiha wese utamubangikanya n’undi hanyuma akaguhemukira ndetse ukamenya ko yanakubeshyaga akuryarya agutendeka anaguca inyuma? Hano, inzobere mu by’urukundo n’imibanire ziragusobanurira inzira wacamo ukongera ukabona urukundo ugakunda ugakundwa ukanyurwa n’uburyohe bw’urukundo gabo gore. (…)
Umuryango.rw
Jay Polly azumvikana kuri Album ya Tuff Gang
EVERHEALTHY:Umuti uzwiho gusubiza icyubahiro Abago mu ngo zabo
RBC yibukije ko umwe mu bantu babiri bafite Diabètes aba atabizi, iburira Abanyarwanda
Stade Amahoro igiye gukoreshwamo VAR muri CAF Champions League
Kenya yafunze ukekwaho kujyana abaturage bayo kurwanira u Burusiya
Zelenskyy yongeye gutera utwatsi ibyo guharira u Burusiya ubutaka
Bamporiki yagaragaje ko ashyigikiye ibitaramo bya Bruce Melodie na The Ben
Christopher Muneza yasabye ko ihangana rya The Ben na Bruce Melodie ritapfukirana izindi mpano
Mackenzi yasabye Kiyovu Sports yugarijwe n’ibibazo gusesa amasezerano
Uko wakunda bundi bushya nyuma yo gukomerekera mu rukundo