Umusore w’imyaka 33 witwa Nzeyimana, yasanzwe mu murima w’ibirayi wa Niyireba Eric yapfuye, mu Murenge wa Kinigi, Akagari ka Bisoke, Umudugudu wa Bunyenyeri mugitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 22 Nyakanga 2025 saa kumi n’ebyiri n’igice, kugeza ubu hakaba hataramenyekana icyamwishe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Musanze: Umusore w’imyaka 33 bamusanze mu murima w’ibirayi yapfuye
22 July 2025, by Joseph Iradukunda -
Muri Gashaki bari guhitamo kwivuza magendu nyuma yo kubura serivise z’amenyo
28 July 2025, by Joseph IradukundaBamwe mu baturage bo mu Murenge wa Gashaki mu Karere ka Musanze, bavuga ko bamaze igihe kinini baratakaje icyizere cyo kubona serivisi z’ubuvuzi bw’amenyo mu kigo nderabuzima cya Gashaki, bigatuma bajya kwivuza mu buryo bwa magendu, bavurwa n’abantu batabifitiye ubumenyi n’ibikoresho bidafite isuku.
-
Skol yateguye igitaramo gikomeye muri Kigali Universal kizitabirwa na ba Bushali, Riderman, Bulldogg Papa Cyangwe n’Abandi.
14 November 2024, by UbwanditsiKuri uyu wa gatandatu taliki 16/11/2024, Skol ibinyujije mu kinyobwa cyayo cya Skol Malt yateguye igitaramo gikomeye kizitabirwa n’abahanzi bakomeye hano mu Rwanda bazwiho guhagurutsa imbaga kizabera muri Kigali Universel (hejuru muri CHIC), imiryango ikazaba ifunguye kuva saa kumi z’umugoroba!
-
Museveni asanga ibyo Amerika yakoze muri Venezuela bikwiye gukangura Abanyafurika
7 January, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yavuze ko igitero Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye kuri Venezuela ari isomo rikomeye ku Banyafurika, ribibutsa akamaro ko kwishyira hamwe no gushyira imbere umutekano w’umugabane wa Afurika mu buryo bufatika.
-
Nyamasheke: Ikigo Nderabuzima cya Yove kigiye kongererwa ubushobozi mu korohereza abaturiye Pariki ya Nyungwe
21 August 2025, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke bwatangaje ko muri uyu mwaka w’ingengo y’imari wa 2025/2026 bazatangira umushinga wo kwagura no kongerera ubushobozi Ikigo Nderabuzima cya Yove, mu rwego rwo kwegereza serivisi z’ubuvuzi abaturiye Pariki ya Nyungwe.
-
Ngoma : Hatanzwe Imbagukiragutabara ifite agaciro ka miliyoni 140 frw
6 March, by ISIMBI EstellaIbitaro byigisha ku rwego rwa Kabiri bya Kibungo byahawe imbagukiragutabara ifite agaciro ka miliyoni 140 frw. Iyo mbangukiragutabara ikazagira uruhare mu gufasha abaturage kubona serivisi z’ubutabazi zihuse.
-
REG yateguje ibura ry’amashanyarazi rizamara umunsi wose mu turere dutatu
11 November 2025, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu gishinzwe Ingufu (REG) cyatangaje ko mu turere twa Gicumbi, Nyagatare na Gatsibo hagiye kuba ibura ry’amashanyarazi rizamara umunsi wose, ndetse n’amasaha ane mu bice bimwe by’Umujyi wa Kigali, hagamijwe kwagura imiyoboro y’amashanyarazi.
-
Nyaxo yasabye imbabazi nyuma yaho akoreye ‘Live ya Tik Tok’ itajyanye n’ibihe byo Kwibuka
12 April 2025, by ISIMBI EstellaAbinyujije ku mbuga nkoranyambaga zose akoresha umunyarwenya Kanyabugande Olivier uzwi nka Nyaxo, yasabye imbabazi abamukurikira n’Abanyarwanda muri rusange, nyuma yo gutegura ‘Live ya Tik Tok’ itajyanye n’ibihe byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi igihugu kirimo.
-
Ibaruwa yanditswe n’uwarokotse impanuka ya Titanic yagurishijwe Amadolari 400,000
30 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu Bwongereza, ibaruwa yanditswe n’uwarokotse impanuka yavuzwe cyane, y’ubwato bunini bwa Titanic yagurishijwe Amadolari 400,000 (asaga Miliyoni 566 z’Amafaranga y’u Rwanda) mu cyamunara.
-
Sida ntivurwa n’amasengesho- RBC
22 July 2025, by Joseph IradukundaUbuyobozi bw’ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima bugaragaza ko Virusi itera Sida itavuzwa n’amasengesho kuko kugabanuka kw’ingano yayo mu mubiri hari abashobora kubyita ukundi, bikagera n’aho umuntu avuga ko yasengewe agakira ariko atari byo kuko nta muti nta n’urukingo igira.
Umuryango.rw
Musanze: Umusore w’imyaka 33 bamusanze mu murima w’ibirayi yapfuye
Muri Gashaki bari guhitamo kwivuza magendu nyuma yo kubura serivise z’amenyo
Skol yateguye igitaramo gikomeye muri Kigali Universal kizitabirwa na ba Bushali, Riderman, Bulldogg Papa Cyangwe n’Abandi.
Museveni asanga ibyo Amerika yakoze muri Venezuela bikwiye gukangura Abanyafurika
Nyamasheke: Ikigo Nderabuzima cya Yove kigiye kongererwa ubushobozi mu korohereza abaturiye Pariki ya Nyungwe
Ngoma : Hatanzwe Imbagukiragutabara ifite agaciro ka miliyoni 140 frw
REG yateguje ibura ry’amashanyarazi rizamara umunsi wose mu turere dutatu
Nyaxo yasabye imbabazi nyuma yaho akoreye ‘Live ya Tik Tok’ itajyanye n’ibihe byo Kwibuka
Ibaruwa yanditswe n’uwarokotse impanuka ya Titanic yagurishijwe Amadolari 400,000
Sida ntivurwa n’amasengesho- RBC