Minisitiri w’Intebe, Dr. Nsengiyumva Justin, n’abandi bayobozi batandukanye bifatanyije n’abaturage b’Imirenge ya Mageragere na Gahanga yo mu Turere twa Nyarugenge na Kicukiro mu Mujyi wa Kigali no mu nkengero zaho mu muganda rusange usoza ukwezi kwa Gashyantare.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kigali: Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva yifatanyije n’abaturage mu muganda rusange
28 February, by ISIMBI Estella -
Abagororwa bizihije iminsi mikuru isoza umwaka wa 2025
23 December 2025, by ISIMBI EstellaUrwego Rushinzwe Igorora mu Rwanda (RCS) n’abafanyabikorwa mu nzego z’ubutabera harimo n’Umuryango Ikiraro Nyarwanda giharanira Ubutabera (Rwanda Bridges to Justice, RBJ) bifatanyije n’Imfungwa n’Abagororwa bo mu Igorerero rya Nyarugenge, kwizihiza iminsi mikuru isoza umwaka wa 2025.
-
Umugore wa Tshisekedi yamusabiye amasengesho
9 March, by Angeline MUKANGENZIUmugore wa Perezida Félix Tshisekedi uyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Denise Nyakeru, yasabye Abanye-Congo gusengera umugabo we kugira ngo azashobore gutsinda intambara nyinshi ari kurwana.
-
Ambasaderi Wungirije wa Uganda mu Rwanda yapfuye
3 March, by Angeline MUKANGENZIMinisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Laker Kinyera wakoreraga muri Ambasade ya Uganda mu Rwanda yitabye Imana aguye mu Bitaro bya Mulago i Kampala.
-
Samsung yateguje telefone ikunjwa inshuro eshatu
2 December 2025, by ISIMBI EstellaSosiyete y’Ikoranabuhanga ya Samsung yateguje ‘Galaxy Z TriFold’, telefone igezweho ikunjwa inshuro eshatu. Izashyirwa ku isoko ku wa 12 Ukuboza 2025.
-
Abasirikare ba Amerika bari mu ntambara basabwe gusenya ibirindiro byose bya Iran
2 March, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Intambara wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Pete Hegseth, yasabye abasirikare bari mu ntambara kuva tariki ya 28 Gashyantare 2026 ko basenya byose bya Iran bishobora kubangamira umutekano w’igihugu cyabo.
-
Bahawe gatanya, ndetse bongera gushakana inshuro 12
14 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMuri Australia,umugabo n’umugore we barimo gukorwaho iperereza nyuma yo gukeka ko bari mu mukino wo gusezerana no gutandukana.
-
Jürgen Klopp arashyize ahishura icyamukuye muri Liverpool
15 January 2025, by Joseph IradukundaJürgen Klopp wahoze ari umutoza wa Liverpool, yahishuye ko guhora ku gitutu no kutabona umwanya wo kwiga ibintu bishya ari byo byatumye ahagarika umwuga w’ubutoza.
-
UMUNSI ABAHUNGU BA PEREZIDA KAGAME BAKINIRA IKIPE Y’IGIHUGU AMAVUBI.
13 February 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Kagame ntajya ahisha urukundo akunda siporo zitadukanye haba umupira wa maguru , basketball , Tennis , kwirukanka na maguru , kunyonga igare , ndetse n’indi mikino myinshi itandukanye. ninako bigenda kandi ku bana b’umukuru w’igihugu aho iyo babonye umwanya bakora siporo ndetse bagakina imikino inyuranye. muriyi nkuru mutwemerere dufungure indi paji dusubire mu mwaka w’i 2016 umunsi Abahungu ba Perezida Kagame bakinira ikipe y’igihugu Amavubi.
hari mu mukino wabereye kuri Stade (…) -
Abakora mu butabera basabye ko hashyirwaho uburyo bwihariye bwo kuburanisha abana
27 February, by Angeline MUKANGENZIAbakora mu butabera cyane cyane ubw’abana, basabye ko hajyaho uburyo bwihariye bwo kuburanisha abana uhereye ku byumba by’inkiko kugera ku myambaro y’abashinjacyaha ndetse n’abacamanza mu rukiko.
Umuryango.rw
Kigali: Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva yifatanyije n’abaturage mu muganda rusange
Abagororwa bizihije iminsi mikuru isoza umwaka wa 2025
Umugore wa Tshisekedi yamusabiye amasengesho
Ambasaderi Wungirije wa Uganda mu Rwanda yapfuye
Samsung yateguje telefone ikunjwa inshuro eshatu
Abasirikare ba Amerika bari mu ntambara basabwe gusenya ibirindiro byose bya Iran
Bahawe gatanya, ndetse bongera gushakana inshuro 12
Jürgen Klopp arashyize ahishura icyamukuye muri Liverpool
UMUNSI ABAHUNGU BA PEREZIDA KAGAME BAKINIRA IKIPE Y’IGIHUGU AMAVUBI.
Abakora mu butabera basabye ko hashyirwaho uburyo bwihariye bwo kuburanisha abana