Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) riheruka kugaragaza ko muri uyu mwaka wa 2026 rizakoresha ingengo y’imari ingana na miliyari 14,5 Frw.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
FERWAFA izakura he miliyari 14,5 Frw izakoresha mu 2026?
6 January, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Senateri Mureshyankwano: Ibintu bitatu byatumye akunda Inkotanyi bihebuje
9 February, by Angeline MUKANGENZISenateri Mureshyankwano Marie Rose yavuze ko hari ibintu bitatu by’ingenzi bituma akunda Inkotanyi mu buryo buhebuje. Senateri Mureshywankano ntabwo ajya avuga urukundo akunda Inkotanyi ngo rusigane n’uburyo zamuvanye mu mashyamba ya Congo ahunguka kugeza ubwo yinjiye muri Politiki.
-
Agaciro k’ibyibwe mu nzu ndangamurage ya Louvre karenga miliyari 100 Frw
22 October 2025, by ISIMBI EstellaUmushinjacyaha wo mu Bufaransa, Laure Beccuau yatangaje ko ibintu biheruka kwibwa mu Nzu Ndangamurage ya Louvre iherereye i Paris, bifite agaciro k’arenga miliyoni 88 € (hafi miliyari 102 Frw).
-
BAL yifatanyije n’u Rwanda mu Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi
9 April 2025, by ISIMBI EstellaIrushanwa rya Basketball Africa League ryifatanyije n’u Rwanda n’inshuti zarwo mu bihe byo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Aho imbwa yanyura sinahatambuka - Kazungu yongeye gutakambira urukiko
13 June 2025, by ISIMBI EstellaNyuma yo gutanga ubujurire ku mwanzuro w’urukiko wo ku wa 08 Werurwe 2024, Kazungu Dennis yaburanye ku bujurire bwe asaba ko yagabanyirizwa igihano.
-
Burundi: Ufite ‘sim card’ yo mu Rwanda afatwa nk’umugambanyi
25 December 2025, by ISIMBI EstellaLeta y’u Burundi yasabye abaturage kudatunga ‘sim cards’ za sosiyete z’itumanaho zikorera mu Rwanda, imenyesha abazabirengaho ko bazahanwa kuko bafatwa nk’abagambanira igihugu.
-
Polisi y’u Rwanda yatanze umucyo ku mugabo wagaragaye afatwa mu buryo butavugwaho rumwe
7 January, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda yatanze umucyo ku mugabo wagaragaye afatwa mu buryo butavugwaho rumwe
-
Brésil: Umudipolomate wa Amerika yangiwe gusura Bolsonaro wahoze ari Perezida
13 March, by Angeline MUKANGENZIUrukiko rw’Ikirenga muri Brésil rwanze ubusabe bw’abunganira Jair Bolsonaro bashaka ko Umujyanama wa Donald Trump asura Jair Bolsonaro wari Perezida w’iki gihugu wafunzwe.
-
Iran yagabye ibitero bishya kuri Israel
9 March, by Angeline MUKANGENZIIran yongeye kugaba ibitero kuri Israel no mu bindi bihugu bituranye na yo, mu kwihimura ku bitero byahitanye Ayatollah Ali Khamenei wahoze ari Umuyobozi w’Ikirenga wayo.
-
Abasirikare bo muri Special Force barangije amahugurwa yo guhangana n’iterabwoba
7 March, by Angeline MUKANGENZIAbasirikare n’abofisiye bo mu Ngabo z’u Rwanda (RDF) mu Mutwe w’Ingabo Zidasanzwe (Special Operations Force), barangije amahugurwa y’ibanze yo guhangana n’iterabwoba.
Umuryango.rw
FERWAFA izakura he miliyari 14,5 Frw izakoresha mu 2026?
Agaciro k’ibyibwe mu nzu ndangamurage ya Louvre karenga miliyari 100 Frw
BAL yifatanyije n’u Rwanda mu Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi
Aho imbwa yanyura sinahatambuka - Kazungu yongeye gutakambira urukiko
Burundi: Ufite ‘sim card’ yo mu Rwanda afatwa nk’umugambanyi
Polisi y’u Rwanda yatanze umucyo ku mugabo wagaragaye afatwa mu buryo butavugwaho rumwe
Brésil: Umudipolomate wa Amerika yangiwe gusura Bolsonaro wahoze ari Perezida
Abasirikare bo muri Special Force barangije amahugurwa yo guhangana n’iterabwoba