Imyigaragambyo yadutse mu mujyi wa Minneapolis muri Leta ya Minnesota, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma y’uko umukozi w’Ibiro bishinzwe Abinjira n’Abasohoka,(ICE) yishe arashe umugore w’imyaka 37 witwa Renee Nicole Good.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umukozi w’Ibiro by’abinjira n’abasohoka muri USA yishe umuntu biteza imyigaragambyo
8 January, by ISIMBI Estella -
Ikigo UNITED SCHOLARS CENTER kigiye kongera guhuza Abayobozi ba za Kaminuza zo hanze n’Abifuza kuzigamo
26 August 2024, by UbwanditsiIkigo UNITED SCHOLARS CENTER kivuga ko Abanyeshuri bo mu Rwanda bifuza kwiga hanze badakwiye kugira impungenge izo arizo zose , kuko imbogamizi bahuraga nazo zo gushaka za Kaminuza bigamo zabonewe umuti urambye.
Kuri ubu UNITED SCHOLARS CENTER ihuza Abanyeshuri bo mu Rwanda bifuza kwiga hanze ikabashakira za Kaminuza nziza mu Burayi, Amerika na Canada ndetse no muri Aziya, ikabashakira ibyangombwa byose bisabwa birimo ahari amashami bifuza, visa, uburyo bwo kwishura bworoshye, uburyo bwo (…) -
Huye: Hafunguwe ikigo kizajya gihugurirwamo abaganga
2 March, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ubuzima, Dr. Nsanzimana Sabin, yafunguye ikigo gishinzwe guhugura abakozi bo mu rwego rw’ubuvuzi bo mu Ntara y’Amajyepfo n’igice cy’Uburengerazuba, ku bijyanye n’ubuvuzi, hagamijwe gushimangira serivise inoze.
-
Turi gukorana neza n’umutoza kandi intsinzi twabonye iradufasha kwitera neza ku mukino wa APR FC - Tony Kitoga
6 January, by ISHIMWE Jean de DieuUmunye - Congo ukina mu kibuga hagati afasha abasatira muri Rayon Sports, Tony Kitoga yatangaje bari gukorana neza n’umutoza mushya Bruno Ferry ndetse ko intsinzi bakuye kuri AS Muhanga ari urufunguzo rugiye kubafasha kwitegura neza umukino w’igikombe kiruta ibindi mu Rwanda (Super Cup) bazahuramo na APR FC mu mpera z’iki Cyumweru.
-
Igipimo cy’Alukoro cyemererwa utwaye ikinyabiziga cyazamuye impaka mu Badepite
6 January, by ISHIMWE Jean de DieuAbadepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda bazamuye impaka ku ngingo iri mu mushinga w’itegeko rigenga imikoreshereze y’umuhanda, iteganya ko utwaye ikinyabiziga aba yemerewe kunywa ibirimo alukoro, nterenze garama 0,80 kuri litiro y’amaraso ye.
-
Ingingo Urukiko rwagendeyeho rutegeka ifungwa rya Niyigaba Clement
1 May, by ISIMBI EstellaUrukiko rusanga impamvu ashingiraho asaba ko akurikiranwa adafunze y’uko ariwe wita ku muryango we ugizwe n’abana b’impanga ndetse n’uburwayi bw’umugore we bikaba bitatuma afungurwa kuko atagaragaza ko mu gihe amaze akurikiranwaho ibi byaha kuva yafatwa kuko hashize igihe cy’ukwezi hari ingaruka zageze ku muryango we ku buryo byashingirwaho arekurwa.
-
Virusi ikomoka ku mbeba yibasiye abari mu bwato bwa MV Hondius, hapfa batatu
4 May, by ISIMBI EstellaIshami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS), ryatangaje ko hari abantu batatu bahitanwe na virusi ya ‘hantavirus’ ndetse abandi bakiri gusuzumwa.
-
Abarundi 74 bari barahungiye mu Rwanda batashye
12 March, by Angeline MUKANGENZIAbarundi 74 biganjemo abagabo bari barahungiye mu Rwanda mu bihe bitandukanye, batashye ku bushake mu gihugu cyabo bashima ko nta kibazo bagiriye mu Rwanda mu myaka itandukanye bari bahamaze.
-
Croix Rouge yageze muri Minembwe nyuma y’igihe kirekire inzira zifunze
1 May, by ISIMBI EstellaNyuma y’igihe kirekire nta muryango w’ubutabazi ugera muri Komini Minembwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, abakozi ba Komite Mpuzamahanga y’Umuryango Croix Rouge (ICRC) bahageze ku mugoroba wo ku wa 30 Mata 2026.
-
Samsung yateguje telefone ikunjwa inshuro eshatu
2 December 2025, by ISIMBI EstellaSosiyete y’Ikoranabuhanga ya Samsung yateguje ‘Galaxy Z TriFold’, telefone igezweho ikunjwa inshuro eshatu. Izashyirwa ku isoko ku wa 12 Ukuboza 2025.
Umuryango.rw
Umukozi w’Ibiro by’abinjira n’abasohoka muri USA yishe umuntu biteza imyigaragambyo
Ikigo UNITED SCHOLARS CENTER kigiye kongera guhuza Abayobozi ba za Kaminuza zo hanze n’Abifuza kuzigamo
Huye: Hafunguwe ikigo kizajya gihugurirwamo abaganga
Turi gukorana neza n’umutoza kandi intsinzi twabonye iradufasha kwitera neza ku mukino wa APR FC - Tony Kitoga
Igipimo cy’Alukoro cyemererwa utwaye ikinyabiziga cyazamuye impaka mu Badepite
Ingingo Urukiko rwagendeyeho rutegeka ifungwa rya Niyigaba Clement
Abarundi 74 bari barahungiye mu Rwanda batashye
Croix Rouge yageze muri Minembwe nyuma y’igihe kirekire inzira zifunze
Samsung yateguje telefone ikunjwa inshuro eshatu