Nyakubahwa perezida Paul Kagame yasabye ibihugu byo ku mugabane w’Uburayi kugabanya kwishyira hejuru bumva ko bari hejuru ku bijyanye no kubahiriza uburenganzira bwa muntu kurusha indi migabane kuko hari ingero nyinshi z’ibyo bakora zibuhonyora.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Kagame yasabye abanyaburayi kugabanya kumva ko bari hejuru mu kubahiriza uburenganzira bwa muntu
24 June 2019, by Dusingizimana Remy -
Reba urutonde rw’abakuru b’ibihugu bategerejwe mu Rwanda ku munsi w’ejo mu birori by’umunsi wo Kwibohora
3 July 2019, by Martin MunezeroMinisiteri y’Ububanyi n’amahanga, ivuga ko abakuru b’ibihugu barindwi bamaze kwemeza ko bazitabira Umunsi wo Kwibohora u Rwanda rugiye kwizihiza ku nshuro ya 25, mu birori bikomeye bizabera muri Stade Amahoro.
-
Padiri Sibomana Venuste yapfuye ari gukora siporo
12 March 2019, by Dusingizimana RemyPadiri Sibomana Venuste wo muri Paruwasi ya Magi muri Diyoseze ya Butare yitabye Imana ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere Taliki ya 11 Werurwe 2019 ubwo yari muri siporo.
-
RDF igiye kwinjiza amaraso mashya, menya ibisabwa
26 January 2018, by Nsanzimana ErnestUbuyobozi bw’ ingabo z’ u Rwanda bwatangaje ko bugiye kwinjiza mu gisirikare abifuza kujya mu byiciro bitatu bitandukanye birimo abasirikare bato, abifuza kuba abofisiye nyuma y’ imyaka itatu n’ abifuza kuba abofisiye nyuma y’ umwaka umwe.
Nk’ uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na RDF abifuza kwinjira mu gisirikare cy’ u Rwanda baziyandikisha ku biro by’ uturere twabo guhera tariki 1 kugeza tariki 26 Gashyantare uyu mwaka.
Uwifuza kujya mu ngabo z’ u Rwanda mu basirikare bato (...) -
Africa’s StarTimes Network Acquires IMPACT Wrestling Programming, Adding More Than 250 Hours Of Content To The Platform’s Lineup In 2021
18 February 2021, by UbwanditsiThe Agreement Delivers Popular Content to Over 50 Countries Throughout Sub-Saharan Africa
TORONTO (February 16, 2021) – IMPACT Wrestling, a subsidiary of Anthem Sports & Entertainment Inc. and one of the world’s largest professional wrestling organizations, announced today an agreement with electronics and media company StarTimes—bringing more than 250 hours of IMPACT Wrestling content to the platform in 2021. The acquisition extends IMPACT’s reach even further across the globe, bringing (...) -
Karongi: Baracyashengurwa n’uko ababahekuye bataraboneka ngo babiryozwe
12 April 2023Akarere ka Karongi kihariye igice kinini cy’icyahoze ari Perefegitura ya Kibuye yabayemo ubwicanyi bw’indengakamere mu gihe cya Genocide yakorewe abatutsi 1994, bigizwemo uruhare rukomeye n’uwari perefe wayo Dr Kayishema Clement waje gufatwa agashyikirizwa urukiko rwashyiriweho u Rwanda rwa Arusha.
Nu bwo abarokotse Genocide yakorewe abatutsi biyubatse ndetse bagafatana urunana ngo bomorane ibikomere,hari ibikiri ishavu mu mibereho yabo.
Icyambere , n’ukuba abakoze Genocide baterura (...) -
Inama zagufasha kudasiragira mu gihe cyo kugura inzu n’indi mitungo itimukanwa
22 October 2019, by UbwanditsiInshuro nyinshi usanga abantu bakunze kugorwa no kubona aho gutura, inzu zo gukodesha cyangwa ubutaka bwo gukoreraho ibikorwa bitandukanye bitewe no kutamenya aho babariza.
Ikigo cy’Ubucuruzi Multi Design Group Ltd cyashyizemo imbaraga mu gutanga izi serivisi ku bantu bazifuza zerekeranye no kugurisha, gukodesha no gukodeshereza ba nyir’imitungo ndetse no guhuza abagura n’abagurisha inzu n’ibibanza.
-
Umuturage wo muri EAC akoresha KWH 136, uwo muri Amerika agakoresha KWH 7000
19 March 2018, by Nsanzimana ErnestIngufu z’ amashanyarazi zirakenewe ngo ibihugu by’ Afuruka y’ Iburasirazuba bikomeze inzira y’ iterambere, gusa amashanyarazi EAC ifite ntabwo ahagije kandi nta nubwo akoreshwa yose.
Ibi byatangarijwe mu nama y’ iminsi itatu iteraniye I Kigali yatangiye kuri uyu wa Mbere tariki 19 Werurwe 2018. Abayitabiriye barimo kwiga uburyo ibihugu by’ Afurika byakoresha ingufu zisubira ‘Renewable energy’ kugira uyu mugabane ubashe kwihaza mu bijyanye n’ ingufu z’ amashanyarazi.
Minisitiri ushinzwe iby’ (...) -
Urupfu rw’umwarimukazi w’umunyabigwi wigishije Jeanette Kagame, rwasheguye benshi
20 May 2022, by Rebecca UFITAMAHORO“Umwarimu mwiza ameze nka buji (bougie)-irashonga kugira ngo imurikire abandi babone inzira.” Ayo magambo ya Mustafa Kemal Atatürk yakoreshejwe na Madamu Jeannette Kagame aha icyubahiro Françoise Nyirantagorama witabye Imana afite imyaka 82.
Francoise Nyirantagorama yigishije Jeannette Kagame mu buhungiro mu Burundi, akaba yamushimiye umurage yasize mu Kigo cya Stella Matutina, Ecole Independante na La Colombière de Bujumbura yaje gushingwa n’ Kigali.
Mu butumwa yanyujije kuri twitter, Madamu (...) -
Amerika ihangayikishijwe n’igihano u Rwanda rwahaye Rusesabagina
20 September 2021, by Dusingizimana RemyLeta zunze ubumwe z’Amerika ihangayikishijwe n’igihano guverinoma y’u Rwanda yahaye Paul Rusesabagina, ufite uburenganzira bwo gutura muri Amerika bwemewe n’amategeko.
Ibi bikubiye mu itangazo umuvugizi wa minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Leta zunze ubumwe z’Amerika, Ned Price,yashyize hanze urubanza rwa Rusesabagina rukimara gusomwa mu rukiko rukuru rw’u Rwanda kuri uyu wa mbere.
Aragira, ati: "Amakuru y’uko habuze umucyo muri uru rubanza ateye kwibaza ku kuri kw’igihano yakatiwe.Ntitwahwemye (...)
0 | ... | 30 | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | 90 | 100 | 110 | ... | 1410