Tariki 22 Kamena 2025, abakirisitu gatolika bijihije umunsi w’Isakaramentu ry’Ukalistiya, urangwa na Misa ikurikirwa n’umutambagiro w’Isakaramentu Ritagatifu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Inkomoko y’Umunsi mukuru w’Isakaramentu ry’Ukaristiya
24 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Dore amazina 10 wakita umwana w’umuhungu akaba asobanuye izuba mu ndimi zitandukanye
5 May 2025, by Gladiator OGKubyara ntacyo wabinganya ndetse iyi ni ingabire itangwa n’Uwiteka uyibonye ararama agatumbira ijuru agashima Rurema yicishije bugufi, ndetse mu muco nyarwanda kubyara biribuhwa cyane kugera ku rwego rwuko bishyirwa mu ndamukanyo aho uhura n’umuntu akakuramutsa ati “Gira abana”
-
Putin yihanganishije Iran
1 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida Vladimir Putin w’Uburusiya yatangaje ko yihanganisha Iran nyuma y’urupfu rw’umutegetsi w’Ikirenga Ali Khamenei, nk’uko bivugwa n’ibiro ntaramakuru TASS bya leta ya Moscow.
-
Leta ya RDC yanyanyagije amafaranga mu basirikare bayo na Wazalendo bari ku rugamba
21 February, by Angeline MUKANGENZIUbutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo buri guha amafaranga abasirikare b’igihugu na Wazalendo bahanganiye n’ihuriro AFC/M23 mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, hagamijwe gukomeza intambara.
-
Iran yarashe imwe muri radar z’ingenzi za Amerika iri muri Jordanie
7 March, by Angeline MUKANGENZIIran yangije imwe muri radar zikomeye Leta Zunze Ubumwe za Amerika yifashishaga mu bijyanye n’umutekano iri muri Jordanie, ifite agaciro ka 300$.
-
Sinabona uko nsaba imbabazi- Kim Jong Un ku miryango y’abasirikare be baguye mu Burusiya
22 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yashenguwe n’abasirikare be baguye mu Rugamba u Burusiya buhanganyemo na Ukraine.
-
Banki y’Isi yemereye u Rwanda miliyari 145,7 Frw yo kunoza ikusanywa ry’imisoro no guhanga imirimo
3 December 2025, by ISIMBI EstellaInama y’Ubutegetsi ya Banki y’Isi yemeje miliyoni 100$, ni ukuvuga arenga miliyari 145,7 Frw azifashishwa mu guteza imbere ikusanywa ry’imisoro hakoreshejwe inyemezabwishyu ya EBM, kurushaho kunoza serivisi no guhanga akazi.
-
zamuka ry’ibiciro ryiyongereyeho 9,2% muri Gashyantare 2026
10 March, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, (NISR) kigaragaza ko muri Gashyantare 2026, ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 9,2% ugereranyije na Gashyantare 2025, aho byari kuri 6,3%, mu gihe muri Mutarama 2026, byari ku 8,9%.
-
Umunyarwenya Salvado yashimiye abamubaye hafi ari kwa muganga
11 November 2025, by ISIMBI EstellaUmunyarwenya Patrick Salvado yagaragaje ko yavuye mu bitaro anagenera ubutumwa bushimira abakunzi be bamubaye hafi, bakamukomeza ubwo yari mu bitaro mu buribwe bukomeye nk’uko yari yabigaragaje.
-
TduRwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi
28 February, by Angeline MUKANGENZIUmunya-Brazil Henrique Ribeiro Bravo w’imyaka 20 ukinira ikipe ya Soudal Quick-Step Devo Team, yegukanye agace ka karindwi ka Tour du Rwanda.
Umuryango.rw
Inkomoko y’Umunsi mukuru w’Isakaramentu ry’Ukaristiya
Dore amazina 10 wakita umwana w’umuhungu akaba asobanuye izuba mu ndimi zitandukanye
Leta ya RDC yanyanyagije amafaranga mu basirikare bayo na Wazalendo bari ku rugamba
Iran yarashe imwe muri radar z’ingenzi za Amerika iri muri Jordanie
Sinabona uko nsaba imbabazi- Kim Jong Un ku miryango y’abasirikare be baguye mu Burusiya
Banki y’Isi yemereye u Rwanda miliyari 145,7 Frw yo kunoza ikusanywa ry’imisoro no guhanga imirimo
zamuka ry’ibiciro ryiyongereyeho 9,2% muri Gashyantare 2026
Umunyarwenya Salvado yashimiye abamubaye hafi ari kwa muganga