Umuririmbyi w’indirimbo z’Imana, Uwiringiyimana Théogène wamamaye nka ‘Theo Bosebabireba’ yavuze ko abamututse ko yagaragaye aririmba indirimbo ‘Pom Pom’ bamuhoye ubusa kuko atazi icyo isobanura, kandi ko nta mbabazi asaba abamutwamye bavuga ko yabatengushye kuko yaririmbye indirimbo y’ubusambanyi, kuko atari cyo yabikoreye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umuririmbyi w’Indirimbo z’Imana uzwi mu Rwanda yasubije abamututse ko yaririmbye indirimbo bamwe bavugaho inzongamubiri
16 January, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Inkomoko y’Umunsi mukuru w’Isakaramentu ry’Ukaristiya
24 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuTariki 22 Kamena 2025, abakirisitu gatolika bijihije umunsi w’Isakaramentu ry’Ukalistiya, urangwa na Misa ikurikirwa n’umutambagiro w’Isakaramentu Ritagatifu.
-
Putin yihanganishije Iran
1 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida Vladimir Putin w’Uburusiya yatangaje ko yihanganisha Iran nyuma y’urupfu rw’umutegetsi w’Ikirenga Ali Khamenei, nk’uko bivugwa n’ibiro ntaramakuru TASS bya leta ya Moscow.
-
Leta ya RDC yanyanyagije amafaranga mu basirikare bayo na Wazalendo bari ku rugamba
21 February, by Angeline MUKANGENZIUbutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo buri guha amafaranga abasirikare b’igihugu na Wazalendo bahanganiye n’ihuriro AFC/M23 mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, hagamijwe gukomeza intambara.
-
Muri Congo hari abarimu biyemeje kudasoza igihembwe nibadahembwa ibirarane bafitiwe birimo iby’umwaka ushize
14 March, by ISHIMWE Jean de DieuAbarimu bo muri Teritwari ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu ya Ruguru, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, batangaje ko batazarangiza igihembwe cya kabiri, igihe baba batishuwe uduhimbazamusyi twabo two kuva muri Ugushyingo (11) umwaka ushize, ndetse n’umushahara w’ukwezi gushize.
-
Dore amazina 10 wakita umwana w’umuhungu akaba asobanuye izuba mu ndimi zitandukanye
5 May 2025, by Gladiator OGKubyara ntacyo wabinganya ndetse iyi ni ingabire itangwa n’Uwiteka uyibonye ararama agatumbira ijuru agashima Rurema yicishije bugufi, ndetse mu muco nyarwanda kubyara biribuhwa cyane kugera ku rwego rwuko bishyirwa mu ndamukanyo aho uhura n’umuntu akakuramutsa ati “Gira abana”
-
zamuka ry’ibiciro ryiyongereyeho 9,2% muri Gashyantare 2026
10 March, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, (NISR) kigaragaza ko muri Gashyantare 2026, ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 9,2% ugereranyije na Gashyantare 2025, aho byari kuri 6,3%, mu gihe muri Mutarama 2026, byari ku 8,9%.
-
Zimbabwe yahagaritse kohereza mu mahanga amabuye adatunganyije
25 February, by Angeline MUKANGENZIMinisiteri ishinzwe ibijyanye n’amabuye y’agaciro muri Zimbabwe yahagaritse iyoherezwa mu mahanga y’amabuye y’agaciro adatunganyije yose harimo na lithium.
-
TopInfo : Urubuga ruhuza Abashaka Serivisi n’Abatanga Serivisi Zikenewe mu Rwanda
7 October 2024, by UbwanditsiTopinfo.rw ni urubuga rwihariye rugamije guhuza abashaka serivisi n’abatanga serivisi mu nzego zitandukanye mu Rwanda.
Uru rubuga rutanga uburyo bworoshye bwo kubona no kugera ku serivisi zitandukanye, kuva ku mirimo yo mu rugo kugera ku makuru y’umwuga.
Abatanga serivisi bashobora kugaragaza ibyo bakora, bituma abakiriya bashobora kugereranya amahitamo, gusoma ibitekerezo, no gufata ibyemezo byiza.
Iyi marketplace ituma habaho itumanaho ryoroshye hagati y’impande zombi, kandi (…) -
Iran yarashe imwe muri radar z’ingenzi za Amerika iri muri Jordanie
7 March, by Angeline MUKANGENZIIran yangije imwe muri radar zikomeye Leta Zunze Ubumwe za Amerika yifashishaga mu bijyanye n’umutekano iri muri Jordanie, ifite agaciro ka 300$.
Umuryango.rw
Umuririmbyi w’Indirimbo z’Imana uzwi mu Rwanda yasubije abamututse ko yaririmbye indirimbo bamwe bavugaho inzongamubiri
Inkomoko y’Umunsi mukuru w’Isakaramentu ry’Ukaristiya
Leta ya RDC yanyanyagije amafaranga mu basirikare bayo na Wazalendo bari ku rugamba
Muri Congo hari abarimu biyemeje kudasoza igihembwe nibadahembwa ibirarane bafitiwe birimo iby’umwaka ushize
Dore amazina 10 wakita umwana w’umuhungu akaba asobanuye izuba mu ndimi zitandukanye
zamuka ry’ibiciro ryiyongereyeho 9,2% muri Gashyantare 2026
Zimbabwe yahagaritse kohereza mu mahanga amabuye adatunganyije
TopInfo : Urubuga ruhuza Abashaka Serivisi n’Abatanga Serivisi Zikenewe mu Rwanda
Iran yarashe imwe muri radar z’ingenzi za Amerika iri muri Jordanie