Ihuriro AFC/M23 riravuga ko ibitero bikomeje kugabwa n’uruhande bahanganye birimo ibyibasira amatungo y’abaturage, bigamije gukomeza gushyira mu kaga ubuzima n’imibereho byabo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
AFC/M23 yagaragaje ubugome bwakozwe n’uruhande bahanganye
4 May, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Abafite ibinyabiziga batarakorera ‘mutation’ bahawe amezi abiri y’inyongera
4 May, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyatangaje ko abantu batandukanye bafite ibinyabiziga bagomba gukora ihererekanya (mutation), bahawe igihe cy’amezi abiri y’inyongera ngo babe babisabye ndetse banabishyize mu bikorwa.
-
Djihad yasabye imbabazi, Nestor asaba gusubikirwa: Uko urubanza rwagenze
4 May, by ISIMBI EstellaUrukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwaburanishije urubanza, Ubushinjacyaha buregamo Uzabakiriho Cyprien, Kalisa John, Ishimwe François Xavier na Kwizera Papy Nestor.
-
Rutsiro: Inkuba yamukubitiye mu buriri arapfa
1 May, by ISIMBI EstellaUmusore witwa Nshimiye ufite imyaka 21 wo mu mu Murenge wa Mukura,Akarere ka Rutsiro, yakubiswe n’inkuba ubwo yari aryamye arapfa.
-
Sénégal: Ihangana rya Perezida na Minisitiri w’Intebe ryafashe intera ndende
4 May, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, na Minisitiri w’Intebe, Ousmane Sonko bakomeje guhangana bikomeye, bapfa kubusanya mu cyerekezo cy’ishyaka Pastef (Les Patriotes Africains du Sénégal pour le Travail, l’éthique et la Fraternité) bahuriyemo.
-
Abasirikare babiri ba Amerika baburiye mu myitozo ya gisirikare iri kubera muri Maroc
3 May, by Angeline MUKANGENZIUbuyobozi bw’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikorera muri Afurika (AFRICOM) bwatangaje ko hari abasirikare babiri babo baburiwe irengero mu myitozo itegurwa n’iki gisirikare ku bufatanye n’ibihugu byo muri Afurika izwi ku izina rya ‘African Lion’.
-
Hatangijwe amarushanwa y’umukino w’igisoro mu mashuri yisumbuye
4 May, by ISIMBI EstellaHagamijwe kubungabunga no gusigasira imikino gakondo,mu mashuri yisumbuye n’ay’ubumenyi ngiro hatangijwe amarushanwa yo gukina igisoro(kubuguza), umukino watangijwe ku mugaragaro n’intebe y’inteko y’umuco Amb.Robert Masozera
-
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mageragere arafunzwe
30 April, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze Hategekimana Silas, wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mageragere mu Karere ka Nyarugenge, ukurikiranyweho ibyaha bya ruswa no kumena ibanga ry’akazi.
-
Urukiko rwateye utwatsi Ngeze Hassan ushaka kwimurirwa mu kindi gihugu
30 April, by Angeline MUKANGENZIUrwego mpuzamahanga rwashyiriweho gukora imirimo y’insigarira y’inkiko mpanabyaha (IRMCT) rwanze ubusabe bw’umunyamakuru Ngeze Hassan bwo koherezwa muri gereza yo mu kindi gihugu, akuwe i Cotonou muri Bénin.
-
RDB yakiriye intumwa za Azerbaijan mu biganiro ku kunoza imitangire ya serivisi
5 May, by ISIMBI EstellaUmuyobozi ushinzwe gutanga impushya mu Rwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), Rick Ayibanda, yakiriye i Kigali itsinda ry’intumwa ziturutse mu Kigo cya Leta gishinzwe Serivisi za Leta n’Udushya mu mibereho myiza (SAPSSI) cyo muri Azerbaijan.
Umuryango.rw
AFC/M23 yagaragaje ubugome bwakozwe n’uruhande bahanganye
Abafite ibinyabiziga batarakorera ‘mutation’ bahawe amezi abiri y’inyongera
Djihad yasabye imbabazi, Nestor asaba gusubikirwa: Uko urubanza rwagenze
Rutsiro: Inkuba yamukubitiye mu buriri arapfa
Sénégal: Ihangana rya Perezida na Minisitiri w’Intebe ryafashe intera ndende
Abasirikare babiri ba Amerika baburiye mu myitozo ya gisirikare iri kubera muri Maroc
Hatangijwe amarushanwa y’umukino w’igisoro mu mashuri yisumbuye
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mageragere arafunzwe
RDB yakiriye intumwa za Azerbaijan mu biganiro ku kunoza imitangire ya serivisi