Inama y’Ubutegetsi ya Banki y’Isi yemeje miliyoni 100$, ni ukuvuga arenga miliyari 145,7 Frw azifashishwa mu guteza imbere ikusanywa ry’imisoro hakoreshejwe inyemezabwishyu ya EBM, kurushaho kunoza serivisi no guhanga akazi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Banki y’Isi yemereye u Rwanda miliyari 145,7 Frw yo kunoza ikusanywa ry’imisoro no guhanga imirimo
3 December 2025, by ISIMBI Estella -
Tariki 5 Gicurasi 1994: Umunsi Umubikira Mukangango Gertrude yicishije Abatutsi i Butare
5 May, by ISIMBI EstellaTariki 05 Gicurasi 1994 ni umunsi wa 29 mu minsi 100 Jenoside yakorewe Abatutsi yamaze, ukaba uwa 125 mu minsi igize umwaka. Kuri uyu munsi leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi mu bice bitandukanye hirya no hino mu gihugu.
-
Iran ishaka ko abo mu mutwe wa IRGC bemererwa kujya mu Gikombe cy’Isi
6 May, by Angeline MUKANGENZIPerezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’maguru muri Iran (FFIRI), Mehdi Taj, yavuze ko agiye gusaba Impuzamashyirahamwe ya Ruhago ku Isi (FIFA), gukuraho birantega zatuma abo mu Mutwe w’ingabo za Iran uzwi nka Islamic Revolutionary Guard Corps (IRGC) batajya mu Gikombe cy’Isi.
-
RIB yafunze barindwi barimo noteri wigenga, bagurishije ubutaka babwiyitirira
5 May, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze noteri wigenga ukorera mu Karere ka Rubavu witwa Imanirakiza Issa Naphtal n’abandi batandatu bakurikiranyweho ibyaha birimo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya no gukoresha inyandiko mpimbano.
-
RDC yemeje ko AFC/M23 yashoboye kwinjira mu itumanaho rya FARDC
5 May, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ingabo n’abahoze ari abasirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Guy Kabombo Muadiamvita, yavuze ko ihuriro AFC/M23 ryashoboye kwinjira mu itumanaho ry’ingabo zabo (FARDC), rimenya ibyo ziri gutegura ku rugamba.
-
Minisitiri Murasira yashimye ubufatanye bw’u Rwanda na OIM
6 May, by ISIMBI EstellaKuri uyu wa Gatatu, Minisitiri w’ibikorwa by’ubutabazi Maj. Gen. (Rtd) Albert Murasira yakiriye Carl Ash, Umuyobozi w’umuryango mpuzamahanga wita ku bimukira ( IOM ) bagirana ibiganiro.
-
RIB yerekanye abakurikiranyweho gusambanya abantu ku gahato
10 March, by ISIMBI EstellaKu wa 10 Werurwe 2026 Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwerekanye abagabo babiri bakurikiranyweho ibyaha birimo kwambura abantu no kubasambanya ku gahato babashukishije kubaha akazi.
-
Abana bapfa batagejeje imyaka 5 bageze kuri 36/1000 bavuye kuri 45/1000
17 December 2025, by ISIMBI EstellaUbushakashatsi bwa 7 ku Mibereho n’Ubuzima mu Rwanda, DHS7, bwatangajwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) bugaragaza ko abana bapfa batagejeje ku myaka 5 bageze kuri 36/1000 bavuye kuri 45/1000 mu mwaka 2020. Ni mu gihe mu mwaka 2000 hapfaga abana 196/1000.
-
Abapolisi babiri ba Kenya bafungiwe muri Tanzania
7 January, by ISIMBI EstellaAbapolisi babiri ba Kenya n’Umushoferi bafunzwe n’inzego z’umutekano za Tanzania, ubwo bageragezaga gufata umuntu ukekwaho ibyaha, akaba yambutse umupaka wa Horohoro agahungira muri Tanzania bakinjira mu buryo bunyuranyije n’amategeko bamukiriye .
-
Leta ya Uganda yataye muri yombi Abanyarwanda 25
4 May, by Angeline MUKANGENZIPolisi ya Uganda yatangaje ko yataye muri yombi Abanyarwanda 25 bacukuraga mu Karere ka Kisoro amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyije n’amategeko.
Umuryango.rw
Banki y’Isi yemereye u Rwanda miliyari 145,7 Frw yo kunoza ikusanywa ry’imisoro no guhanga imirimo
Tariki 5 Gicurasi 1994: Umunsi Umubikira Mukangango Gertrude yicishije Abatutsi i Butare
Iran ishaka ko abo mu mutwe wa IRGC bemererwa kujya mu Gikombe cy’Isi
Minisitiri Murasira yashimye ubufatanye bw’u Rwanda na OIM
RIB yerekanye abakurikiranyweho gusambanya abantu ku gahato
Abana bapfa batagejeje imyaka 5 bageze kuri 36/1000 bavuye kuri 45/1000
Abapolisi babiri ba Kenya bafungiwe muri Tanzania