RIB yafunze umwarimu muri Kaminuza Dr. Manirakiza Benjamin w’imyaka 41 y’amavuko akaba akurikiranyweho ibyaha bitatu (3);icyo gusambanya abana b’abakobwa biga mu mashuri y’isumbuye abashukisha amafaranga,icyaha cyo gushakira inyungu mu mibonano mpuzabitsina y’undi, no gucura umugambi wo gukora icyaha.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Icukumbura ku byaha Dr Manirakiza Benjamin aregwa byo gusambanya abana
20 January, by Angeline MUKANGENZI -
Umunyarwenya Salvado yashimiye abamubaye hafi ari kwa muganga
11 November 2025, by ISIMBI EstellaUmunyarwenya Patrick Salvado yagaragaje ko yavuye mu bitaro anagenera ubutumwa bushimira abakunzi be bamubaye hafi, bakamukomeza ubwo yari mu bitaro mu buribwe bukomeye nk’uko yari yabigaragaje.
-
RBC yibukije ko umwe mu bantu babiri bafite Diabètes aba atabizi, iburira Abanyarwanda
13 November 2025, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyibukije Abanyarwanda ko hari ubushakashatsi buheruka kugaragaza ko 44% by’abafite indwara ya Diabètes ku Isi batabizi.
-
Kimisagara: Abantu umunani bafashwe bakekwaho kwiba umuzungu telefone
4 May, by ISIMBI EstellaAbantu umunani barimo abagore batatu bo mu Kagari ka Kamuhoza mu Murenge wa Kimisagara,Akarere ka Nyarugenge bafashwe n’inzego z’umutekano bakekwaho kwiba umugabo w’umuzungu telefone.
-
Ingabo za RDC zagabye igitero gikomeye muri Mushaki
7 March, by Angeline MUKANGENZIIhuriro AFC/M23 ryatangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa 7 Werurwe 2026, ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zagabye igitero gikomeye muri santere ya Mushaki no mu nkengero zaho.
-
UEFA Champions League: Nyuma y’imyaka 20, Arsenal yageze ku mukino wa nyuma
6 May, by ISIMBI EstellaArsenal yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League, itsinze Atletico Madrid igitego 1-0, iyisezerera muri ½ ku giteranyo cy’ibitego 2-1 mu mikino ibiri.
-
Abagororwa bizihije iminsi mikuru isoza umwaka wa 2025
23 December 2025, by ISIMBI EstellaUrwego Rushinzwe Igorora mu Rwanda (RCS) n’abafanyabikorwa mu nzego z’ubutabera harimo n’Umuryango Ikiraro Nyarwanda giharanira Ubutabera (Rwanda Bridges to Justice, RBJ) bifatanyije n’Imfungwa n’Abagororwa bo mu Igorerero rya Nyarugenge, kwizihiza iminsi mikuru isoza umwaka wa 2025.
-
U Burusiya na Ukraine batangaje agahenge gashya
5 May, by ISIMBI EstellaU Burusiya bwatangaje agahenge mu ntambara bumazemo igihe na Ukraine, kazatangira ku wa 08 kugeza ku ya 09 Gicurasi 2026, mu gihe Moscou izaba yizihiza Umunsi w’Intsinzi mu Ntambara ya Kabiri y’Isi Yose.
-
Inkomoko y’Umunsi mukuru w’Isakaramentu ry’Ukaristiya
24 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuTariki 22 Kamena 2025, abakirisitu gatolika bijihije umunsi w’Isakaramentu ry’Ukalistiya, urangwa na Misa ikurikirwa n’umutambagiro w’Isakaramentu Ritagatifu.
-
Amakuru mashya: Inyubako ikoreramo RDB yafunzwe by’agateganyo
4 May, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bw’Urwego Rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB), bwatangaje ko inyubako nshya rukoreramo kuva muri 2023 n’ibindi bigo binyuranye, igiye kuba ifunzwe by’agateganyo kubera imirimo yo kuyivugurura.
Umuryango.rw
Icukumbura ku byaha Dr Manirakiza Benjamin aregwa byo gusambanya abana
Umunyarwenya Salvado yashimiye abamubaye hafi ari kwa muganga
RBC yibukije ko umwe mu bantu babiri bafite Diabètes aba atabizi, iburira Abanyarwanda
Kimisagara: Abantu umunani bafashwe bakekwaho kwiba umuzungu telefone
Ingabo za RDC zagabye igitero gikomeye muri Mushaki
UEFA Champions League: Nyuma y’imyaka 20, Arsenal yageze ku mukino wa nyuma
Abagororwa bizihije iminsi mikuru isoza umwaka wa 2025
U Burusiya na Ukraine batangaje agahenge gashya
Inkomoko y’Umunsi mukuru w’Isakaramentu ry’Ukaristiya
Amakuru mashya: Inyubako ikoreramo RDB yafunzwe by’agateganyo