Abapolisi babiri ba Kenya n’Umushoferi bafunzwe n’inzego z’umutekano za Tanzania, ubwo bageragezaga gufata umuntu ukekwaho ibyaha, akaba yambutse umupaka wa Horohoro agahungira muri Tanzania bakinjira mu buryo bunyuranyije n’amategeko bamukiriye .
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abapolisi babiri ba Kenya bafungiwe muri Tanzania
7 January, by ISIMBI Estella -
Amajyepfo: Gahunda yo kugaburira abana ku ishuri bose barayivuga imyato ariko bakavuga ibitaranoga
14 March, by ISHIMWE Jean de DieuBamwe mu bayobozi b’ibigo by’amashuri bavuga ko gahunda yo kugaburira abana ku ishuri ari ingirakamaro cyane kuko yagize uruhare rukomeye mu kongera umubare w’abanyeshuri bitabira amasomo, nubwo hari ibibazo by’ibikorwa remezo bikiri kugaragara.
-
Abadepite basabye ko ikibazo cy’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe kivugutirwa umuti
13 March, by Angeline MUKANGENZIInteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite yagaragaje ko ikibazo cy’amabuye y’agaciro butemewe gikwiye kuvugutirwa umuti urambye.
-
Abaganga umunani baguye mu bitero Ukraine yagabye ku bitaro mu Burusiya
12 March, by Angeline MUKANGENZIMinisiteri y’Ingabo y’u Burusiya yatangaje ko igitero Ukraine yagabye ku bitaro byo mu Ntara ya Donetsk, cyahitanye abaganga umunani, gikomeretsa abandi bantu 10.
-
Umuhanzi Shaffy agiye gutaramira muri Canada
14 March, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’umunyarwanda ukorera umuziki muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, Shaffy yatangaje ko agiye gutaramira mu Gihugu cya Canada mu Mujyi wa Ottawa.
-
Ibiciro bya Peteroli byagabanutse
10 March, by ISIMBI EstellaIRGC yavuze ko Tehran itazemera ko “litiro imwe y’ibikomoka kuri peteroli” yoherezwa mu mahanga ivuye muri ako karere niba ibitero by’Amerika na Israel bikomeje. Nyamara Amerika yihanangirije Iran ko nidafungura umuhora wa Hormuz izakomeza kuyirasaho.
-
Bobi Wine yavuye mu bwihisho akomereza mu mahanga
14 March, by ISIMBI EstellaUmunyapolitiki Robert Kyagulanyi Ssentamu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, yatangaje ko yavuye mu bwihisho yari amazemo hafi amezi abiri, akomereza mu mahanga mu ruzinduko ahamya ko ari urw’akazi.
-
M23 yishe Colonel Ukwishaka wari mu bayobozi bakuru ba FDLR
27 February, by Angeline MUKANGENZIAmakuru aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aravuga ko ingabo z’umutwe wa AFC/M23 zishe Colonel Ukwishaka Nouvelle wari umwe mu bayobozi bakuru b’umutwe wa FDLR.
-
Polisi y’u Rwanda yatanze umucyo ku mugabo wagaragaye afatwa mu buryo butavugwaho rumwe
7 January, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda yatanze umucyo ku mugabo wagaragaye afatwa mu buryo butavugwaho rumwe
-
Corneille Nangaa atunga agatoki Leta ya RDC mu gukongeza umwuka w’intambara mu karere
12 March, by ISIMBI EstellaUmuyobozi w’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa, yatangaje ko buri gushaka kwagurira mu karere kose intambara yo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo.
Umuryango.rw
Abapolisi babiri ba Kenya bafungiwe muri Tanzania
Amajyepfo: Gahunda yo kugaburira abana ku ishuri bose barayivuga imyato ariko bakavuga ibitaranoga
Abadepite basabye ko ikibazo cy’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe kivugutirwa umuti
Umuhanzi Shaffy agiye gutaramira muri Canada
Ibiciro bya Peteroli byagabanutse
M23 yishe Colonel Ukwishaka wari mu bayobozi bakuru ba FDLR
Polisi y’u Rwanda yatanze umucyo ku mugabo wagaragaye afatwa mu buryo butavugwaho rumwe
Corneille Nangaa atunga agatoki Leta ya RDC mu gukongeza umwuka w’intambara mu karere