Perezida Paul Kagame yashimangiye ko ari muzima ndetse agaragaza ko atumva impamvu kuba yarwara cyangwa akagira ikibazo cy’ubuzima bishobora kuba ikintu kidasanzwe kandi na we ari ikiremwamuntu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ndabizeza ko ari njye mwicaranye hano - Perezida Kagame yatanze ukuri ku bashidikanya ku buzima bwe
4 July 2025, by Joseph Iradukunda -
Kimenyi Yves yasezeye kuri ruhago
20 February, by Angeline MUKANGENZIKimenyi Yves wabaye umunyezamu ukomeye mu Rwanda yasezeye gukina ruhago nk’uwabigize umwuga afite imyaka 34.
-
Niwe Nyampinga w’u RWANDA wize amashuli menshi
10 February 2025, by ISIMBI Estellau Rwanda rufite abakobwa 13 batwaye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda aba bakobwa bose bagiye batwara iryo kamba mu bihe ndetse no mu myaka itandukanye. gusa nubwo aba bakobwa abenshi usanga bazwiho ubwiza gusa burya binajyana n’ubwenge niyo mpamvu muriyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibitandukanye ku buzima bwa Akiwacu colombe Nyampinga w’u Rwanda w’intiti kurenza abandi. murakaza neza muriyi nkuru.
-
Uncle Austin yasezeye kuri Kiss FM
26 February, by ISIMBI EstellaUmunyamakuru akaba umuhanzi na rwiyemezamirimo, Austin Tosh Luwano (Uncle Austin) yasezeye radiyo ya Kiss FM yakoreraga.
-
Umugore watwitiye hanze ya nyababyeyi yabyaye umwana muzima, bitangaza benshi
30 December 2025, by ISIMBI EstellaSuze Lopez ari mu byishimo bikomeye nyuma y’uko abyaye umwana w’umuhungu mu buryo na we atasobanura, kuko uburyo yamutwisemo budasanzwe.
-
Mourinho yashinjwe amakosa mu irondaruhu ryakorewe Vinícius Júnior
18 February, by Angeline MUKANGENZIMyugariro Trent Alexander-Arnold yavuze ko irondaruhu ryakorewe mugenzi we Vinícius Júnior ku mukino wa Champions League wahuje Real Madrid na Benfica ari igisebo kuri ruhago, mu gihe Umutoza José Mourinho yanenzwe ku magambo yatangaje ku byabaye.
-
Rulindo:Umugabo w’imyaka 54 yasanzwe mu nzu yapfuye
22 October 2024, by Joseph IradukundaMu Karere ka Rulindo,Umurenge wa Ntarabana,Akagari ka Kiyanza kuri uyu wa Mbere,tariki ya 21 Ukwakira 2024, ku isaha ya saa munani n’igice nibwo hamenyekanye inkuru y’urupfu rw’umugabo witwa Kabanda Thacien ufite imyaka 54 y’amavuko, wasanzwe mu nzu yapfuye.
-
Perezida Trump yavuze ko azagira uruhare mu gushyiraho uzayobora Iran
5 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Amerika, Donald Trump yatangaje ko agomba kugira uruhare mu gushyiraho umuyobozi mushya wa Iran, ndetse ko umuhungu wa Ali Khamenei uhabwa amahirwe yo kuyobora igihugu atabyemerewe.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
11 March, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me KUBWIMANA Emmanuel ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
-
Israel igiye guhamagaza inkeragutabara zirenga 100.000 mu guhangana na Iran
1 March, by Angeline MUKANGENZIIgisirikare cya Israel (IDF) cyatangaje ko kigiye guhamagaza inkeragutabara z’iki gihugu zirenga ibihumbi 100 nk’uburyo bwo guhangana na Iran byuzuye.
Umuryango.rw
Ndabizeza ko ari njye mwicaranye hano - Perezida Kagame yatanze ukuri ku bashidikanya ku buzima bwe
Kimenyi Yves yasezeye kuri ruhago
Niwe Nyampinga w’u RWANDA wize amashuli menshi
Uncle Austin yasezeye kuri Kiss FM
Umugore watwitiye hanze ya nyababyeyi yabyaye umwana muzima, bitangaza benshi
Mourinho yashinjwe amakosa mu irondaruhu ryakorewe Vinícius Júnior
Rulindo:Umugabo w’imyaka 54 yasanzwe mu nzu yapfuye
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
Israel igiye guhamagaza inkeragutabara zirenga 100.000 mu guhangana na Iran