Uruganda rukora inzoga rwa Skol ruri mu Nzove ruramenyesha ababishaka ko rugiye kugurisha imodoka y’ikamyo!
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Itangazo ku bifuza kugura imodoka y’ikamyo y’Uruganda rwa Skol
15 May 2025, by Ubwanditsi -
Perezida Trump yateguje urupfu umuhungu wa Ali Ayotallah
9 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), Donald Trump yavuze ko nta Muyobozi mushya w’Ikirenga wa Iran uzamara igihe kinini kuri uwo mwanya atabigizemo uruhare nyuma yuko icyo gihugu cyemeje Mojtaba Khamenei nk’Umuyobozi w’Ikirenga.
-
Itanganzo: Inyandiko imenyesha imikirize y’urubanza nomero RCOM 00038/2024/TC
10 March, by ISIMBI EstellaTwebwe Me UWITIJE R. Janvier, umuhesha w’ Inkikow Umwuga
-
MINEMA yasabye abanyarwanda kwirinda kuko hateganyijwe imvura nyinshi
5 March, by ISIMBI EstellaMinisitiri ushinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, Gen Maj (Rtd) Albert Murasira, yasabye Abanyarwanda kwirinda ingaruka z’ibiza bishobora guterwa n’imvura nyinshi imaze iminsi igwa, yibutsa abatuye mu manegeka kwimuka.
-
Igitaramo cya Hip-Hop cyiswe "Mic Tribe" kigiye kuba ku nshuro ya 3
3 February, by Angeline MUKANGENZIAbahanzi bakomeye mu njyana ya hip-hop mu Rwanda , barimo Bull Dogg, B-Threy, Logan Joe, Fifi Laya, Pro Zed bagiye guhurira mu gitaramo cyihariye cyitwa Mic Tribe kigiye kuba ku nshuro ya 3 kikazaba ku wa 07 Gashyantare 2026 , kikazabera muri Mundi Center.
-
Ibaruwa yanditswe n’uwarokotse impanuka ya Titanic yagurishijwe Amadolari 400,000
30 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu Bwongereza, ibaruwa yanditswe n’uwarokotse impanuka yavuzwe cyane, y’ubwato bunini bwa Titanic yagurishijwe Amadolari 400,000 (asaga Miliyoni 566 z’Amafaranga y’u Rwanda) mu cyamunara.
-
Kuki umushahara wanjye utakigura ibyo nkeneye kandi baranyongeje ?
23 October 2018, by Alphonse BikorimanaAbantu benshi bakunda kwibaza impamu uko imyaka ishira, ibintu bidenda bihenda, ku buryo bugaragara , bamwe bakibaza niba byaba biterwa n’amafaranga yabaye menshi abandi bagakeka ko ari uguta agaciro kwayo.
-
Uretse ubwiza, dore ibintu abasore bakunda ku bakobwa
1 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNubwo imiterere y’inyuma ishobora gukurura, hari ibindi bintu by’ingenzi abasore bakunda ku bakobwa. Ubushakashatsi bwagaragaje ko abasore bashimishwa n’abakobwa bafite imico n’imyitwarire myiza.
-
Min.Nduhungirehe yagaragaje impamvu umusonga w’Abanyekongo bagirirwa nabi n’ubutegetsi bwabo ubuza u Rwanda gusinzira
6 March, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, avuga ko u Rwanda nk’Igihugu cyabayemo Jenoside yakorewe Abatutsi, ruhora ruterwa impungenge n’ibikorwa bibi bikorerwa Abanyekongo bavuga Ikinyarwanda by’umwihariko abo mu bwoko bw’Abatutsi, kuko ruzi uburemere n’ingaruka zabyo.
Minisitiri Nduhungirehe yabitangaje mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Joshua Barnes w’ikinyamakuru Firstpost cyo mu Buhindi, cyagarutse ku bibazo byo mu burasirazuba bwa Repubulika (…) -
Ikigo UNITED SCHOLARS CENTER kigiye kongera guhuza Abayobozi ba za Kaminuza zo hanze n’Abifuza kuzigamo
5 February 2025, by UbwanditsiIkigo UNITED SCHOLARS CENTER kivuga ko Abanyeshuri bo mu Rwanda bifuza kwiga hanze badakwiye kugira impungenge izo arizo zose , kuko imbogamizi bahuraga nazo zo gushaka za Kaminuza bigamo zabonewe umuti urambye. Kuri ubu UNITED SCHOLARS CENTER ihuza Abanyeshuri bo mu Rwanda bifuza kwiga hanze ikabashakira za Kaminuza nziza mu Burayi, Amerika na Canada ndetse no muri Aziya, ikabashakira ibyangombwa byose bisabwa birimo ahari amashami bifuza, visa, uburyo bwo kwishura bworoshye, uburyo bwo (…)
Umuryango.rw
Perezida Trump yateguje urupfu umuhungu wa Ali Ayotallah
Itanganzo: Inyandiko imenyesha imikirize y’urubanza nomero RCOM 00038/2024/TC
MINEMA yasabye abanyarwanda kwirinda kuko hateganyijwe imvura nyinshi
Igitaramo cya Hip-Hop cyiswe "Mic Tribe" kigiye kuba ku nshuro ya 3
Ibaruwa yanditswe n’uwarokotse impanuka ya Titanic yagurishijwe Amadolari 400,000
Uretse ubwiza, dore ibintu abasore bakunda ku bakobwa
Min.Nduhungirehe yagaragaje impamvu umusonga w’Abanyekongo bagirirwa nabi n’ubutegetsi bwabo ubuza u Rwanda gusinzira
Ikigo UNITED SCHOLARS CENTER kigiye kongera guhuza Abayobozi ba za Kaminuza zo hanze n’Abifuza kuzigamo