Umufaransa uri mu bakomeye cyane ku Isi wamenyekanye mu kuvanga imiziki, David Guetta yagaragaje ko yishimiye kuba yibarutse umwana w’ubuheta.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
David Guetta yibarutse ubuheta bwe na Jessica
28 February, by ISIMBI Estella -
Minisitiri Ugirashebuja ahangayikishijwe n’amahanga atarafatiye isomo ku Rwanda ngo akumire ibibera muri RDC
27 February, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ubutabera, Dr. Emmanuel Ugirashebuja, yatangaje ko umuryango mpuzamahanga utakuye isomo ku bihe by’umwijima u Rwanda rwanyuzemo mu myaka 32 ishize ngo akumire indi Jenoside iri gututumba muri Repubulika Iharanira Demokarasis ya Congo.
-
MINEMA yasabye abanyarwanda kwirinda kuko hateganyijwe imvura nyinshi
5 March, by ISIMBI EstellaMinisitiri ushinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, Gen Maj (Rtd) Albert Murasira, yasabye Abanyarwanda kwirinda ingaruka z’ibiza bishobora guterwa n’imvura nyinshi imaze iminsi igwa, yibutsa abatuye mu manegeka kwimuka.
-
Ubwongereza bwavuze ko butazifatanya na Amerika na Israel mu bitero kuri Iran
2 March, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Intebe w’Ubwongereza, Keir Starmer, ubwo yari mu nteko nshingamategeko, yavuze ko igihugu cy’Ubwongereza kitazigera kifatanya na Amerika ndetse na Israel, mu bitero byagabye kuri Iran.
-
Christopher Muneza yasabye ko ihangana rya The Ben na Bruce Melodie ritapfukirana izindi mpano
27 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmuririmbyi Muneza Christopher, wamamaye nka Christopher mu muziki nyarwanda, yatangaje ko gukabya guha umwanya inkuru z’ihangana rivugwa hagati ya The Ben na Bruce Melodie bishobora gutuma izindi mpano zikomeye zitabonwa uko bikwiye.
-
Algeria: Indege ya gisirikare yahanutse ihitana babiri
5 March, by Angeline MUKANGENZIIndege y’igisirikare cya Algeria kirwanira mu kirere yahanutse ikimara guhaguruka mu kigo cya gisirikare cya cy’ingabo zirwanira mu kirere cya Boufarik, ihitana babiri mu itsinda riyitwara.
-
Rayon Sports yihagazeho igwa miswi na Al Hilal itangira guhumukera kuri APR FC
26 February, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe ya Rayon Sports yihagazeho inganya na Al Hilal igitego 1-0 mu mukino w’ikirarane cyo ku munsi wa 19 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda ya 2025/2026.
-
Hari umunyakenyakazi ubasha kubonera abana 50 amashereka abahaza
10 July 2025, by Joseph IradukundaI Nairobi muri Kenya umubyeyi witwa Njoroge Chelimo w’imyaka 36, umaze kubyara abana 2, asobanura uko yisanze yifitemo ubushobozi budasanzwe bwo kugira amashereka menshi ku buryo abona ahaza abana be, ariko agasagura n’andi menshi afashisha abandi bayakeneye, ku buryo abona ayahaza abana 50.
-
Mackenzi yasabye Kiyovu Sports yugarijwe n’ibibazo gusesa amasezerano
15 January 2025, by Joseph IradukundaNyuma yo guhagarika akazi ayishinja kutubaha ibikubiye mu masezerano bagiranye, Nizigiyimana Karim uzwi nka Mackenzi ukina ku ruhande rw’iburyo mu bwugarizi, yahisemo kwandikira iyi kipe ayimenyesha ko yamaze gusesa amasezerano y’umwaka umwe yari aherutse gusinyira iyi kipe.
-
Uko wakunda bundi bushya nyuma yo gukomerekera mu rukundo
20 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuWigeze ukunda umuntu bikarangira ubibabariyemo ugakomereka umutima ku buryo wumva wazinutswe gukunda? Nta cyizere wumva uzongera kugirira uwo ari we wese mu rukundo? Waba warakunze umuntu ukamwimariramo ukamwiha wese utamubangikanya n’undi hanyuma akaguhemukira ndetse ukamenya ko yanakubeshyaga akuryarya agutendeka anaguca inyuma? Hano, inzobere mu by’urukundo n’imibanire ziragusobanurira inzira wacamo ukongera ukabona urukundo ugakunda ugakundwa ukanyurwa n’uburyohe bw’urukundo gabo gore. (…)
Umuryango.rw
David Guetta yibarutse ubuheta bwe na Jessica
Minisitiri Ugirashebuja ahangayikishijwe n’amahanga atarafatiye isomo ku Rwanda ngo akumire ibibera muri RDC
MINEMA yasabye abanyarwanda kwirinda kuko hateganyijwe imvura nyinshi
Christopher Muneza yasabye ko ihangana rya The Ben na Bruce Melodie ritapfukirana izindi mpano
Algeria: Indege ya gisirikare yahanutse ihitana babiri
Rayon Sports yihagazeho igwa miswi na Al Hilal itangira guhumukera kuri APR FC
Hari umunyakenyakazi ubasha kubonera abana 50 amashereka abahaza
Mackenzi yasabye Kiyovu Sports yugarijwe n’ibibazo gusesa amasezerano
Uko wakunda bundi bushya nyuma yo gukomerekera mu rukundo