Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko igiye gutangiza uburyo abana bamaze igihe bataye ishuri bajya bagira gahunda yihariye bigamo kuko gutangirira mu mwaka bari bagezemo kandi bamwe barakuze cyane bibagora kwigana na barumuna babo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
MINEDUC igiye gutangiza uburyo bushya bwo kwigisha abana bari barataye amashuri
23 January, by Angeline MUKANGENZI -
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
29 April, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NSHIMYUMUKIZA Emile ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
-
Perezida Kagame yakiriye abagize ikigega cy’ubukungu muri Kazakhstan
6 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro itsinda ry’abayobozi muri Samruk-Kazyna, Ikigega cy’Ubukungu kibumbiye hamwe ibigo bya Leta muri Kazakhstan, riyobowe na Nurlan Zhakupov ukiyobora.
-
Abakina UFC bagiye guhugura abakozi ba FBI
13 March, by Angeline MUKANGENZIAbakina imikino njyarugamba ya Ultimate Fighting Championship (UFC), bagiye guhugura abakozi b’Urwego rw’Iperereza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (FBI).
-
Kitoko yabajijwe iby’umukunzi we ati ‘mumpe akanya’
1 March, by Angeline MUKANGENZIUmuhanzi Bibarwa Patrick, wamenyekanye mu muziki Nyarwanda nka Kitoko yabajijwe igihe ikibura kugira ngo ashinge urugo cyangwa ashake umukunzi, asaba abakunzi we kumuha umwanya.
-
RIB yatangaje icyishe umwanditsi w’Urukiko rwisumbuye rwa Huye uherutse gupfa
22 April, by Angeline MUKANGENZIUmuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yasobanuye ko Rwamurima Diogène w’imyaka 38 wari umwanditsi w’Urukiko Rwisumbuye rwa Huye yishwe n’indwara yo guturika tw’imitsi ijyana amaraso mu bwonko izwi nka “stroke”.
-
Ingaruka zo guhemba umukozi amafaranga make
25 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuImpuguke mu bukungu zigaragaza ko guhemba umukozi amafaranga adatuma yiteza imbere, bigira ingaruka ku musaruro atanga, bikaba n’umutwaro ku gihugu.
Ibi ni mu gihe hari abakozi barimo n’abo mu nganda bavuga ko bahembwa amafaranga make atajyanye n’imvune bakuramo.
Bamwe mu bakora imirimo itandukanye mu nganda bavuga ko amafaranga bahembwa adahuye n’imvune bakuramo, akaba kandi atabatunga, ngo banishyure ubwisungane mu kwivuza cyangwa kwishyurira abana amashuri.
Minisitiri w’Intebe, Dr. (…) -
Umufana wakoreye irondaruhu Marcus Rashford yakatiwe
30 April, by ISHIMWE Jean de DieuUrugamba rwo kurwanya ivangura mu mupira w’amaguru rurakomeje ndetse urukiko rwo mu mujyi wa Oviedo muri Espagne rwakatiye umufana watutse rutahizamu wa FC Barcelona ku ntizanyo ya Manchester United, Marcus Rashford.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
3 March, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NSHIMYUMUKIZA Emile ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
23 February, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NIYIBIZI JEAM MARIE VIANNEY ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
Umuryango.rw
MINEDUC igiye gutangiza uburyo bushya bwo kwigisha abana bari barataye amashuri
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
Perezida Kagame yakiriye abagize ikigega cy’ubukungu muri Kazakhstan
Kitoko yabajijwe iby’umukunzi we ati ‘mumpe akanya’
RIB yatangaje icyishe umwanditsi w’Urukiko rwisumbuye rwa Huye uherutse gupfa
Ingaruka zo guhemba umukozi amafaranga make
Umufana wakoreye irondaruhu Marcus Rashford yakatiwe