Minisitiri w’Intebe, Dr. Nsengiyumva Justin, n’abandi bayobozi batandukanye bifatanyije n’abaturage b’Imirenge ya Mageragere na Gahanga yo mu Turere twa Nyarugenge na Kicukiro mu Mujyi wa Kigali no mu nkengero zaho mu muganda rusange usoza ukwezi kwa Gashyantare.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kigali: Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva yifatanyije n’abaturage mu muganda rusange
28 February, by ISIMBI Estella -
IBISOBANURO N’AMATEKA BY’UMUNSI WA SAINT VALENTIN.
14 February 2025, by ISIMBI EstellaMu busanzwe umunsi wa Saint Valentin wizihizwa tariki ya 14 Gashyantare ku isi hose ufatwa nk’umunsi w’abakundana, uwo munsi ukaba uhurirana n’umunsi Kiliziya Gatolika izirikana ku buzima bwa Mutagatifu Valantini.
Ariko kuri uwo munsi wa Saint Valentin (Valentine’s Day) hari ibintu byinshi bitandukanye bikunze kuvugwa, ariko si ko byose aribyo, kandi si nako abantu bose babyumvikanaho. Gusa uwo munsi wo urahari. Aha rero turagaruka kuri bimwe mu byagiye biranga uwo munsi kuva igihe (…) -
Rusizi: Howo yakomerekeje bikomeye umumotari n’umugenzi yari atwaye
22 July 2025, by Joseph IradukundaImodoka yo mu bwoko bwa Truck Howo yavaga aho bakura kariyeri ikoreshwa mu gukora sima muri CIMERWA yerekeza muri uru ruganda, ifite pulake RAE 995M, yagonze umumotari n’umugenzi yari atwaye barakomereka bikomeye.
-
Element yegukanye igihembo muri Afrima ashimira u Rwanda
12 January, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi ubifatanya no gutunganya ibihangano (Producer) Mugisha Fred Robinson uzwi nka Element EleeeH, yegukanye igihembo cy’umuuhanga mu gutunganya imiziki (producer) mwiza w’umwaka wa 2025 mu bihembo bya ‘AFRIMA’ ashimira u Rwanda.
-
Izajya ihabwa n’abakivuka: Iby’ingenzi wamenya ku irangamuntu nshya igiye kujya itangwa mu Rwanda
17 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo cy’Igihugu gishinzwe Irangamuntu NIDA kiratangaza ko igerageza rya mbere ryo gutanga irangamuntu nshya ikoranye ikoranabuhanga, rizatangira mu kwezi gutaha kwa Nyakanga, kikanavuga itandukaniro ryayo n’isanzwe, aho izajya ihabwa abantu bose kuva ku bakivuka.
Ubuyobozi bw’iki Kigo, butangaza ko ibikorwa remezo bizifashishwa mu gukora izi rangamuntu nshya, bigeze kuri 90% ku buryo mu kwezi gutaha hazaba hatangiye igerageza.
Umuyobozi wa NIDA, Mukesha Josephine avuga ko iyi (…) -
Umunyarwanda wabaga muri Amerika bamusanze mu nzu yapfuye
4 February 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyarwanda Ndayishimiye Innocent wari utuye mu Mujyi wa Chicago muri Leta zunze Ubumwe z’ Amerika bamusanze mu rugo yabagamo yapfuye, kugeza n’ubu ntiharamenyekana inkomoko y’urupfu rwe.
Uyu musore w’imyaka 25 y’amavuko yamenyekanye cyane mu minsi ishize ubwo yakoraga amashusho y’indirimbo zitandukanye z’abahanzi b’Abanyarwanda. Mu ndirimbo yakoze harimo iyitwa ‘Merci’ y’ Umuhanzi w’ Umunyarwanda Alpha Rwirangira.
Yanavuzwe bikomeye mu makimbirane yagiranye na The Ben biturutse ku (…) -
DORE URUTONDE RWA BAHANZI 10 BAKUZE KURENZA ABANDI MU RWANDA.
5 February 2025, by ISIMBI EstellaKuva cyera na kare u Rwanda rwagize abahanzi b’inganzo ikubiyemo ubuhanga buhambaye, bamwe murabo baboneye izuba abandi ndetse bababera urugero rwiza ko nabo baba abahanzi bakomeye. muriyi nkuru mutwemerere tugaruke ku bahanzi 10 bakuze kurenza abandi mu ruganda rwa muzika nyarwanda.
-
Uko wakunda bundi bushya nyuma yo gukomerekera mu rukundo
20 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuWigeze ukunda umuntu bikarangira ubibabariyemo ugakomereka umutima ku buryo wumva wazinutswe gukunda? Nta cyizere wumva uzongera kugirira uwo ari we wese mu rukundo? Waba warakunze umuntu ukamwimariramo ukamwiha wese utamubangikanya n’undi hanyuma akaguhemukira ndetse ukamenya ko yanakubeshyaga akuryarya agutendeka anaguca inyuma? Hano, inzobere mu by’urukundo n’imibanire ziragusobanurira inzira wacamo ukongera ukabona urukundo ugakunda ugakundwa ukanyurwa n’uburyohe bw’urukundo gabo gore. (…)
-
Ibimenyetso 10 byakwereka ko ushobora kuba utwite bitagusabye kwipimisha
9 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIkibazo ’Ese naba ntwite?’ kiri mu bikunze kwibazwa kenshi n’ab’igitsina gore bifuza kubyara, cyangwa abatabyifuza nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina idakingiye.
-
Zelenskyy yongeye gutera utwatsi ibyo guharira u Burusiya ubutaka
25 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yashimangiye ko Abanya-Ukraine bazakomeza kurwanira kuguma ku butaka bwabo, burimo n’ubwigaruriwe n’u Burusiya kuri ubu.
Umuryango.rw
Kigali: Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva yifatanyije n’abaturage mu muganda rusange
IBISOBANURO N’AMATEKA BY’UMUNSI WA SAINT VALENTIN.
Rusizi: Howo yakomerekeje bikomeye umumotari n’umugenzi yari atwaye
Element yegukanye igihembo muri Afrima ashimira u Rwanda
Izajya ihabwa n’abakivuka: Iby’ingenzi wamenya ku irangamuntu nshya igiye kujya itangwa mu Rwanda
DORE URUTONDE RWA BAHANZI 10 BAKUZE KURENZA ABANDI MU RWANDA.
Uko wakunda bundi bushya nyuma yo gukomerekera mu rukundo
Ibimenyetso 10 byakwereka ko ushobora kuba utwite bitagusabye kwipimisha
Zelenskyy yongeye gutera utwatsi ibyo guharira u Burusiya ubutaka