Nubwo benshi batekereza ko abagabo batita cyane ku rukundo nk’uko abagore babigenza, ubushakashatsi bwerekanye ko ari bo baba bafite intimba nyinshi iyo batandukanye n’abo bakundanaga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abagabo bashegeshwa no gutandukana n’abo bakundanaga kurusha abagore – Ubushakashatsi
23 January, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Haruna Niyonzima yahakanye ibyo gusezera ruhago burundu
4 March, by ISHIMWE Jean de DieuHaruna Niyonzima wabaye kapiteni w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda yahakanye ibyo gusezera gukina umupira w’amaguru burundu.
-
RUBONEKA SEMANAMA Charles yasabye guhindurirwa amazina akitwa RUBONEKA Charles
17 April, by ISIMBI EstellaRUBONEKA SEMANAMA Charles yasabye guhindurirwa amazina akitwa RUBONEKA Charles mu bitabo byiraga imerere.
-
Umunyamakuru akaba n’umunyarwenya Japhet yahawe inshingano zimuzamura mu ntera
13 March, by Angeline MUKANGENZIUmunyamakuru akaba n’umunyarwenya Japhet Mazimpaka ukorera Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru, yagizwe umuyobozi wa Televiziyo ya KC2 asimbura Gloria Mukamabano uherutse gusezera.
-
Marburg inkomoko yayo yamenyekanye ariko hirindwa kugira utungwa urutoki
20 October 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana avuga ko icyorezo cya Marburg cyadutse mu Rwanda kivuye mu ducurama ariko atavuze aho twari turi.
-
Minisitiri Ngirente yasubije abanyeshuri batewe impungenge n’ifungwa ry’amashuri bafite ibizamini bya Leta
29 June 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri tariki ya 29 Kamena 2021,Guverinoma yavuguruye amabwiriza yo kwirinda Covid-19, itangaza ingamba zikaze zigomba gukurikizwa mu turere umunani n’Umujyi wa Kigali, zirimo ko amashuri yose agomba gufunga.
-
Niwe Nyampinga w’u RWANDA wize amashuli menshi
10 February 2025, by ISIMBI Estellau Rwanda rufite abakobwa 13 batwaye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda aba bakobwa bose bagiye batwara iryo kamba mu bihe ndetse no mu myaka itandukanye. gusa nubwo aba bakobwa abenshi usanga bazwiho ubwiza gusa burya binajyana n’ubwenge niyo mpamvu muriyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibitandukanye ku buzima bwa Akiwacu colombe Nyampinga w’u Rwanda w’intiti kurenza abandi. murakaza neza muriyi nkuru.
-
U Rwanda rwashyizeho ibiciro bishya by’ibikimoka kuri peteroli
4 March, by Angeline MUKANGENZIU Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli bizakurikizwa mu mezi abiri ari imbere ahi litiro ya lisansi yagumye kuri 1.989 Frw mu gihe iya mazutu yageze yageze kuri 1.948 Frw.
-
2027: Abarimu bose b’u Rwanda bazaba bazi Icyongereza mpuzamahanga
17 November 2025, by ISIMBI EstellaGuverinoma y’u Rwanda yijeje ko bitarenze mu mwaka wa 2027 abarimu mu bose b’u Rwanda bazaba bazi neza uririmi rw’Icyongereza cyo ku rwego mpuzamahanga ibizwi nka B2.
-
Chia Seeds, igihingwa cyaturutse Amerika y’Amajyepfo cyerera amezi atatu ikilo kikagura 3000frws!
18 May 2022, by UbwanditsiGahunda y’ibikorwa byo guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda ya 2018-2024 (Strategic Plan for Agriculture Transformation 2018-24) igaragaza ko uruhare rw’ubunzi bworozi mu iterembere ry’ubukungu mu myaka yatambutse rwari ku gipimo cya 5.3% naho uruhare rw’umusaruro w’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi byoherezwa hanze y’igihugu rukaba rwari ku gipimo cya 3.8%.
Ibi bigaraza ko hakenewe gushirwa imbaraga mu ishoramari n’ubushakashatsi mubihingwa bishya ndetse n’ubworozi byazamura (…)
Umuryango.rw
Abagabo bashegeshwa no gutandukana n’abo bakundanaga kurusha abagore – Ubushakashatsi
Haruna Niyonzima yahakanye ibyo gusezera ruhago burundu
RUBONEKA SEMANAMA Charles yasabye guhindurirwa amazina akitwa RUBONEKA Charles
Marburg inkomoko yayo yamenyekanye ariko hirindwa kugira utungwa urutoki
Minisitiri Ngirente yasubije abanyeshuri batewe impungenge n’ifungwa ry’amashuri bafite ibizamini bya Leta
Niwe Nyampinga w’u RWANDA wize amashuli menshi
U Rwanda rwashyizeho ibiciro bishya by’ibikimoka kuri peteroli
2027: Abarimu bose b’u Rwanda bazaba bazi Icyongereza mpuzamahanga
Chia Seeds, igihingwa cyaturutse Amerika y’Amajyepfo cyerera amezi atatu ikilo kikagura 3000frws!