Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu y’Abagore ya Iran bateye isaruti ubwo baririmbaga indirimbo yubahiriza igihugu cyabo mbere y’umukino w’Igikombe cya Aziya bahuyemo na Australia yakiriye irushanwa, bitandukanye n’ubushize ubwo barucaga bakarumira ku mukino wa mbere bakinnye ku wa Mbere.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu ya Iran bisubiyeho
5 March, by Angeline MUKANGENZI -
Sudani y’Epfo: Loni yambitse imidari y’ishimwe Ingabo z’u Rwanda
3 March, by Angeline MUKANGENZIIngabo z’u Rwanda (Rwanbatt-1) ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS) zambitswe imidali ya Loni mu rwego rwo kubashimira uruhare rwabo mu bikorwa byo kubungabunga amahoro.
-
Umukozi w’Ibiro by’abinjira n’abasohoka muri USA yishe umuntu biteza imyigaragambyo
8 January, by ISIMBI EstellaImyigaragambyo yadutse mu mujyi wa Minneapolis muri Leta ya Minnesota, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma y’uko umukozi w’Ibiro bishinzwe Abinjira n’Abasohoka,(ICE) yishe arashe umugore w’imyaka 37 witwa Renee Nicole Good.
-
Iran yabwiye Amerika na Isiraheli ko izihorera
1 March, by Angeline MUKANGENZIUmunyamabanga w’Inama Nkuru y’Umutekano ya Iran, Ali Larijani yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Isiraheli babateye icyuma mu mutima nyuma yuko bishe Umuyobozi w’Ikirenga wabo, Ayatollah Ali Khamenei ariko bitazagarukira aho kuko nabo bazasogota imitima yabo kandi by’igihe kirekire.
-
Perezida Kagame yakiriye abagize ikigega cy’ubukungu muri Kazakhstan
6 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro itsinda ry’abayobozi muri Samruk-Kazyna, Ikigega cy’Ubukungu kibumbiye hamwe ibigo bya Leta muri Kazakhstan, riyobowe na Nurlan Zhakupov ukiyobora.
-
Musanze: Umusore w’imyaka 33 bamusanze mu murima w’ibirayi yapfuye
22 July 2025, by Joseph IradukundaUmusore w’imyaka 33 witwa Nzeyimana, yasanzwe mu murima w’ibirayi wa Niyireba Eric yapfuye, mu Murenge wa Kinigi, Akagari ka Bisoke, Umudugudu wa Bunyenyeri mugitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 22 Nyakanga 2025 saa kumi n’ebyiri n’igice, kugeza ubu hakaba hataramenyekana icyamwishe.
-
Tom Close yakubise inkonji Bad Rama
24 February, by ISIMBI EstellaTom Close yibukije abanyarwanda ko uvuga nabi Leta aba yototera umuturage nka kumwe imbeba irya umuhini yototera isuka.
-
Kenya: Barimo kwigaragambya basaba ko abana babo bashutswe bakoherezwa ku rugamba mu Burusiya bagarurwa mu gihugu
6 March, by Angeline MUKANGENZIImiryango itandukanye ya baturage muri Kenya ku wa 5 Werurwe 2026, yakoreye imyigaragambyo mu murwa mukuru wa Nairobi isaba ko leta y’icyo gihugu yatabara abana babo bavuga ko bashutswe bakoherezwa ku rwanira u Burusiya mu ntambara iri kubera muri Ukraine.
-
Burundi Abarimu 1800 bamaze kuva mu kazi mu mezi atandatu gusa
26 February, by Angeline MUKANGENZIIkibazo cy’abarimu bava mu mwuga wabo mu Gihugu cy’u Burundi gikomeje gufata intera, aho mu mezi atandatu gusa, abarenga 1 800 bigishaga mu mashuri yisumbuye bateye umugongo ubwarimu.
-
Denmark yaranduye iby’ababyeyi banduza abana SIDA na Mburugu
28 February, by Angeline MUKANGENZIIshami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, ryatangaje ko kugeza ubu ku Isi ibihugu 23 ari byo bimaze kurandura kwanduza umwana SIDA na Mburugu biturutse ku mubyeyi.
Umuryango.rw
Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu ya Iran bisubiyeho
Sudani y’Epfo: Loni yambitse imidari y’ishimwe Ingabo z’u Rwanda
Umukozi w’Ibiro by’abinjira n’abasohoka muri USA yishe umuntu biteza imyigaragambyo
Iran yabwiye Amerika na Isiraheli ko izihorera
Perezida Kagame yakiriye abagize ikigega cy’ubukungu muri Kazakhstan
Musanze: Umusore w’imyaka 33 bamusanze mu murima w’ibirayi yapfuye
Tom Close yakubise inkonji Bad Rama
Kenya: Barimo kwigaragambya basaba ko abana babo bashutswe bakoherezwa ku rugamba mu Burusiya bagarurwa mu gihugu
Denmark yaranduye iby’ababyeyi banduza abana SIDA na Mburugu