Urukiko rwa Gisirikare rwa Nyamirambo kuri uyu wa 13 Kanama 2025, rwatangiye kuburanisha abantu barenga 20 barimo abofisiye mu Ngabo z’u Rwanda, mu Rwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora (RCS) n’abasivili, bakekwaho ibyaha bijyanye n’uburyo haguzwe amatike y’indege hakoreshejwe konti ya Minisiteri y’Ingabo binyuranyije n’amategeko.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abofisiye ba RDF na RCS mu bashinjwa muri dosiye ya APR FC
13 August 2025, by ISIMBI Estella -
Umuhuro wa Putin na Zelensky watangiye gututumba
23 April, by Angeline MUKANGENZIUmuvugizi w’Ibiro bya Putin, Dmitry Peskov, yatangaje ko Perezida w’u Burusiya, yiteguye guhura na mugenzi we wa Ukraine, Volodymyr Zelensky.
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo wimukanwa
5 January, by ISIMBI EstellaUmuhesha w’inkiko w’umwuga Me KAGAME K Festo aramenyesha abantu bose ko hateganyijwe ipiganwa muri cyamunara y’umutungo wimukanwa uherereye mu karere ka GASABO
-
2025: Habaye gatanya 4,479, Kigali iza ku isonga na 1,119
17 April, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR)cyatangaje ko umwaka ushize wa 2025, muri raporo y’Ibarurishamibare ry’Abaturage mu Rwanda yagaragaje ko habaye gatanya 4,479; aho Umujyi wa Kigali uza ku isonga na gatanya 1,119.
-
Ubu ni uburyo butanu bwagufasha kugabanya umunaniro kugirango ubone ibitotsi
9 February, by Angeline MUKANGENZIBurya gusinzira neza nijoro ntibigirwamo uruhare n’aho uryama, ibyo uryamamo, cyangwa uko ijoro ryawe rigenda gusa. Turebere hamwe ibindi byagufasha gusinzira neza.
-
Kenya: Barimo kwigaragambya basaba ko abana babo bashutswe bakoherezwa ku rugamba mu Burusiya bagarurwa mu gihugu
6 March, by Angeline MUKANGENZIImiryango itandukanye ya baturage muri Kenya ku wa 5 Werurwe 2026, yakoreye imyigaragambyo mu murwa mukuru wa Nairobi isaba ko leta y’icyo gihugu yatabara abana babo bavuga ko bashutswe bakoherezwa ku rwanira u Burusiya mu ntambara iri kubera muri Ukraine.
-
Abavandimwe ba Michael Jackson bavuze ko yabasambanyije, basaba indishyi
3 March, by ISIMBI EstellaAbavandimwe ba Michael Jackson witabye Imana mu 2009, bareze uyu muhanzi w’icyamamare, bagaragaza ko yabashoye mu busambanyi ubwo bari bakiri bato, bakifuza indishyi.
-
Umunyarwandakazi yiyemeje gukina filime asambana
9 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmukinnyi wa filime w’Umunyarwandakazi, Natacha Ndahiro yavuze ko adafite ikibazo na gito cyo gukina filime irimo imibonano mpuzabitsina, igihe byaba bifite icyo bimumarira mu rugendo rwe rwa sinema.
-
Latricia Ian yagizwe Miss World Tanzania
21 April, by ISIMBI EstellaKu nshuro ya mbere muri Tanzania hatowe Miss World Tanzania ikamba Latricia Ian w’imyaka 24 y’amavuko akaba ari we wegukanye ikamba, aho yitezweho kuzahagararira icyo gihugu mu marushanwa y’ubwiza ya ‘Miss World rigiye kuba ku nshuro ya 75.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
16 April, by ISHIMWE Jean de DieuUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NSHIMYUMUKIZA EMILE ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
Umuryango.rw
Abofisiye ba RDF na RCS mu bashinjwa muri dosiye ya APR FC
Umuhuro wa Putin na Zelensky watangiye gututumba
Itangazo rya cyamunara y’umutungo wimukanwa
2025: Habaye gatanya 4,479, Kigali iza ku isonga na 1,119
Kenya: Barimo kwigaragambya basaba ko abana babo bashutswe bakoherezwa ku rugamba mu Burusiya bagarurwa mu gihugu
Abavandimwe ba Michael Jackson bavuze ko yabasambanyije, basaba indishyi
Umunyarwandakazi yiyemeje gukina filime asambana
Latricia Ian yagizwe Miss World Tanzania
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA