Umukinnyi wa filime Chris Hemsworth wamamye muri filime ‘Avengers’ yamenyekanye cyane mu Rwanda, yatangaje impamvu yatumye afata icyemezo cyo kuva muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, akimukira muri Australia.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Chris Hemsworth yahishuye impamvu yimukiye muri Australia
26 February, by ISIMBI Estella -
Dore uko wagabanya umuvuduko w’amaraso bidasabye imiti
18 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuvuduko w’amaraso ukabije ushobora guterwa n’ibintu bitandukanye, harimo uruhererekane rwo mu muryango, kunywa itabi, kuba umuntu arwaye Diyabete, no kuba nta siporo ajya akora. Kugira umuvudko w’amaraso ukabije byongera ibyago byo kugira amaraso yipfundika mu mitsi ntagere ku mutima bikawubuza gukora (heart attacks), n’indwara z’umutima.
-
DORE MPAMVU ZISHOBORA GUTERA KUGABANUKA KW’AMASOHORO KU MUGABO BIGATERA INTANGA NGABO KUGENDA GAKE CYANGWA KUBA ARI IBIHUHWE ( ZIDAFITE UBUZIMA)?
28 April 2025, by UbwanditsiAmasohoro agaragara igihe umusore ageze mu gihe cy’ubugimbi atangiye kwiroteraho. Kuva icyo gihe kugeza ashaje, iyo nta bundi burwayi bikomeza kumubaho, inshuro zitandukanye gusa muri rusange ntiharenga ukwezi utiroteyeho.
-
TikTok yaguzwe n’Abanyamerika
23 January, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bw’Ikigo cy’Ikoranabuhanga cyo mu Bushinwa, ByteDance kigenzura TikTok, bwatangaje ko bwasinye amasezerano y’ubufatanye n’ibigo by’ishoramari by’Abanyamerika azafasha uru rubuga rwacyo gukomeza gukorera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
Mwiseneza Josiane yakiriye abanya Canada bashaka gutera inkunga umushinga we
12 February 2019, by Dusingizimana RemyAbanya Canada barimo umudepite witwa Eve Torees na Jean Claude Aimé Kumuyange baraye bageze mu Rwanda baje guhura na Mwiseneza Josiane kugira ngo batere inkunga umushinga we.
-
Manzi Sezisoni yongeye gusaba urukiko kurekurwa by’agateganyo akishyura abamurega
10 June 2025, by ISIMBI EstellaManzi Sezisoni Davis uregwa kwambura abaturage arenga miliyoni 10$ binyuze muri sosiyete ye yise Billion Traders, yongeye gusaba Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo kurekurwa by’agateganyo akabanza kwishyura abamurega.
-
Bonnie Mugabe yatangiye inshingano nshya muri FERWAFA
1 December 2025, by ISIMBI EstellaUmunyamabanga Mukuru mushya w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru (FERWAFA), Bonnie Mugabe, yatangiye inshingano nyuma yo gukora ihererakanyabubasha na Mugisha Richard wari umaze amezi atatu muri izi nshingano by’agateganyo azifatanya no kuba Visi Perezida wa Kabiri ushinzwe Tekinike.
-
Prosper Nkomezi yageze muri Israel
17 February, by ISIMBI EstellaProsper Nkomezi yageze I Tel Aviv ku wa 17 Gashyantare 2026. Uyu muhanzi yagiye mbere y’iminsi kugirango yitegure neza igitaramo cya mbere agiye gukorera muri Israel.
-
RDB yinjiye mu iperereza ku birego bya serivisi mbi muri Hoteli Château Le Marara
16 July 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB) rwatangiye iperereza ku birego by’imitangire mibi ya serivisi, bivugwa muri hoteli Château Le Marara iherereye mu Karere ka Karongi.
-
ESE NINDE WISHE UMUHANZI TUPAC ?
17 February 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperi Tupac ntazibagirana mu mateka ya muzika ndetse n’injyana ya Hip Hop muri rusange, kuva akiri umwana w’amezi macye munda ya Nyina afeni shakuru atera utugeri ,kugenda ukagera ubwo yari igitambambuga ugakomeza no mu bihe yari amaze kugimbuka , nta muntu numwe mubo bakuranye mu rusisiro rwa Baltimore mu mujyi wa Newyork watekerezaga ko hari umunsi inzoka irabagirana nk’uko izina rye ribisobanura, yashoboraga kuvamo igihangange akaba icyatwa ndetse izina rye rikamamara (…)
Umuryango.rw
Dore uko wagabanya umuvuduko w’amaraso bidasabye imiti
DORE MPAMVU ZISHOBORA GUTERA KUGABANUKA KW’AMASOHORO KU MUGABO BIGATERA INTANGA NGABO KUGENDA GAKE CYANGWA KUBA ARI IBIHUHWE ( ZIDAFITE UBUZIMA)?
TikTok yaguzwe n’Abanyamerika
Manzi Sezisoni yongeye gusaba urukiko kurekurwa by’agateganyo akishyura abamurega
Bonnie Mugabe yatangiye inshingano nshya muri FERWAFA
Prosper Nkomezi yageze muri Israel
RDB yinjiye mu iperereza ku birego bya serivisi mbi muri Hoteli Château Le Marara
ESE NINDE WISHE UMUHANZI TUPAC ?