Bajya bavuga ngo imyaka ni nk’inkorora ntabwo wayihisha ngo ndetse uko wagerageza kwiyitaho kose birangira ugaragaje cyangwa se umubiri bigaragara ko utakiri muto, gusa ibyo ni imvugo zicyuye igihe kuko ku munsi wa none umuntu asigaye ageza imyaka 30 akigaragara nkukiri muto.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Imyaka 30 ntikiri ibirenze! Dore abagore b’ibyamamare mu Rwanda bayirengeje ariko n’ubu bakaba bacyerereza abagenzi
22 May 2025, by Gladiator OG -
Urubanza rwa Djihad na bagenzi be bajuririye igihano cy’imyaka itatu bakatiwe rugiye kuburanishwa
30 April, by Angeline MUKANGENZIUrukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rugiye kuburanisha urubanza rwa Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad, Ishimwe François Xavier, Kwizera Nestor uzwi nka Pappy Nesta na Kalisa John uzwi nka K John, bajuririye igihano cy’igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya miliyoni 3 Frw bakatiwe kuri buri wese nyuma yo kubahamya icyaha cyo gusakaza amashusho yerekeranye n’imikoreshereze y’ibitsina, hakoreshejwe mudasobwa cyangwa urusobe rwa mudasobwa.
-
Kenya: Ruto yavuze ku biciro bya lisansi byatumbagiye ugereranyije n’ibihugu baturanye
20 April, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Kenya, William Ruto, yasobanuye impamvu ibiciro bya lisansi muri iki gihugu bisa n’ibiri hejuru ugereranyije n’ibihugu bituranye, avuga ko ari uko Kenya ari igihugu gifite ubukungu buciriritse kuko urebye nk’imihanda iki guhugu kigomba kwitaho ijya kungana n’iri muri ibyo bihugu byose byiteranyije.
-
FARDC yabujije abasirikare bayo gutera AFC/M23
30 July 2025, by ISIMBI EstellaIgisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyabujije abasirikare bacyo kugaba ibitero ku birindiro by’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bw’iki gihugu.
-
RDF yashimiye abasirikare batangiye ikiruhuko cy’izabukuru
29 July 2025, by Joseph IradukundaUbuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwasezeye ku basirikare bageze ku myaka y’ikiruhuko cy’izabukuru mu birori byo kubashimira umurimo w’indashyikirwa bakoreye Igihugu.
-
Nyarugunga: Muri Jenoside kubari baturanye no kwa Habyarimana bahuye n’amahano
12 April 2025, by ISIMBI EstellaAbarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bari batuye mu Murenge wa Nyarugunga mu Karere ka Kicukiro hafi y’ahari hatuye uwari Perezida w’u Rwanda, Habyarimana Juvénal, bavuga ko bahuye n’akaga ubwo Jenoside yatangiraga. Kuva muri ako gace ngo bahunge byari bigoye kubera ko hari harinzwe cyane, hagaragara Interahamwe nyinshi, abarindaga umukuru w’igihugu n’abasirikare ba Leta y’icyo gihe bo mu kigo cya Kanombe, bose bafatanyaga mu kwica Abatutsi.
-
Abita FDLR abasaza, imikoranire na RDC n’ibinyoma ku Rwanda: Musoni uri mu bashinze FDLR yavuze
10 April 2025, by ISIMBI EstellaMusoni Straton uri mu bashinze umutwe w’iterabwoba wa FDLR ugizwe n’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi, akanawubera Visi Perezida, yagaragaje ko u Rwanda rudashobora kwemera ko hari ikibi nka Jenoside yakorewe Abatutsi cyakongera kurubamo, anakurira inzira ku murima abibwira ko bazarwinjiramo bakoresheje imbaraga za gisirikare.
-
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP18: Urugendo rwa Amb. James MUSONI wamaze imyaka 13 muri Guverinoma
30 June 2021, by Dusingizimana RemyIkiganiro IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#18 kigaruka ku rugendo rwa Politiki rwa Amb.James MUSONI wamaze imyaka irenga 13 muri Guverinoma! Amb. Musoni wakomeye cyane bigeza aho hari n’abakeka ko yaba ariwe "MUSIMBURA" ari nako avugwa muri dosiye zikomeye ariko ubuzima bugakomeza! Uko byarangiye hari abakeka ko ubuzima bwe bwa Politiki burangiye ubwo Capt(Rtd) Safari yamushinjaga kumutwarira "UMUGORE" ariko nyuma y’amezi 6 agakora "Comeback" itunguranye! Ibi byose ni muri iki kiganiro!
IBYAKOZWE (…) -
Gitifu w’Umurenge wa Kansi yitabye Imana
13 August 2025, by ISIMBI EstellaNsanzimana Théogène, wari umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kansi mu Karere ka Gisagara, yitabye Imana azize uburwayi.
-
Radio yiteguraga kugura ubutaka mu Rwanda no gushinga ‘Label’ mbere y’urupfu rwe
3 March, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi wo muri Uganda, Ziza Bafana, yatangaje ko nyakwigendera Mowzey Radio yari afite umugambi ukomeye wo kwimukira mu Rwanda mbere y’uko yitaba Imana mu 2018.
Umuryango.rw
Imyaka 30 ntikiri ibirenze! Dore abagore b’ibyamamare mu Rwanda bayirengeje ariko n’ubu bakaba bacyerereza abagenzi
Urubanza rwa Djihad na bagenzi be bajuririye igihano cy’imyaka itatu bakatiwe rugiye kuburanishwa
Kenya: Ruto yavuze ku biciro bya lisansi byatumbagiye ugereranyije n’ibihugu baturanye
FARDC yabujije abasirikare bayo gutera AFC/M23
RDF yashimiye abasirikare batangiye ikiruhuko cy’izabukuru
Nyarugunga: Muri Jenoside kubari baturanye no kwa Habyarimana bahuye n’amahano
Abita FDLR abasaza, imikoranire na RDC n’ibinyoma ku Rwanda: Musoni uri mu bashinze FDLR yavuze
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP18: Urugendo rwa Amb. James MUSONI wamaze imyaka 13 muri Guverinoma
Gitifu w’Umurenge wa Kansi yitabye Imana
Radio yiteguraga kugura ubutaka mu Rwanda no gushinga ‘Label’ mbere y’urupfu rwe