Muri iki gihe abangavu n’ingimbi bahura n’ibishuko bitandukanye biturutse ku makuru y’ibihuha bahabwa n’abababeshya yaba ku mbuga nkoranyambaga n’ahandi,bagamije kubashora mu busambanyi ndetse hari bamwe babyishoramo kubera kumvira abo babashuka.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kuganiriza abangavu n’ingimbi ku buzima bw’imyororokere n’inshingano z’umubyeyi uboneye
21 December 2020, by Dusingizimana Remy -
Dj Toxxyk agiye kuburana mu mizi
3 March, by Angeline MUKANGENZIUbushinjacyaha ku rwego rw’Ibanze bwaregeye Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge urubanza mu mizi rwa Shema Arnaud de Bosscher wamenyekanye nka Dj Toxxyk.
-
Menya Abakinnyi 10 batsindiye ikipe y’igihugu Amavubi ibitego byinshi mu mateka yayo
2 April 2025, by ISIMBI EstellaIkipe y’Igihugu Amavubi yagize abakinnyi benshi batandukanye bafite impano ziri ku rwego rutandukanye, Amavubi yatsindiwe ibitego n’abakinnyi batandukanye kandi mu bihe bitandukanye. ariko se ni abahe bakinnyi batsindiye ikipe y’Igihugu ibitego byinshi bamwe muzaganira bati ni Gatete Jimmy abandi nabo bati ni Karekezi Olivier gusa hari n’abandi bazakubwira bati ni Kagere Meddie. gusa muriyi nkuru tugiye kurebera hamwe abakinnyi 10 batsindiye ibitego byinshi ikipe y’Igihugu Amavubi mu mateka (…)
-
Umuryango Mpuzamahanga uhangayikishijwe n’umutekano mucye mu Burasirazuba bwa RDC
6 March, by ISHIMWE Jean de DieuItsinda mpuzamahanga rikurikirana ibibazo byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari (International Contact Group for the Great Lakes – ICG) ryagaragaje impungenge zikomeye ku bwiyongere bw’imirwano n’ibibazo by’ubutabazi bikomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
17 February, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NSHIMIYUMUKIZA Emile ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
-
Ingabo za Uganda n’iza Somalia zambuye Al Shabaab umujyi wa Darusalam
6 March, by Angeline MUKANGENZIIngabo za Uganda ziri muri Somalia mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe bugamije kubungabunga no kugarura amahoro n’umutekano, AUSSOM, zifatanyije n’iza Somalia, zabohoje Umujyi w’ingenzi wa Darusalam wari mu maboko ya Al Shabaab.
-
Nyagatare: Urujijo ku mukobwa w’imyaka 23 wasanzwe mu nzu yapfuye
21 July 2025, by ISIMBI EstellaUmukobwa w’imyaka 23 wari utuye mu Karere ka Nyagatare yasanzwe mu nzu yapfuye, bibera benshi amayobera kuko bari biriwe bamubona ari muzima.
-
Minisitiri Ugirashebuja ahangayikishijwe n’amahanga atarafatiye isomo ku Rwanda ngo akumire ibibera muri RDC
27 February, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ubutabera, Dr. Emmanuel Ugirashebuja, yatangaje ko umuryango mpuzamahanga utakuye isomo ku bihe by’umwijima u Rwanda rwanyuzemo mu myaka 32 ishize ngo akumire indi Jenoside iri gututumba muri Repubulika Iharanira Demokarasis ya Congo.
-
Monia Fleur na Belle 9ice ntibarigucana uwaka kubera Sat-B
14 April 2025, by ISIMBI EstellaAbahanzikazikazi Monia Fleur na Belle 9ice bari mu bafite amazina akomeye mu Burundi, bakozanyijeho ku mbuga nkoranyambaga bapfa Sat-B, uri mu bagezweho muri iki gihugu.
-
Addis-Abeba: Abakomando ba Afurika y’Epfo na FARDC bahushije Kabila
18 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmakuru aturuka i Addis-Abeba mu murwa mukuru wa Ethiopia, aravuga ko hari umugambi wo kwisasira Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wari wahapangiwe; gusa birangira uburijwemo.
Umuryango.rw
Kuganiriza abangavu n’ingimbi ku buzima bw’imyororokere n’inshingano z’umubyeyi uboneye
Dj Toxxyk agiye kuburana mu mizi
Menya Abakinnyi 10 batsindiye ikipe y’igihugu Amavubi ibitego byinshi mu mateka yayo
Umuryango Mpuzamahanga uhangayikishijwe n’umutekano mucye mu Burasirazuba bwa RDC
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
Ingabo za Uganda n’iza Somalia zambuye Al Shabaab umujyi wa Darusalam
Nyagatare: Urujijo ku mukobwa w’imyaka 23 wasanzwe mu nzu yapfuye
Minisitiri Ugirashebuja ahangayikishijwe n’amahanga atarafatiye isomo ku Rwanda ngo akumire ibibera muri RDC
Monia Fleur na Belle 9ice ntibarigucana uwaka kubera Sat-B
Addis-Abeba: Abakomando ba Afurika y’Epfo na FARDC bahushije Kabila