Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko inkongi yafashe ububiko bw’intwaro bwo mu kigo cya gisirikare cya ‘Camp Base’ i Bujumbura mu mpera za Weruwe itatewe n’umuriro w’amashanyarazi, bitandukanye n’ibyari byatangajwe mbere.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ndayishimiye yahamije ko inkongi yafashe ububiko bw’ibisasu i Bujumbura itatewe n’amashanyarazi
18 April, by Angeline MUKANGENZI -
Abasenateri 29 basabye Amerika kutohereza muri RDC Abanya-Afghanistan bayirwaniye
30 April, by Angeline MUKANGENZIAbasenateri 29 bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bandikiye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, bamumenyesha ko umugambi wo kohereza impunzi z’Abanya-Afghanistan muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ari ubugambanyi bukomeye.
-
Izajya ihabwa n’abakivuka: Iby’ingenzi wamenya ku irangamuntu nshya igiye kujya itangwa mu Rwanda
17 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo cy’Igihugu gishinzwe Irangamuntu NIDA kiratangaza ko igerageza rya mbere ryo gutanga irangamuntu nshya ikoranye ikoranabuhanga, rizatangira mu kwezi gutaha kwa Nyakanga, kikanavuga itandukaniro ryayo n’isanzwe, aho izajya ihabwa abantu bose kuva ku bakivuka.
Ubuyobozi bw’iki Kigo, butangaza ko ibikorwa remezo bizifashishwa mu gukora izi rangamuntu nshya, bigeze kuri 90% ku buryo mu kwezi gutaha hazaba hatangiye igerageza.
Umuyobozi wa NIDA, Mukesha Josephine avuga ko iyi (…) -
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
19 December 2025, by ISIMBI EstellaUmuhesaha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko hateganyijwe ipiganwa muri cyamunara y’umutungo utimukanwa.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
16 April, by ISHIMWE Jean de DieuUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NSHIMYUMUKIZA EMILE ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
-
FIFA yakajije ibihano ku bagaragaza irondaruhu mu kibuga
2 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira ku Isi (FIFA), Gianni Infantino yatangaje ko umuntu wese uzajya avuga apfutse umuntu ari mu kibuga by’umwihariko abakinnyi azaba agaragaza ikimenyetso cy’irondaruhu, aho ashobora kujya ahabwa ikarita itukura.
-
Trump yirukanye umugabo wa Kamala Harris
30 April 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida Donald Trump ukomeje gucisha umweyo mu bayobozi batandukanye muri Guverinoma n’ibigo bya Leta, yirukanye Doug Emhoff, umugabo wa Kamala Harris wahoze ari Visi Perezida.
-
RURA yahannye Canalbox, itegekwa guha indishyi abakiliya bagizweho ingaruka
27 April, by Angeline MUKANGENZIUrwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ko rwafatiye GVA Rwanda Ltd (Canalbox) ibihano birimo kwishyura ihazabu ya buri munsi kugeza igihe yubahirije amabwiriza yose no guha indishyi abakiliya bose bagizweho ingaruka na serivisi mbi iki kigo cyatanze mu gihe cy’iminsi irindwi.
-
U Rwanda mu bihugu bigiye guhabwa umuti urinda agakoko gatera Sida
15 April, by ISIMBI EstellaLeta Zunze Ubumwe za Amerika n’Ikigega Global Fund gishyira ingufu mu kurwanya SIDA, Igituntu na Malariya, bikomeje gushyira ingufu mu gukwirakwiza umuti wakozwe n’uruganda Gilead ufasha mu kurinda ubwandu bw’agakoko ka Sida ku buryo nibura waba wamaze kugera ku bantu miliyoni eshatu mu 2028.
-
Touadera yasabye Putin gufasha igihugu cye mu by’ingufu
5 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Repubulika ya Centrafrique yashimiye Uburusiya kuri uyu wa kane ku bufasha mu by’umutekano kandi asaba mugenzi we Vladimir Putin gufasha igihugu cye gukemura ibibazo bikomeye by’ingufu.
Umuryango.rw
Ndayishimiye yahamije ko inkongi yafashe ububiko bw’ibisasu i Bujumbura itatewe n’amashanyarazi
Abasenateri 29 basabye Amerika kutohereza muri RDC Abanya-Afghanistan bayirwaniye
Izajya ihabwa n’abakivuka: Iby’ingenzi wamenya ku irangamuntu nshya igiye kujya itangwa mu Rwanda
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
FIFA yakajije ibihano ku bagaragaza irondaruhu mu kibuga
Trump yirukanye umugabo wa Kamala Harris
RURA yahannye Canalbox, itegekwa guha indishyi abakiliya bagizweho ingaruka
U Rwanda mu bihugu bigiye guhabwa umuti urinda agakoko gatera Sida