Diamond Platnumz uri mu bahanzi bakomeye muri Afurika by’umwihariko mu y’Iburasirazuba, yateguje igitaramo kizabera i Kigali ku wa 29 Kanama 2026.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Diamond yateguje igitaramo i Kigali
14 April, by ISIMBI Estella -
Rayon Sports yatandukanye na Afahmia Lotfi burundu
13 November 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée, yemeje ko iyi kipe yamaze gutandukana n’uwahoze ari umutoza wayo, Afahamia Lotfi nyuma y’ukwezi yarahagaritswe.
-
MAWANDA Moses yasabye guhindura amazina akitwa MUGABO MOSES MAWANDA
18 November 2025, by ISIMBI EstellaMAWANDA Moses yasabye guhindura amazina akitwa MUGABO MOSES MAWANDA
mu bitabo by’irangamimerere! -
M23 yavuze ku birego RDC ishinja u Rwanda byo kuyitera inkunga mu ntambara
30 May 2022, by Dusingizimana RemyUmuvugizi wa M23,Willy Ngoma,yahakanye ibirego bikomeje gufata intera ko u Rwanda rurimo gufasha umutwe wabo kugira ngo utsinde ingabo za Leta ya RDC bivugwa ko ziri gufatanya na FDLR.
Willy Ngoma yabwiye BBC ko ibivugwa n’ibyerekanwa n’ingabo za DR Congo ari ibihimbano kandi ari "ibinyoma".
Yemeza ko ahaberaga imirwano ubu hari agahenge gusa ati: "Ariko igihe icyo aricyo cyose byose byakongera’.
M23 kandi ku cyumweru nijoro yasohoye itangazo rishinja leta kuba yarananiwe kubahiriza (…) -
RDB yasubije mu gitabo cy’amasosiyete HEZA BEACH RESORT
30 April, by ISHIMWE Jean de DieuUrwego rw’Igihugu rushinzwe iterambere (RDB) rwatangaje ko rwafashe icyemezo cyo gusubiza mu gitabo cy’amasosiyete, sosiyete yitwa HEZA BEACH RESORT, nyuma y’uko yari yarakuweho mbere.
-
Diddy yajyanye mu nkiko NBCUniversal yakoze filime imushinja kwica uwo babyaranye
13 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuraperi Sean Combs wamamaye nka P.Diddy yajyanye mu nkiko NBCUniversal, iheruka gukora filime igaragaza ko ari we wishe Kim Porter babyaranye, umaze imyaka irenga itandatu yitabye Imana.
-
Uburyo bwiza bwo gusaba imbabazi umukunzi wawe nyuma yo kurakaranya
4 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu rukundo, si buri gihe haba ibyishimo n’ibiganiro byiza; rimwe na rimwe habaho kutumvikana no kurakaranya. Ariko se ni gute wasaba imbabazi umukunzi wawe nyuma yo gukora ikosa?
-
Reba amateka n’ amafoto y’ umugore wa Perezida mushya wa Zimbabwe usanzwe ari umudepite
25 November 2017, by Nsanzimana ErnestAuxilia Mnangagwa w’ imyaka 54 y’ amavuko niwe mugore wa Perezida mushya wa Zimbabwe Emmerson Mnangagwa. Ni umudepite mu nteko ishinga amategeko ya Zimbabwe.
Uyu mugore w’ umukiristu n’ umugabo we Emmerson Mnangagwa bafitanye abana babiri, umuhungu witwa Emmerson Mnangangagwa Junior n’ umukobwa witwa Farai Seline Mnangagwa.
Auxilia Mnangagwa wavukiye mu karere ka Mazowe tariki 25 Werurwe 1963, yakuriye ahitwa Chiweshe yiga ibijyanye n’ ubunyamabanga (Secretariat). Yakoze muri Minisiteri (…) -
Jack Grealish wa Manchester City yagaragaye yasinziririye mu kabari - AMAFOTO
27 April, by ISHIMWE Jean de DieuUmukinnyi w’ikipe y’igihugu y’u Bwongereza ukinira Everton ku ntizanyo ya Manchester City, Jack Grealish yagaragaye yasinziririye mu kabari.
-
Menya byinshi ku wa “Gatanu Mutagatifu” umunsi Abakirisitu bibuka urupfu rwa Yesu ku musaraba
19 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Gatanu, hirya no hino ku isi abakirisitu bizihiza uwa “Gatanu Mutagatifu” umunsi wibukwa nk’igihe Yesu Kristo, Umucunguzi w’abakirisitu yapfiriye ku musaraba kugira ngo akize abantu ibyaha byabo.
Umuryango.rw
Diamond yateguje igitaramo i Kigali
Rayon Sports yatandukanye na Afahmia Lotfi burundu
MAWANDA Moses yasabye guhindura amazina akitwa MUGABO MOSES MAWANDA
M23 yavuze ku birego RDC ishinja u Rwanda byo kuyitera inkunga mu ntambara
RDB yasubije mu gitabo cy’amasosiyete HEZA BEACH RESORT
Diddy yajyanye mu nkiko NBCUniversal yakoze filime imushinja kwica uwo babyaranye
Uburyo bwiza bwo gusaba imbabazi umukunzi wawe nyuma yo kurakaranya
Jack Grealish wa Manchester City yagaragaye yasinziririye mu kabari - AMAFOTO
Menya byinshi ku wa “Gatanu Mutagatifu” umunsi Abakirisitu bibuka urupfu rwa Yesu ku musaraba