Minisiteri y’Ikoranabuhanga n’Itumanaho yo muri Indonesia yatangaje ko abana bari munsi y’imyaka 16 bagiye guhagarikwa ku gukoresha imbuga nkoranyambaga mu rwego rwo kubarinda ibikorwa bibi bishobora kubangiza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Indonesia yemeje itegeko ribuza abari munsi y’imyaka 16 gukoresha imbuga nkoranyambaga
7 March, by Angeline MUKANGENZI -
Murumuna wa Museveni yavuze ko yacanye agatadowa, arara hasi, mukuru we ari Perezida
27 July 2025, by ISIMBI EstellaAine Kaguta Sodo, umuvandimwe wa Perezida Yoweri Kaguta Museven yavuze ko mu buzima yabayeho yihigira imibereho, ndetse yakoze imirimo itandukanye agenda azamuka gake gake kugeza aho ari ubu.
-
Trump yemeje ko Amerika iri kurasa muri Iran
28 February, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko igihugu cye gifite uruhare rutaziguye kandi rukomeye mu bitero ingabo za Israel zabyutse zigaba mu bice bitandukanye bya Iran.
-
Qatar yarashe indege ebyiri za Iran
2 March, by Angeline MUKANGENZIMinisiteri y’Ingabo muri Qatar yatangaje ko yarashe indege ebyiri za Iran kuri uyu wa 02 Werurwe 2026.
-
Tender Notice for SKOL visibility works and Painting SBL’s outlets in Kigali and Upcountry
2 March, by ISIMBI EstellaSkol Brewery Ltd invites all interested companies to submit
their best bids for: -
Uko Beyoncé na LeBron James bisanze mu kirego cya Diddy
4 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuBeyoncé na LeBron James wamamaye muri NBA, bisanze mu kirego gishya cy’umugabo ushinja umuraperi Diddy ihohotera rishingiye ku gitsina.
-
Inganda 32 zo mu Rwanda zigiye guhabwa ibyangombwa byo gucuruza mu bihugu bya Afurika
3 March, by Angeline MUKANGENZIKu nshuro ya mbere, inganda 32 zo mu Rwanda zujuje amabwiriza y’ubuziranenge ahuriweho ku rwego rw’Umugabane wa Afurika, zigiye guhabwa ibyambombwa bizemerera kohereza mu bihugu bya Afurika ibicuruzwa byazo byo mu bwoko 72, bigacuruzwamo nta nkomyi cyangwa andi mananiza.
-
Hakozwe amadarubindi akoresha ikoranabuhanga rya ’AI’
7 August 2025, by Joseph IradukundaSosiyete ya Brilliant Labs igiye gushyira ku isoko amadarubindi mashya akoranye ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano rya Noa AI, yitwa Halo agura 299$, afite ubushobozi bwo kumva no gusobanukirwa ibyo yumva cyangwa abona mu biri hafi aho, agatanga ibisubizo bijyanye n’ibiri kuba ako kanya.
-
Isimbi Model yibarutse umukobwa
4 January, by ISIMBI EstellaIsimbi Vestine wamamaye nka Isimbi Model n’umugabo we, Shaul Hatzir, bari mu byishimo nyuma yo kwibaruka umwana wabo w’umukobwa.
-
I Kigali hamurikiwe intwaro zigezweho harimo n’izikorerwa mu Rwanda
19 May 2025, by Angeline MUKANGENZIMu Rwanda hari uruganda rukora intwaro rumaze igihe rukora ndetse mu bikoresho bya gisirikare byifashishwa mu bikorwa by’umutekano byamuritswe mu Nama Mpuzamahanga y’Umutekano muri Afurika (ISCA), harimo imbunda nini n’into zikorerwa i Kigali.
Umuryango.rw
Indonesia yemeje itegeko ribuza abari munsi y’imyaka 16 gukoresha imbuga nkoranyambaga
Murumuna wa Museveni yavuze ko yacanye agatadowa, arara hasi, mukuru we ari Perezida
Trump yemeje ko Amerika iri kurasa muri Iran
Qatar yarashe indege ebyiri za Iran
Tender Notice for SKOL visibility works and Painting SBL’s outlets in Kigali and Upcountry
Uko Beyoncé na LeBron James bisanze mu kirego cya Diddy
Inganda 32 zo mu Rwanda zigiye guhabwa ibyangombwa byo gucuruza mu bihugu bya Afurika
Hakozwe amadarubindi akoresha ikoranabuhanga rya ’AI’
Isimbi Model yibarutse umukobwa
I Kigali hamurikiwe intwaro zigezweho harimo n’izikorerwa mu Rwanda