Umuhanzi w’icyamamare ukomoka muri Nigeria, Peter Okoye wamamaye nka Mr P, yavuze ko atinya ubukene kurusha urupfu kubera ubuzima yaciyemo akiri muto.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Peter wo muri P-Square atinya ubukene kurusha urupfu
4 December 2025, by ISIMBI Estella -
Perezida wa AU yasabye ikintu gikomeye u Rwanda na RDC
30 May 2022, by Dusingizimana RemyKu cyumweru, tariki ya 29 Gicurasi, Perezida w’umuryango w’ubumwe bw’Afurika, Perezida wa Senegal, Macky Sall, yasabye ko habaho ibiganiro hagati y’u Rwanda na DR Congo mu gihe amakimbirane ari kwiyongera hagati y’abaturanyi bombi nyuma yo kongera kwigomeka kwa M23 mu burasirazuba bwa nyuma.
Intambara y’ingabo za DR Congo (FARDC) n’inyeshyamba za M23 hafi y’umupaka uhuriweho na RDC n’ u Rwanda yateranyije ibihugu byombi.
Icyifuzo cya Perezida wa AU ni icyo kuganira ku mpande zombi,nyuma (…) -
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
16 April, by ISHIMWE Jean de DieuUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NSHIMYUMUKIZA EMILE ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
-
Abakora mu ruganda rwa SKOL bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe abatutsi
9 April 2025, by Angeline MUKANGENZIkuri uyu wa 08 mata 2025 abayobozi n’abakora mu ruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye SKOL Brewery Ltd bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 akaba ari igikorwa bakoreye ku Rwibutso rwa Nyanza ruherereye mu karere ka Kicukiro.
-
Eswatini: Umusirikare wari ushinzwe kurinda abanyacyubahiro yiyahuriye mu birori by’Umwami Mswati III
28 April, by Angeline MUKANGENZIUmusirikare wa Eswatini wari mu bashinzwe kurinda umutekano w’abakuru b’ibihugu na za guverinoma bitabiriye ibirori byo kwizihiza imyaka 40 Umwami Mswati III amaze ku butegetsi, Lt Colani Mdluli, yirashe ahita apfa.
-
Mu Burundi urubyiruko n’abakuze bugarijwe n’Ikiyobyabwenge kiri kubagira abasazi
5 July 2025, by Joseph IradukundaAbakiri bato m Burundi bugarijwe n’ikiyobyabwenge bise Boost kivangavanzemo ibinyabutabire nka Cocaine n’ibindi. Uretse abana bafite guhera ku myaka 16, iki kiyobyabwenge kiri no mu bakuru.
-
TikTok yanze gukoresha uburyo burinda amakuru y’abayikoresha
4 March, by Angeline MUKANGENZITikTok yavuze ko itazashyiraho uburyo buzwi nka ‘end-to-end encryption: E2EE’ bukunze gukoreshwa n’izindi mbuga nkoranyambaga mu kurinda amakuru y’abazikoresha.
-
Dj Toxxyk agiye kuburana mu mizi
3 March, by Angeline MUKANGENZIUbushinjacyaha ku rwego rw’Ibanze bwaregeye Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge urubanza mu mizi rwa Shema Arnaud de Bosscher wamenyekanye nka Dj Toxxyk.
-
Menya umushahara ndetse n’ibindi byose Perezida wa Repubulika agenerwa kugirango akore akazi ke neza.
14 March 2025, by ISIMBI EstellaNi kenshi abantu bajya bibaza ngo ese perezida wa Repubulika ahembwa amafaranga angana iki ? ese ni ibiki yemererwa n’amategeko n’ibindi byinshi , gusa ibyo umukuru w’igihugu yemererwa bigenwa n’iteka rya Perezida N°004/01 ryo ku wa 16/02/2017 iri teka rigena ingano y’imishahara n’ibindi bigenerwa Abanyapolitiki Bakuru b’Igihugu n’uburyo bitangwa, rikaba ryarasohotse mu igazeti ya Leta nimero idasanzwe yo kuwa 23/02/2017, rigaragaza ingano y’imishahara aba Banyapolitiki Bakuru b’Igihugu (…)
-
Umunyezamu Fils yavuye imuzi ibyo guhamagwa mu ‘Amavubi’ no kwerekeza muri Rayon Sports
25 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuNtibikunze kubaho ko Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yifashisha umukinnyi wo mu Cyiciro cya Kabiri ariko kuri iyi nshuro umunyezamu wa Etoile de L’Est, Habineza Fils ni umwe mu bakinnyi 26 bahamagariwe kwitegura imikino y’amajonjora y’Igikombe cya Afurika cy’abakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2024)
Umuryango.rw
Peter wo muri P-Square atinya ubukene kurusha urupfu
Perezida wa AU yasabye ikintu gikomeye u Rwanda na RDC
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
Abakora mu ruganda rwa SKOL bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe abatutsi
Eswatini: Umusirikare wari ushinzwe kurinda abanyacyubahiro yiyahuriye mu birori by’Umwami Mswati III
Mu Burundi urubyiruko n’abakuze bugarijwe n’Ikiyobyabwenge kiri kubagira abasazi
Dj Toxxyk agiye kuburana mu mizi
Menya umushahara ndetse n’ibindi byose Perezida wa Repubulika agenerwa kugirango akore akazi ke neza.
Umunyezamu Fils yavuye imuzi ibyo guhamagwa mu ‘Amavubi’ no kwerekeza muri Rayon Sports