Bimaze kumenyerwa ko abafite ababo bari kugororerwa mu magororero batemerewe kubagemurira ibiribwa bivuye hanze y’igororero byaba ibitetse cyangwa ari bibisi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Impamvu RCS yahagaritse kugemurira abagororwa ibiribwa bivuye hanze
8 September 2025, by ISIMBI Estella -
Tems yakuyeho agahigo ka Tyla kuri Spotify
24 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzikazi wo muri Nigeria, Temilade Openiyi uzwi cyane ku izina rya Tems, yongeye kwandika amateka mu muziki wa Afurika nyuma yo kuba umuhanzi wa mbere muri Afurika ufite abamwumva benshi buri kwezi ku rubuga rwa Spotify.
-
Mucoma yitakanye ibyaha byakorewe kuri ‘YouTube channels’ yashinze, asaba ko biryozwa abakozi be
4 March, by Angeline MUKANGENZINizeyimana Didier wamamaye nka Mucoma uri mu bantu batanu bakurikiranyweho icyaha cyo gukwirakwiza amakuru y’ibihuha, yatakambiye urukiko agaragaza ko nubwo imiyoboro ya YouTube yakoreweho icyo cyaha harimo iyo yashinze, ariko atari we wagenaga ibivugirwaho.
-
Goma: Abaturage bigaragambije, basaba AFC/M23 kubohora RDC yose
12 March, by ISIMBI EstellaMu gitondo cyo kuri uyu wa 12 Werurwe 2026, abaturage benshi batuye i Goma bahuriye mu myigaragambyo yamagana igitero cya drones ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zagabye muri uyu mujyi, basaba ihuriro AFC/M23 kubohora iki gihugu cyose.
-
Kigali: Polisi yafashe abagabo 2 bafite urumogi ibiro 2 n’udupfunyika twarwo 237
27 April, by ISIMBI EstellaPolisi y’igihugu ikorera mu karere ka Gasabo yafashe abagabo 2 bacuruza ikiyobyabwenge cy’urumogi, umwe w’imyaka 43 n’undi w’imyaka 40.Aba bafashwe ku manywa y’ihangu saa tanu z’amanywa kuri iki cyumweru bafatirwa bafatirwa mudugudu wa Ramba akagali ka Musave umurenge wa Bumbogo ho mu karere ka Gasabo.
-
Botswana: Perezida Duma Boko yarahiriye kuyobora igihugu
9 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida mushya w’igihugu cya Botswana yarahiriye imirimo ye kuri uyu wa gatanu tariki 8 Ugushyingo 2024, nyuma y’iminsi 10 yegukanye intsinzi agahigika ishyaka rimaze imyaka 60 ku butegetsi.
-
Haruna Niyonzima yasubije abavuga ko nyina afite amarozi yatumye aba ikirangirire mu mupira w’amaguru
4 March, by Angeline MUKANGENZIHaruna Niyonzima yasubije abavuga ko nyina afite amarozi atuma baba ibirangirire mu mupira w’amaguru, ashimangira ko iyo biba ari ko bimeze aba yarakinnye i Burayi ameze nka Sadio Mané.
-
Abantu 64 bamaze gusimburizwa impyiko bikorewe mu Rwanda
6 July 2025, by ISIMBI EstellaIbitaro byitiriwe Umwami Faisal bikorera i Kigali byatangaje ko kuva muri Gicurasi 2023 bitangije ubuvuzi bwo gusimburiza impyiko abazirwaye, kuri ubu abagera kuri 64 bamaze guhabwa iyo serivisi.
-
Kathia Kamali yahaye gasopo umukobwa wari umubajije impamvu umugabo we atigeze akina imikino ya BAL
28 May 2025, by Gladiator OGUwase Kathia Kamali mukuru wa nyampinga w’u Rwanda 2020 , Naomi Nishimwe, yihanije mu buryo bukomeye umukobwa wamubajije impamvu Adonis Javon Filler umukunzi wa Kathia atigeze agaragara akina mu mikino ya BAL kandi asanzwe ari umukinnyi wa APR BBC ikipe yari ihagarariye u Rwanda muri iyi mikino.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO W‘IMUKANWA
3 March, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me KAGAME K.FESTO ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MUTUNGO W‘IMUKANWA
Umuryango.rw
Impamvu RCS yahagaritse kugemurira abagororwa ibiribwa bivuye hanze
Tems yakuyeho agahigo ka Tyla kuri Spotify
Mucoma yitakanye ibyaha byakorewe kuri ‘YouTube channels’ yashinze, asaba ko biryozwa abakozi be
Goma: Abaturage bigaragambije, basaba AFC/M23 kubohora RDC yose
Kigali: Polisi yafashe abagabo 2 bafite urumogi ibiro 2 n’udupfunyika twarwo 237
Botswana: Perezida Duma Boko yarahiriye kuyobora igihugu
Haruna Niyonzima yasubije abavuga ko nyina afite amarozi yatumye aba ikirangirire mu mupira w’amaguru
Abantu 64 bamaze gusimburizwa impyiko bikorewe mu Rwanda
Kathia Kamali yahaye gasopo umukobwa wari umubajije impamvu umugabo we atigeze akina imikino ya BAL
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO W‘IMUKANWA