Umuyobozi Nshingwabikorwa wa Aegis Trust, Mutanguha Freddy, yagaragaje ko muri Jenoside yakorewe Abatutsi yiciwe ababyeyi na bashiki bane bo, bajugunywe mu cyobo ari bazima batererwamo amabuye kugeza bashizemo umwuka.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Bashiki be bajugunywe mu cyobo ari bazima: Ubuhamya bukomeye bwa Mutanguha wa Aegis Trust
7 April 2025, by ISIMBI Estella -
Bushali, Bwiza, Kenny Sol na Kivumbi King bataramiye i Huye; bunamira Buravan, Dj Miller na Jay Polly
24 February, by ISHIMWE Jean de DieuMu ijoro ryuzuyemo amarangamutima n’ibyishimo, Umujyi wa Huye wakiriye igitaramo cya mbere cya Tour du Rwanda Festival, cyabimburiye urundi ruhererekane rw’ibitaramo bizaherekeza Tour du Rwanda 2026. Cyabereye muri Parking ya Stade ya Huye, aho imbaga y’abakunzi b’umuziki Nyarwanda bateraniye baje gutaramana n’abahanzi barimo Bwiza, Bushali, Kenny Sol na Kivumbi King.
-
Amerika yatangiye gucyura Abanyamerika nyuma yiraswa rya ambasade i Riyadh
3 March, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa Kabiri, Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yimuye abakozi badakenewe cyane n’imiryango yabo iri mu bihugu bitandatu harimo na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE). Ni nyuma y’uko Iran irashe kuri Ambasade ya Amerika i Riyadh.
-
Lisaa yahishuye amasomo yigiye kuri King James wamwifashishije mu ndirimbo nshya –VIDEO
6 March, by ISHIMWE Jean de DieuMu gihe umuhanzi King James akomeje kwizihiza imyaka 20 ishize atangiye urugendo rw’umuziki, yashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya yise “Ndi Uwawe”, indirimbo igaruka ku rukundo rwimbitse rugaragaza ukwiyegurira uwo ukunda.
-
Mozambique yashimye umusanzu w’u Rwanda mu bya gisirikare n’umutekano
24 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma ya Mozambique yashimiye u Rwanda kuba umufatanyabikorwa w’ingenzi w’icyo gihugu kandi ubufatanye bw’impande zombi bugatanga umusaruro by’umwihariko mu bya gisirikare n’iterambere ry’imibereho myiza y’abaturage.
-
KWIBUKA 31 : Umubyeyi umwe wa Stromae ’PAPA ’ wishwe muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yari muntu ki.? Amateka ya RUTARE Pierre.
9 April 2025, by Gladiator OGUmuhanzi Stromae ari mu bantu bafite inkomoko mu Rwanda bafite amazina aremereye ku ruhando mpuzamahanga, uyu ni umuhanzi wakoze indirimbo nyinshi zabaye ikimenyabose ndetse wagiye yegukana ibihembo byinshi mu rugendo rwe nk’umuhanzi. Gusa iyo uganira ku mateka ye ntiwabura kuvuga ku ipaji iteye agahinda mu buzima bwe igaruka kuri papa we wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Ariko se mu busanzwe Papa wa Stromae yari muntu ki.? Muriyi nkuru munyemerere tugaruke ku mateka ya RUTARE (…)
-
Impamvu inzu zidatuwe mu Buyapani zikomeje kwiyongera
5 March, by Angeline MUKANGENZIMu gihe mu bihugu biri mu nzira y’amajyambere, kwiyubakira inzu biri mu bikorwa by’indashyikirwa umuntu aba agezeho, bijyanye n’ibibazo by’amacumbi bigaragara, mu bindi bihugu si ko bimeze, ahubwo usanga inyinshi zaratawe n’abantu zitahwamo n’ibikoko.
-
Amerika na Venezuela bemeranyije gusubukura umubano wa dipolomasi nyuma y’ifatwa rya Maduro
6 March, by Angeline MUKANGENZIMu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’impande zombi, hamenyekanye ko hagiye gushyirwaho gahunda yo kongera ituze mu gihugu, kuzahura ubukungu no guteza imbere politiki.
-
Huye: Uwasambanyijwe ku myaka 16 agowe no kurera umwana ufite ubumuga bukomatanyije
30 January, by Angeline MUKANGENZIYatewe inda akiri umwangavu w’imyaka 16 y’amavuko, agira ibyago byo kubyara umwana ufite ubumuga bukomatanyije burimo ubwo kutumva, kutavuga n’ubw’ingingo.
-
Ingabo z’u Burundi mu mugambi wo kwisubiza ibice zambuwe na AFC/M23
18 July 2025, by Joseph IradukundaNyuma y’amezi ane ingabo z’u Burundi zikuwe n’ihuriro AFC/M23 mu mijyi minini yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ubu zigeze kure umugambi wo gusubiramo zifashishije ibitero bikomeye.
Umuryango.rw
Bashiki be bajugunywe mu cyobo ari bazima: Ubuhamya bukomeye bwa Mutanguha wa Aegis Trust
Bushali, Bwiza, Kenny Sol na Kivumbi King bataramiye i Huye; bunamira Buravan, Dj Miller na Jay Polly
Lisaa yahishuye amasomo yigiye kuri King James wamwifashishije mu ndirimbo nshya –VIDEO
Mozambique yashimye umusanzu w’u Rwanda mu bya gisirikare n’umutekano
KWIBUKA 31 : Umubyeyi umwe wa Stromae ’PAPA ’ wishwe muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yari muntu ki.? Amateka ya RUTARE Pierre.
Impamvu inzu zidatuwe mu Buyapani zikomeje kwiyongera
Amerika na Venezuela bemeranyije gusubukura umubano wa dipolomasi nyuma y’ifatwa rya Maduro
Huye: Uwasambanyijwe ku myaka 16 agowe no kurera umwana ufite ubumuga bukomatanyije
Ingabo z’u Burundi mu mugambi wo kwisubiza ibice zambuwe na AFC/M23