Perezida Paul Kagame yerekanye ko ikibazo cy’igwingira ry’abana riri ku gipimo cyo hejuru mu turere dutandukanye tunakungahaye ku musaruro runaka by’umwihariko aka Gicumbi, atari ikibazo cy’abaturage gusa ahubwo ikibazo kinini gifitwe n’abayobozi badafasha mu guhindura imyumvire y’abaturage.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ikibazo kinini kiri ku bayobozi- Perezida Kagame ku kibazo cy’igwingira mu Rwanda
5 February, by Angeline MUKANGENZI -
Dore uko wagabanya umuvuduko w’amaraso bidasabye imiti
18 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuvuduko w’amaraso ukabije ushobora guterwa n’ibintu bitandukanye, harimo uruhererekane rwo mu muryango, kunywa itabi, kuba umuntu arwaye Diyabete, no kuba nta siporo ajya akora. Kugira umuvudko w’amaraso ukabije byongera ibyago byo kugira amaraso yipfundika mu mitsi ntagere ku mutima bikawubuza gukora (heart attacks), n’indwara z’umutima.
-
Dore amafaranga Chris Brown yaca u Rwanda kugirango aze gukorera igitaramo I kigali
28 February 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi Chris Brown ari mu bahanzi bafite amazina aremereye cyane ku ruhando mpuzamahanga , ni umuhanzi wubatse izina rye binyuze mu bikorwa bitandukanye bya muzika akora ndetse ni icyatwa mu njyana ya Rnb. uyu muhanzi mu rugendo rwe rwa muzika yatwayemo ibihembo byinshi binyuranye birimo Grammy awards inshuro ebyiri , ibihembo bya BET Awards inshuro 19 , ibihembo bya Mtv video music awards inshuro eshatu , n’ibindi byinshi.
Mu minsi itambutse ubwo umuhanzi John Legend yakoreraga (…) -
Inama ya 12 ya JPC isize u Rwanda na Uganda biyemeje ubufatanye bufatika
22 April, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa 22 Mata 2026, i Kampala muri Uganda, Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ububanyi n’amahanga, Dr. Usta Kaitesi, afatanyije na John Mulumba, basoje ku mugaragaro inama ya 12 ya Komisiyo ihoraho ihuriweho (Joint Permanent Commission – JPC) hagati y’u Rwanda na Uganda.
-
Uwahoze ari meya wa Musanze nyuma yo kwirukanwa kuri ubu yishatsemo ibisubizo aho yafunguye Youtube Channel
23 May 2025, by Gladiator OGKamanzi Axelle wahoze ari umuyobozi w’akarere ka Musanze wungirije ushinzwe imibereho myiza y’Abaturage , kuri ubu nyuma y’imyaka hafi ibiri yirukanywe mu mirimo ya Leta nkuko itangazo ryasohotse ku mugoroba wo ku itariki 08 Kanama 2023, rivuye mu ibiro bya Minisitiri w’Intebe risinywe mu izina rya Perezida Paul Kagame, ryirukanaga mu mirimo abayobozi batandukanye mu Ntara y’Amajyaruguru, barimo n’uyu Kamanzi Axelle.
-
Kigali yahariwe ibyumweru birindwi mu kwemeza imyirondoro no gufotorwa kw’abashaka Indangamuntu koranabuhanga
8 February, by Angeline MUKANGENZIIkigo cy’Igihugu gishinzwe Indangamuntu (NIDA), cyatangije mu Mujyi wa Kigali ibikorwa byo kwemeza imyirondoro no gufotora abaturage hagamijwe gutanga Indangamuntu koranabuhanga.
-
I Kigali hamurikiwe intwaro zigezweho harimo n’izikorerwa mu Rwanda
19 May 2025, by Angeline MUKANGENZIMu Rwanda hari uruganda rukora intwaro rumaze igihe rukora ndetse mu bikoresho bya gisirikare byifashishwa mu bikorwa by’umutekano byamuritswe mu Nama Mpuzamahanga y’Umutekano muri Afurika (ISCA), harimo imbunda nini n’into zikorerwa i Kigali.
-
Niba utajya urya ibisusa umubiri wawe wahombye ibi bintu by’ingenzi
10 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuHari abantu bazi ko ibisusa (amababi y’uruyuzi rweraho ibihaza cyangwa imyungu) bitaribwa, nyamara bigira imboga nziza kandi zirimo intungamubiri kimwe n’izindi mboga rwatsi.
-
Sobanukirwa Amateka n’ubuzima bwa Isimbi Noelline umunyarwandakazi ukina filime za Poronogarafi
2 March 2025, by ISIMBI EstellaNi Umwana wakuriye mu buzima bugoye burimo kwirera, gufungwa muri Gereza inshuro nyinshi , kwitunga , gukwepana n’urupfu impande n’impande kuva afite imyaka 8 n’ibindi byinshi cyane. Uyu ni umukobwa uzi uko inzara iryana , akamenya imvune nyazo zo gushaka amafaranga ndetse n’uburyo bisaba kwiyuha akuya ngo ugwize ifeza muri ubu buzima. Niba ubona ibigutunga bitagusabye kuvunika cyane ujye ushima Rurema wakugiriye iyo Neza ariko nanone ntibikwibagize ko amazi ahagama ahari akanogo. Iyo kwitwa (…)
-
Tanzania: Imodoka zagonganye biteza inkongi yahitanye abarenga 30
30 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNibura abantu 38 ni bo bamaze kubarurwa ko baguye mu mpanuka y’imodoka zagonganye bigakurikirwa n’inkongi y’umuriro yazitwitse zombi zigakongoka mu mpanuka yabereye i Sabasaba mu Ntara ya Kilimanjaro muri Tanzania.
Umuryango.rw
Ikibazo kinini kiri ku bayobozi- Perezida Kagame ku kibazo cy’igwingira mu Rwanda
Dore uko wagabanya umuvuduko w’amaraso bidasabye imiti
Dore amafaranga Chris Brown yaca u Rwanda kugirango aze gukorera igitaramo I kigali
Inama ya 12 ya JPC isize u Rwanda na Uganda biyemeje ubufatanye bufatika
Uwahoze ari meya wa Musanze nyuma yo kwirukanwa kuri ubu yishatsemo ibisubizo aho yafunguye Youtube Channel
Kigali yahariwe ibyumweru birindwi mu kwemeza imyirondoro no gufotorwa kw’abashaka Indangamuntu koranabuhanga
I Kigali hamurikiwe intwaro zigezweho harimo n’izikorerwa mu Rwanda
Niba utajya urya ibisusa umubiri wawe wahombye ibi bintu by’ingenzi
Sobanukirwa Amateka n’ubuzima bwa Isimbi Noelline umunyarwandakazi ukina filime za Poronogarafi
Tanzania: Imodoka zagonganye biteza inkongi yahitanye abarenga 30