Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ibizamini bya Leta n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, rwatangaje uko abanyeshuri bazasubira ku mashuri mu gihembwe cya gatatu cy’umwaka w’amashuri wa 2025-2026.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
NESA yatangaje ingengabihe y’ingendo zisubiza abanyeshuri ku mashuri mu gihembwe cya gatatu
10 April, by ISIMBI Estella -
Masisi: Drone ya FARDC yagabye igitero mu gace gatuwe cyane ka Kibati
22 April, by Angeline MUKANGENZIIgisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo kiravugwaho gukaza ibitero nyuma y’iminsi micye Leta ya Kinshasa na AFC/M23 bivuye mu biganiro byatangaga ikizere mu Busuwisi.
-
UPDF irigamba kubohoza abasivili 200 bari barashimuswe na ADF
21 April, by Angeline MUKANGENZIAbasivile barenga 200 bari barashimuswe mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’umutwe witwaje intwaro wa ADF ufite aho uhuriye n’umutwe wa Leta ya Kisilamu (IS), batabawe mu gikorwa cya gisirikare, nkuko byatangajwe n’Igisirikare cya Uganda (UPDF).
-
Bugesera: Umugore yasutse amavuta yatuye ku mugabo we amushinja uburaya
27 April, by Angeline MUKANGENZIBagwaneza Yvonne w’imyaka 43 wo mu Kagari ka Kanzeze, Umurenge wa Ntarama mu Karere ka Bugesera, yatawe muri yombi akurikiranyweho gusuka amavuta y’ubuto yatuye ku mugabo we Bahati Jean Claude w’imyaka 40, akamutwika, ndetse akamutera icyuma mu rubavu amushinja uburaya no kumuca inyuma.
-
Ishyaka PSR ryatoye abayobozi bashya
19 February, by Angeline MUKANGENZIIshyaka rya Gisosiyalisiti Rirengera Abakozi mu Rwanda (PSR) ryatoye abayobozi bashya mu Nteko Rusange yaryo ya 11 yabereye i Kigali, ku wa 9 Ugushyingo 2025, aho ryatoye, komite na komisiyo, abahagarariye ishyaka mu ntara n’uturere by’igihugu.
-
Umuyobozi mushya wa MONUSCO yageze i Goma
24 April, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa 24 Mata 2026,Umuyobozi mushya wa MONUSCO, James Swan, yageze mu Mujyi wa Goma, Umurwa Mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru ugenzurwa n’inyeshyamba za AFC M23.
-
Karongi: Abanyeshuri barenga 700 bataye ishuri
30 July 2025, by ISIMBI EstellaImibare itangwa n’Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi igaragaza ko mu mwaka w’amashuri 2024-2025 muri aka karere habaruwe abanyeshuri bagera kuri 748 bataye ishuri ari nayo mpamvu hafashwe umwanzuro uvuga ko umubyeyi w’umwana wataye ishuri azajya ajya ku ishuri gutanga ibisobanuro.
-
U Burayi busigaranye amavuta y’indege yakora ibyumweru bitandatu gusa
17 April, by Angeline MUKANGENZIU Burayi bufite ibyago byinshi byo kubura amavuta akoreshwa mu ndege ku buryo bishobora kudindiza ingendo zo mu mpeshyi kuva muri Kamena 2026.
-
DORE MPAMVU ZISHOBORA GUTERA KUGABANUKA KW’AMASOHORO KU MUGABO BIGATERA INTANGA NGABO KUGENDA GAKE CYANGWA KUBA ARI IBIHUHWE ( ZIDAFITE UBUZIMA)?
28 April 2025, by UbwanditsiAmasohoro agaragara igihe umusore ageze mu gihe cy’ubugimbi atangiye kwiroteraho. Kuva icyo gihe kugeza ashaje, iyo nta bundi burwayi bikomeza kumubaho, inshuro zitandukanye gusa muri rusange ntiharenga ukwezi utiroteyeho.
-
Ubwigunge mu rushako: Bigenda bite ngo umuntu yicwe n’irungu afite uwo bashakanye?
21 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbwigunge mu rushako: Bigenda bite ngo umuntu yicwe n’irungu afite uwo bashakanye?
Iradukunda Fidele Samson 25 / 07 / 2024 - 07:30
Nyuma y’imyaka 12 yari amaze mu rushako, Mwiza Valeria yavuye ku izima amanika amaboko maze atandukana n’uwari umugabo we. Nubwo yabyariye abana babiri beza muri uru rushako nk’ikintu yishimira kurusha ibindi mu gihe yamaze yubatse, yicuza cyane kuba yarashatse umugabo wahoraga ahugiye mu bindi ariko akibagirwa urugo ku buryo igihe cyageze akareka no kuruhahira ngo aruhe ibirutunga.
Umuryango.rw
NESA yatangaje ingengabihe y’ingendo zisubiza abanyeshuri ku mashuri mu gihembwe cya gatatu
Masisi: Drone ya FARDC yagabye igitero mu gace gatuwe cyane ka Kibati
UPDF irigamba kubohoza abasivili 200 bari barashimuswe na ADF
Bugesera: Umugore yasutse amavuta yatuye ku mugabo we amushinja uburaya
Ishyaka PSR ryatoye abayobozi bashya
Umuyobozi mushya wa MONUSCO yageze i Goma
Karongi: Abanyeshuri barenga 700 bataye ishuri
U Burayi busigaranye amavuta y’indege yakora ibyumweru bitandatu gusa
DORE MPAMVU ZISHOBORA GUTERA KUGABANUKA KW’AMASOHORO KU MUGABO BIGATERA INTANGA NGABO KUGENDA GAKE CYANGWA KUBA ARI IBIHUHWE ( ZIDAFITE UBUZIMA)?
Ubwigunge mu rushako: Bigenda bite ngo umuntu yicwe n’irungu afite uwo bashakanye?