Umuraperi wamamaye mu muziki nyarwanda nka Zeo Trap yatangaje ko agiye gutangira gucuruza ibihangano bye abinyujije ku rubuga rwa Website, mbere y’uko abishyira ku mbuga zisanzwe zicururizwaho umuziki, mu rwego rwo kwagura no guha agaciro urugendo rwe rw’umuziki.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Zeo Trap yinjije ibihangano bye mu bucuruzi bwo kuri ‘Website’
28 January, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Amoko 5 y’ibinyobwa umugore utwite atemerewe kunywa
4 October 2024, by Joseph IradukundaUmugore wese utwite hari ibinyobwa bitandukanye aba atemerewe kunywa kugira ngo bitamugiraho ingaruka we ubwe ndetse n’umwna atwite nubwo bamwe usanga bapfa kwinywera ibyo babonye ntacyo bitayeho, nyamara baba bakwiye kubanza kumenya niba nta kibazo byabateza kuko ubuzima bwabo buba bwarahindutse mu minsi yo gutwita.
-
Abanyarwanda baba mu Bihugu biri kwibasirwa n’ibitero bya Iran bagiriwe inama
4 March, by ISHIMWE Jean de DieuAmbasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, yizeje Abanyarwanda baba muri iki Gihugu no muri Bahrain, ko iri gukurikiranira hafi ibibazo by’umutekano, ibasaba kubahiriza amabwiriza ari gutangwa n’ubuyobozi bw’Ibihugu barimo.
-
Ubuzima bushaririye bw’Abagore bo muri RDC batewe inda n’abasirikare ba ONU
2 July 2025, by Joseph IradukundaKu ruzuba rumena agahanga, uyu mwana w’imyaka 12 wiswe Dimitri, aryikinze mu kazu gaciriritse k’amabati mu gace kitwa Birere mu mujyi wa Goma mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
-
Uburyo waganiriza umukobwa mwiza mugihura
27 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGutangira ikiganiro n’umukobwa uteye neza bishobora kuba bitoroshye ariko hari uburyo ushobora gukurikiza kugira ngo bikugendere neza. Dore ibintu by’ingenzi wagenderaho:
-
KABWECERI Fred yasabye guhindura amazina akitwa NDAHIRO Fred
5 September 2025, by ISIMBI EstellaUwitwa KABWECERI Fred yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa NDAHIRO Fred mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina murayisanga mu itangazo riri hano hasi.. -
Umugore ufite agahigo ko kugira umunwa munini
15 April 2025, by ISIMBI EstellaUmugore wo muri Alaska uherutse guca agahigo ko kuba umugore wa mbere ufite umunwa munini ku isi, yatangaje ko gahunda ari kongera gushyiraho akandi gahigo gakuraho ako yashyizeho.
-
Impamvu muzi y’ifungwa rya Grace Room Ministries
10 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuBuri wa Kabiri na buri wa Kane guhera Saa kumi n’imwe z’umugoroba, abantu baba ari urujya n’uruza berekeje i Nyarutarama ahakorera Grace Room Ministries bagiye gusenga. Ku Cyumweru nabwo byaba ari uko guhera Saa Cyenda z’amanywa.
-
Perezida wa Brésil yasabye Trump kwitwara nk’umuntu ufite inshingano
25 September 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Brésil, Luiz Inacio Lula da Silva, yavuze ko Perezida wa Leta Zunze za Amerika, Donald Trump, akwiye kwitwara nk’umuntu ufite inshingano zo kuyobora igihugu gikomeye, akareka kujya yivanga muri politiki z’ibindi bihugu nk’aho ayoboye Isi.
-
Abanya-Ethiopia binjiye mu mwaka wa 2018, Kuki Indangaminsi yabo yihariye?
11 September 2025, by ISIMBI EstellaKuri uyu wa Kane tariki 11 Nzeri 2025, Abanya-Ethiopia bari mu byishimo byo gutangira umwaka mushya wa 2018.
Umuryango.rw
Zeo Trap yinjije ibihangano bye mu bucuruzi bwo kuri ‘Website’
Amoko 5 y’ibinyobwa umugore utwite atemerewe kunywa
Abanyarwanda baba mu Bihugu biri kwibasirwa n’ibitero bya Iran bagiriwe inama
Ubuzima bushaririye bw’Abagore bo muri RDC batewe inda n’abasirikare ba ONU
Uburyo waganiriza umukobwa mwiza mugihura
KABWECERI Fred yasabye guhindura amazina akitwa NDAHIRO Fred
Umugore ufite agahigo ko kugira umunwa munini
Impamvu muzi y’ifungwa rya Grace Room Ministries
Perezida wa Brésil yasabye Trump kwitwara nk’umuntu ufite inshingano
Abanya-Ethiopia binjiye mu mwaka wa 2018, Kuki Indangaminsi yabo yihariye?