Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bari batuye mu Murenge wa Nyarugunga mu Karere ka Kicukiro hafi y’ahari hatuye uwari Perezida w’u Rwanda, Habyarimana Juvénal, bavuga ko bahuye n’akaga ubwo Jenoside yatangiraga. Kuva muri ako gace ngo bahunge byari bigoye kubera ko hari harinzwe cyane, hagaragara Interahamwe nyinshi, abarindaga umukuru w’igihugu n’abasirikare ba Leta y’icyo gihe bo mu kigo cya Kanombe, bose bafatanyaga mu kwica Abatutsi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Nyarugunga: Muri Jenoside kubari baturanye no kwa Habyarimana bahuye n’amahano
12 April 2025, by ISIMBI Estella -
Umuryango Mpuzamahanga uhangayikishijwe n’umutekano mucye mu Burasirazuba bwa RDC
6 March, by ISHIMWE Jean de DieuItsinda mpuzamahanga rikurikirana ibibazo byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari (International Contact Group for the Great Lakes – ICG) ryagaragaje impungenge zikomeye ku bwiyongere bw’imirwano n’ibibazo by’ubutabazi bikomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
17 February, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NSHIMIYUMUKIZA Emile ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
-
Inzu z’amaduka zegereye isoko rya Rwamagana zigiye gufungwa
6 July 2025, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bw’Akarere ka Rwamagana buratangaza ko bitarenze tariki ya 15 Nyakanga 2025 buzafunga inzu z’amaduka zikikije isoko rya Kijyambere rya Rwamagana riherutse gutahwa, kugira ngo ba nyirazo bubake inzu zigeretse zijyanye n’igishushanyo mbonera cyaho.
-
Zelenskyy yashinje Abanyaburayi gushaka kumukura ku butegetsi
25 February, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy yavuze ko abo mu Burengerazuba bw’Isi bakomeje kumuhatira gutegura amatora nk’uburyo bwo gushaka kumukura ku butegetsi.
-
Ibyakurikiye ikibazo cy’umugabo wasanze undi amuca inyuma n’umugore we iwe kuri ‘Saint Valentin’
20 February, by ISHIMWE Jean de DieuBamwe mu baturage bo mu Murenge wa Cyanzarwe mu Karere ka Rubavu, banenga umugabo bavugaho ubushurashuzi wahengereye mugenzi we yagiye mu kabari akajya kuryamana n’umugore we, ariko uwaciwe inyuma na we akagawa uburyo yihaniye agakubita uwo mugabo ubwo yamusanganaga n’umugore we, akamunegekaza.
-
Ingabo za Uganda n’iza Somalia zambuye Al Shabaab umujyi wa Darusalam
6 March, by Angeline MUKANGENZIIngabo za Uganda ziri muri Somalia mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe bugamije kubungabunga no kugarura amahoro n’umutekano, AUSSOM, zifatanyije n’iza Somalia, zabohoje Umujyi w’ingenzi wa Darusalam wari mu maboko ya Al Shabaab.
-
Nyagatare: Urujijo ku mukobwa w’imyaka 23 wasanzwe mu nzu yapfuye
21 July 2025, by ISIMBI EstellaUmukobwa w’imyaka 23 wari utuye mu Karere ka Nyagatare yasanzwe mu nzu yapfuye, bibera benshi amayobera kuko bari biriwe bamubona ari muzima.
-
KAYITESIRE Agnes Kelliah yasabye guhindura amazina akitwa KAYITESIRE RUKUNDO KELLIAH
11 November 2024, by UbwanditsiUwitwa KAYITESIRE Agnes Kelliah yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa KAYITESIRE RUKUNDO KELLIAH mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina n’izina ry’Ababyeyi…… -
Pamela wa The Ben yapfushije Sekuru
18 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmugore w’Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben, Uwicyeza Pamela yatangaje ko ari mu gahinda gakomeye we n’umugabo we ko gupfusha sekuru.
Umuryango.rw
Nyarugunga: Muri Jenoside kubari baturanye no kwa Habyarimana bahuye n’amahano
Umuryango Mpuzamahanga uhangayikishijwe n’umutekano mucye mu Burasirazuba bwa RDC
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
Inzu z’amaduka zegereye isoko rya Rwamagana zigiye gufungwa
Zelenskyy yashinje Abanyaburayi gushaka kumukura ku butegetsi
Ibyakurikiye ikibazo cy’umugabo wasanze undi amuca inyuma n’umugore we iwe kuri ‘Saint Valentin’
Ingabo za Uganda n’iza Somalia zambuye Al Shabaab umujyi wa Darusalam
Nyagatare: Urujijo ku mukobwa w’imyaka 23 wasanzwe mu nzu yapfuye
Pamela wa The Ben yapfushije Sekuru