Urukiko rw’ikirenga rwategetse ko ’gusebya’ no gushushanya Perezida w’u Rwanda ,Paul Kagame bikomeza kuba ibyaha bihanishwa gufungwa nyuma y’aho abaregeye urukiko bavuze ko bibangamiye ubwisanzure bw’itangazamakuru.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Urukiko rw’ikirenga rwategetse ko gushushanya Perezida Kagame bikomeza kuba icyaha
24 April 2019, by Dusingizimana Remy -
KATUNDA Sophie yasabye guhindurirwa amazina akitwa KATUNDA NGAMBOKO
11 March, by ISIMBI EstellaKATUNDA Sophie yasabye guhindurirwa amazina akitwa KATUNDA NGAMBOKO mu gitabo cyirangamimerere.
-
Davis D yahishuye ipfundo ry’umwuka mubi umaze igihe hagati ye na Element
28 January, by ISIMBI EstellaDavis D yahishuye ko umwuka mubi umaze igihe hagati ye na Element ushingiye ku kuba uyu musore utunganya indirimbo z’abandi bahanzi atarigeze yubahiriza amasezerano bagiranye mu myaka ibiri ishize.
-
Indwara ya Asima (Asthma) ishobora kuvurwa igakira? Umva icyo abaganga bavuga
3 June 2019, by UbwanditsiAsthma (soma asima) ni indwara y’ubuhumekero yongera ubukana bitewe n’umubiri w’umuntu ku giti cye, ihindagurika ry’ikirere, kwimuka cyangwa se aho umuntu ari.
-
Huye: Uwasambanyijwe ku myaka 16 agowe no kurera umwana ufite ubumuga bukomatanyije
30 January, by Angeline MUKANGENZIYatewe inda akiri umwangavu w’imyaka 16 y’amavuko, agira ibyago byo kubyara umwana ufite ubumuga bukomatanyije burimo ubwo kutumva, kutavuga n’ubw’ingingo.
-
Perezida Trump yavuze ko azagira uruhare mu gushyiraho uzayobora Iran
5 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Amerika, Donald Trump yatangaje ko agomba kugira uruhare mu gushyiraho umuyobozi mushya wa Iran, ndetse ko umuhungu wa Ali Khamenei uhabwa amahirwe yo kuyobora igihugu atabyemerewe.
-
NESA yatangaje gahunda y’ingendo z’abanyeshuri bajya ku ishuri
28 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), cyatangaje ingendo z’abanyeshuri biga bacumbikirwa mu gihe cyo gusubira ku ishuri (Igihembwe cya 1 umwaka w’amashuri wa 2025-2026).
-
Perezida wa Irani yavuze ko ibihugu bimwe byatangiye ibikorwa by’ubuhuza
6 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Irani Masoud Pezeshkian avuga ko “ibihugu bimwe byatangiye ibikorwa by’ubuhuza”, ariko ntiyavuze ibyo ari byo.
-
Umukire utunze imodoka 25, ibibanza, inzu zirimo etaji yafatiwe ikindi cyemezo
7 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko rwisumbuye rwa Huye rwategetse ko umugabo witwa Niyitegeka Eliezer ufite imitungo ifatika muri Kigali akurikiranwa afunzwe by’agateganyo aho gukurikiranwa adafunzwe.
-
Israel igiye guhamagaza inkeragutabara zirenga 100.000 mu guhangana na Iran
1 March, by Angeline MUKANGENZIIgisirikare cya Israel (IDF) cyatangaje ko kigiye guhamagaza inkeragutabara z’iki gihugu zirenga ibihumbi 100 nk’uburyo bwo guhangana na Iran byuzuye.
Umuryango.rw
KATUNDA Sophie yasabye guhindurirwa amazina akitwa KATUNDA NGAMBOKO
Davis D yahishuye ipfundo ry’umwuka mubi umaze igihe hagati ye na Element
Indwara ya Asima (Asthma) ishobora kuvurwa igakira? Umva icyo abaganga bavuga
Huye: Uwasambanyijwe ku myaka 16 agowe no kurera umwana ufite ubumuga bukomatanyije
NESA yatangaje gahunda y’ingendo z’abanyeshuri bajya ku ishuri
Perezida wa Irani yavuze ko ibihugu bimwe byatangiye ibikorwa by’ubuhuza
Umukire utunze imodoka 25, ibibanza, inzu zirimo etaji yafatiwe ikindi cyemezo
Israel igiye guhamagaza inkeragutabara zirenga 100.000 mu guhangana na Iran