Umukino uba utegerejwe na benshi muri Shampiyona y’u Rwanda, uhuza APR FC na Rayon Sports, uzabera kuri Stade Amahoro tariki ya 10 Gicurasi 2025, habura imikino itatu ngo umwaka w’imikino urangire.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
APR na Rayon Sports zamenye ukwezi zizongera guvakiraniramo !andi Amatariki y’ingenzi
18 January 2025, by Joseph Iradukunda -
Centrafrique: Ingabo z’u Rwanda zibutse Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994
8 April, by ISIMBI EstellaAbasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Repubulika ya Centrafrique (MINUSCA), bakorera i Bangui, i Bria n’i Bossembélé, bibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Ibihugu 10 bya Afurika bifite umubare munini w’Abashomeri
24 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbushomeri ni imwe mu mbogamizi zikomeye muri Afurika, zibangamira iterambere ry’ubukungu n’iterambere ry’imibereho. Banki nyafurika ishinzwe iterambere (AfDB) yavuze ko niba ibintu bidahindutse vuba, urubyiruko rugera kuri miliyoni 100 rushobora kuba abashomeri bitarenze 2030
-
Uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye mu mpera z’icyumweru
9 February, by Angeline MUKANGENZIAbakinnyi b’Abanyarwanda bakomeje gushyira imbaraga nyinshi mu gufasha amakipe yabo by’umwihariko abakina hanze, mbere yo guhamagarwa mu ikipe y’Igihugu “Amavubi” yitegura imikino ya FIFA Series izabera i Kigali muri Werurwe 2026.
-
Guverinoma yamaze impungenge abaturage batanyuzwe n’imisanzu mishya ya mituweli
26 March, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yatangaje ko amavugurura yakozwe ku mafaranga y’ubwisungane mu kwivuza ‘mituweli’ atagamije gushyira umutwaro uremereye ku baturage, yizeza ko abafite ibibazo bazegerwa bagafashwa.
-
Impamvu nyamukuru ituma abakozi basambana na ba nyirabuja yamenyekanye
7 July 2018, by Nsanzimana ErnestBitungura benshi kumva ko umubyeyi wubashwe asambana n’ umukozi we cyangwa umushoferi nyamara afite umugabo mwiza umukunda
Umugabo w’ umunyarwanda tutari butangaze amazina yatubwiye ko byamubayeho. Uyu mugabo uri mu kigero cy’ imyaka 50 ngo muri Nyakanga 2017 nibwo yamenye ko umugore we amuca inyuma akaryamana n’ umushoferi we.
Akibimenya yirinze guhita amugaragariza uburakari, dore nubwo umugore we yamucaga inyuma yakomeje kumwubaha nk’ umugabo we akamwitaho nk’ uko bisanzwe.
Yakomeje (…) -
Tanzania: Impunzi z’Abarundi zanze gutaha ziri kumeneshwa
18 February, by Angeline MUKANGENZIImibereho y’impunzi z’Abarundi ziba muri Tanzania ikomeje kuba mibi, cyane cyane mu nkambi ya Nyarugusu. Amakuru atangwa n’impunzi n’imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu aravuga ko hari ifatwa ry’abapasiteri, iyicarubozo ndetse no gusenywa kw’inzu z’abaturage.
-
Amerika yongereye igihe cyo kutarasa kuri Iran
22 April, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko agahenge kazakomeza kugeza hasojwe ibiganiro bihagarika intambara ya Iran igiye kumara amezi abiri.
-
Diplomate ari mu gahinda ko gupfusha umubyeyi we
3 September 2025, by ISIMBI EstellaDiplomate abinyujije ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje ko ari mu gahinda gakomeye ko gupfusha umubyeyi we witabye Imana ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 3 Nzeri 2025.
-
Kenya: Abapolisi n’abacungagereza bongerewe umushahara
5 March, by Angeline MUKANGENZIMinisiteri y’Umutekano w’imbere muri Kenya, yatangaje ko abakozi bo mu nzego zirimo Polisi, urwego rushinzwe imfungwa n’urwego rw’igihugu rushinzwe urubyiruko bagiye kuzamurirwa umushahara.
Umuryango.rw
APR na Rayon Sports zamenye ukwezi zizongera guvakiraniramo !andi Amatariki y’ingenzi
Centrafrique: Ingabo z’u Rwanda zibutse Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994
Ibihugu 10 bya Afurika bifite umubare munini w’Abashomeri
Uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye mu mpera z’icyumweru
Guverinoma yamaze impungenge abaturage batanyuzwe n’imisanzu mishya ya mituweli
Amerika yongereye igihe cyo kutarasa kuri Iran
Diplomate ari mu gahinda ko gupfusha umubyeyi we
Kenya: Abapolisi n’abacungagereza bongerewe umushahara