Michaela Benthaus ukomoka mu Budage yabaye umuntu wa mbere ugendera mu igare ry’abafite ubumuga, ugeze mu isanzure.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umuntu wa mbere ugendera mu igare ry’abafite ubumuga yageze mu isanzure
21 December 2025, by ISIMBI Estella -
U Bwongereza: Andrew wari igikomangoma agiye kwamburwa impeta za gisirikare
3 November 2025, by ISIMBI EstellaUmwami w’u Bwongereza, Charles III, yategetse ko Andrew wari igikomangoma agomba gukurwaho impeta z’igisirikare cy’ubwami bw’u Bwongereza.
-
Trump yatutse ibihugu byemeye ubwigenge bwa Palestine
30 September 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yise ‘abasazi’ ibihugu by’i Burayi bisanzwe ari inshuti z’akadasohoka zayo kubera kwemera ubwigenge bwa Palestine.
-
Cardinal Kambanda yasezeye kuri Papa Francis
23 April 2025, by Joseph IradukundaArikiyepisikopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepisikopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Cardinal Kambanda, yasezeye kuri Papa Francis witabye Imana tariki ya 21 Mata 2025.
-
RDC: Abasirikare b’u Burundi banze kwambara impuzankano ya FARDC
24 December 2025, by ISIMBI EstellaAbasirikare b’u Burundi bakiri kwinjira rwihishwa mu muri Teritwari ya Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo batangiye kutumvikana ku kwambara impuzankano ya FARDC, nk’amayeri yo guhisha ko bakiri kurwana mu ntambara yo mu Burasirazuba bwa RDC.
-
Hatangajwe igihe Abanyarwanda bazatangirira guhabwa urukingo rwa kabiri rwa Covid-19
30 March 2021, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko Tariki ya 02 Mata 2021, u Rwanda ruzatangira guha abantu dose ya 2 y’urukingo rwa COVID-19 abahawe urwa mbere guhera kuwa 05 Werurwe 2021.
-
Bujumbura: Ambasaderi wa RDC n’abandi bakorana bakekwaho gukorana na AFC
4 August 2025, by Joseph IradukundaAmbasaderi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu Burundi, Willy Mulumba ndetse n’abandi bakozi babiri bo muri Ambasade y’iki gihugu i Bujumbura bakekwaho gukorana n’Ihuriro AFC rifite umutwe witwaje intwaro wa M23 na MRDP - Twirwaneho.
-
Impinduka zitezwe mu burezi bw’u Rwanda
24 June 2025, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Uburezi mu Rwanda ikomeje gukora impinduka zigamije guteza imbere uburezi bufite ireme guhera mu mashuri abanza n’ayisumbuye.
-
Konti ya Kanye West kuri X yafunzwe
10 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKonti ya Kanye West ‘Ye’ ku rubuga nkoranyambaga X, yafunzwe nyuma y’ubutumwa uyu muraperi amaze iminsi anyuzaho bunyuranyije n’amategeko y’uru rubuga ruri mu zikoreshwa cyane ku Isi.
-
FERWAFA yatangaje abagize komisiyo zayo
24 October 2025, by ISIMBI EstellaIshyirahamwe rya Ruhago mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje abagize komisiyo zayo esheshatu barimo Kanamugire Jean Fidèle na Nibagwire Sifa Gloria wabaye Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu igihe kinini.
Umuryango.rw
Umuntu wa mbere ugendera mu igare ry’abafite ubumuga yageze mu isanzure
U Bwongereza: Andrew wari igikomangoma agiye kwamburwa impeta za gisirikare
Trump yatutse ibihugu byemeye ubwigenge bwa Palestine
Cardinal Kambanda yasezeye kuri Papa Francis
RDC: Abasirikare b’u Burundi banze kwambara impuzankano ya FARDC
Hatangajwe igihe Abanyarwanda bazatangirira guhabwa urukingo rwa kabiri rwa Covid-19
Bujumbura: Ambasaderi wa RDC n’abandi bakorana bakekwaho gukorana na AFC
Impinduka zitezwe mu burezi bw’u Rwanda
Konti ya Kanye West kuri X yafunzwe
FERWAFA yatangaje abagize komisiyo zayo