Indirimbo kwibuka iri mu ndirimbo zamenyekanye cyane zuyu munyabigwi mu muziki nyarwanda usibye indirimbo kwibuka yakoze kandi izindi ndirimbo zamenyekanye zirimo nka : Ubalijoro, abantu si bo Mana, Mpinganzima, mon coeur, n’izindi nyinshi cyane.
Rodrigue Karemera ni Umuhanzi ufite amateka maremare nayo tuzagarukaho ukwayo ariko uyu munsi reka dufungure indi paji twitse cyane ku mukobwa ushinguye , w’irabura w’urubavu ruto wagaragaye mu mashusho y’indirimbo Hagati y’ibiti bibiri ikaba (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Sobanukirwa byinshi ku mukobwa uri mu mashusho y’indirimbo hagati y’ibiti bibiri ya Karemera Rodrigue
21 February 2025, by ISIMBI Estella -
Aline Gahongayire yatangije amarushanwa azasiga akoreye indirimbo umunyempano
29 April, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire, yashyizeho amarushanwa agamije kuzamura impano nshya, aho azaha amahirwe umwe mu bazitwara neza agakorerwa indirimbo ye mu buryo bw’amajwi (audio) n’amashusho (video), ndetse akanahabwa ubufasha mu kumenyekanisha igihangano cye.
-
Nyarugenge: RIB yafashe uwasambanyaga abakobwa abashukisha kubabonera akazi
28 April, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rwafunze uwitwa Habarurema Jean D’amour ukurikiranyweho gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato abakobwa batandukanye abizeza akazi.
-
Nyanza: Babiri baturikanwe na kanyanga bari batetse, umwe ahasiga ubizima
1 October 2025, by ISIMBI EstellaAbagabo babiri barimo uw’imyaka 35 n’undi w’imyaka 36 basenyukiweho n’inzu kubera kanyanga bari batetse igaturika, umwe muri bo ahita apfa.
-
Trump yashyizeho iteka ryo gutabara Qatar mu gihe yaterwa
2 October 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashyizeho iteka igihugu cye kizashingiraho gitabara Qatar mu gihe yagabwaho ibitero.
-
U Rwanda rwashimiwe kugira imihanda yujuje ubuziranenge
20 April, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bw’Umuhora wa Ruguru bwashimiye u Rwanda ku kugira imihanda yujuje ubuziranenge n’ibisabwa byose ku kigero cya 98%.
-
Tshisekedi yijeje abanye-Congo ko Amerika igiye kumwubakira ‘igisirikare karahabutaka’
30 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yijeje abaturage b’igihugu cye ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zigiye kubaha ubufasha burimo kububakira igisirikare gikomeye.
-
Burundi: Stade Intwari yangiritse nta munsi ushize isuwe na FIFA
13 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuStade Intwari y’i Burundi yabereyeho impanuka nta munsi ushize isuwe n’inzobere muri FIFA ishinzwe gusuzuma ibibuga, Mohammed Goulette. Ni impanuka yaturutse ku itara rimwe ryagwiriye stade.
-
Super Manager : Nigeze kuba umuyisilamu amezi abiri nitwa Selemani ngirango bansiramure gusa
20 May 2025, by Gladiator OGIcyamamare Gakumba Patrick uzwi cyane nka Super Manager yahishuye ko ubwo yari agiye kwiga mu mashuri yisumbuye icyiciro gisoza (Advanced Level) mu gihugu cya Tanzania icyo gihe yari atarasiramurwa ariko yagera muri Tanzania bikaba ngombwa ko abikorerwa kugirango afatwe nk’umusirimu.
-
Tundu Lissu ukuriye abatavugarumwe n’ubutegetsi muri Tanzania yagaruwe mu rukiko
9 February, by Angeline MUKANGENZIUmukuru w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania Tundu Lissu yagaruwe mu rukiko uyu munsi aho aregwa mu rubaza rwo kugambanira igihugu rukomeje kuburanishwa mu Rukiko Rukuru i Dar es Salaam.
Umuryango.rw
Sobanukirwa byinshi ku mukobwa uri mu mashusho y’indirimbo hagati y’ibiti bibiri ya Karemera Rodrigue
Aline Gahongayire yatangije amarushanwa azasiga akoreye indirimbo umunyempano
Nyarugenge: RIB yafashe uwasambanyaga abakobwa abashukisha kubabonera akazi
Nyanza: Babiri baturikanwe na kanyanga bari batetse, umwe ahasiga ubizima
Trump yashyizeho iteka ryo gutabara Qatar mu gihe yaterwa
U Rwanda rwashimiwe kugira imihanda yujuje ubuziranenge
Tshisekedi yijeje abanye-Congo ko Amerika igiye kumwubakira ‘igisirikare karahabutaka’
Burundi: Stade Intwari yangiritse nta munsi ushize isuwe na FIFA
Super Manager : Nigeze kuba umuyisilamu amezi abiri nitwa Selemani ngirango bansiramure gusa
Tundu Lissu ukuriye abatavugarumwe n’ubutegetsi muri Tanzania yagaruwe mu rukiko