Uwitwa NYABYENDA Violette yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa NDAYISHIMIYE Violette mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina murayisanga mu itangazo riri hano hasi..
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
NYABYENDA Violette yasabye guhindura amazina akitwa NDAYISHIMIYE Violette
18 February 2025, by Ubwanditsi -
Umugore wa mbere ku Isi wahamijwe icyaha cya Jenoside ni Umunyarwandakazi- Minisitiri Bizimana
8 April, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yashimangiye ko Jenoside yakorewe Abatutsi ifite umwihariko wo kuba umugore wa mbere ku Isi wahamijwe ibyaha bya Jenoside ari Umunyarwandakazi, Pauline Nyiramasuhuko wari na Minisitiri w’Iterambere ry’Umuryango.
-
Intumwa z’u Rwanda zitabiriye ibiganiro na RDC i Washington
17 March, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko hari itsinda ry’u Rwanda ryitabiriye ibiganiro by’inyabutatu bigomba guhuza u Rwanda na RDC hamwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bikabera i Washington D.C.
-
Ishoramari mu Rwanda ryageze kuri miliyari 3,27$ mu 2024, rihanga imirimo 50.000
10 January, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko mu 2024 ishoramari ryakorewe mu Rwanda ryageze ku gaciro ka miliyari 3,27 $ rivuye kuri miliyari 1,67$ ryariho mu myaka umunani ishize kandi rigira uruhare rukomeye mu guhanga imirimo mishya irenga 50.000 mu mwaka.
-
Itangazo:UWINGABIRE Pio yasabye guhindura amazina akitwa UWIRAGIYE PIO
5 August 2024, by UbwanditsiUwitwa UWINGABIRE Pio yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa UWIRAGIYE PIO mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri mu itangazo riri hano hasi -
Bwa mbere umuntu yatewemo ibihaha by’ingurube
27 August 2025, by ISIMBI EstellaUmugabo w’imyaka 39, yahawe ibihaha by’ingurube mu bitaro bya Guangzhou Medical University abimarana iminsi icyenda, igikorwa kibayeho bwa mbere mu buvuzi.
-
Gen Maj Ekenge yarezwe muri ICC kubera amagambo ye yibasira Abatutsi
28 February, by Angeline MUKANGENZIImiryango y’Abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abatutsi yareze uwahoze ari Umuvugizi w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Gen Maj Sylvain Ekenge mu rukiko mpanabyaha mpuzamahanga (ICC) ruri i La Haye mu Buholandi, kugira ngo azaryozwe amagambo ye yibasira Abatutsi.
-
Karongi: Abayobozi b’ibitaro mu ihurizo ryo kwita ku barwayi batereranwa n’imiryango yabo
4 March, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bw’Ibitaro bitatu bikorera mu Karere ka Karongi bwatangaje ko kimwe mu bibangamiye ubuvuzi ari imiryango itererana abarwayi bayo bikabatera kwiheba.
-
Indege RDC yaherukaga gutira mu Bufaransa yagonze
21 November 2024, by Joseph IradukundaIndege nshya iri muri ebyiri Repubulika ya Demokarasi ya Congo iheruka gutira mu rwego rwo kuzahura sosiyete yayo ya Congo Airways ikora ubwikorezi bwo mu kirere, yagonze.
-
Rwamagana: Umwarimukazi yishwe akaswe ijosi harakekwa Umugabo we
27 June 2025, by ISIMBI EstellaMu ijoro ryacyeye ahagana mu masaha ya Saa tanu z’ijoro ,abagizi ba nabi bishe umwarimukazi wigishaga mu Rwunge rw’amashuri rwa Rwamagana Protestant mu karere ka Rwamagana.
Umuryango.rw
Umugore wa mbere ku Isi wahamijwe icyaha cya Jenoside ni Umunyarwandakazi- Minisitiri Bizimana
Intumwa z’u Rwanda zitabiriye ibiganiro na RDC i Washington
Ishoramari mu Rwanda ryageze kuri miliyari 3,27$ mu 2024, rihanga imirimo 50.000
Bwa mbere umuntu yatewemo ibihaha by’ingurube
Gen Maj Ekenge yarezwe muri ICC kubera amagambo ye yibasira Abatutsi
Karongi: Abayobozi b’ibitaro mu ihurizo ryo kwita ku barwayi batereranwa n’imiryango yabo
Indege RDC yaherukaga gutira mu Bufaransa yagonze
Rwamagana: Umwarimukazi yishwe akaswe ijosi harakekwa Umugabo we