Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu Ngishwanama rw’Inararibonye, Tito Rutaremara yahakanye yivuye inyuma ibiherutse gutangazwa na Agatha Kanziga wavuze ko nubwo abasirikare bazwi bari muri CND ari 600 batari abo gusa ngo kuko hari abandi bagiye bazanwa mu makamyo atwaye inkwi avuye ku Mulindi wa Byumba batazwi umubare.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Rutaremara yavuze ko nta musirikare w’Inkotanyi wajyanywe muri CND mu modoka y’inkwi
20 March, by Angeline MUKANGENZI -
Bad Bunny yaciye agahigo ka Kendrick Lamar ku rwego rw’Isi muri Super Bowl
4 March, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’icyamamare ukomoka muri Puerto Rico, Bad Bunny, yongeye kwandika amateka mu muziki mpuzamahanga nyuma yo guca agahigo ko kuba igitaramo cya Super Bowl Halftime Show cyarebwe n’abantu benshi kurusha ibindi ku rwego rw’Isi.
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
10 December 2025, by ISIMBI EstellaUmuhesaha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko hateganyijwe ipiganwa muri cyamunara y’umutungo utimukanwa.
-
Afungiye gusambanya umwana amushukishije amafaranga y’ibiceri
10 July 2025, by Joseph IradukundaHakizayezu Félix w’imyaka 56 wo mu Mudugudu wa Gatare, Akagari ka Nyabintare, Umurenge wa Nyakabuye mu Karere ka Rusizi, afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Nyakabuye,aho akurikiranyweho gusambanya umwana w’imyaks 12 amushukishije amafaranga y’u Rwanda 200.
-
Top 10! Abastar muri Showbiz Nyarwanda ushobora kuba utaruziko bafitanye isano.
28 January 2025, by ISIMBI EstellaUruganda rw’imyidagaduro mu Rwanda rukubiyemo ubuhanzi butandukanye kandi bwose bugenda bwuzuzanya. Muriyi nkuru mutwemerere turebere hamwe bamwe mu byamamare mu myidagaduro yo mu Rwanda ushobora kuba utaruziko bafitanye isano. Murakaza neza muriyi nkuru.
-
Uko Jenoside yateguwe mbere y’ihanurwa ry’indege ya Perezida Habyarimana
6 April, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yagaragaje ibinyoma biri mu bahuza ihanuka ry’indege yari itwaye Perezida Habyarimana ku ya 6 Mata 1994 na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yateguwe igihe kinini mbere y’uko ishyirwa mu bikorwa.
-
RSSB yatanze umucyo ku makuru ayishinja kugira agahato ubwizigame bwa EjoHeza
11 January 2025, by Joseph IradukundaUrwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB), rukomeje gusobanura ko kwizigamira muri EjoHeza nta gahato karimo, ahubwo ko umunyamuryango wayo yungukirwa buri mwaka amafaranga angana na 12% by’ayo yizigamiye.
-
Bushali, Bwiza, Kenny Sol na Kivumbi King bataramiye i Huye; bunamira Buravan, Dj Miller na Jay Polly
24 February, by ISHIMWE Jean de DieuMu ijoro ryuzuyemo amarangamutima n’ibyishimo, Umujyi wa Huye wakiriye igitaramo cya mbere cya Tour du Rwanda Festival, cyabimburiye urundi ruhererekane rw’ibitaramo bizaherekeza Tour du Rwanda 2026. Cyabereye muri Parking ya Stade ya Huye, aho imbaga y’abakunzi b’umuziki Nyarwanda bateraniye baje gutaramana n’abahanzi barimo Bwiza, Bushali, Kenny Sol na Kivumbi King.
-
Perezida Kagame yakurikiye umukino wa Paris Saint-Germain na Bayern Munchen
29 April, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yakurikiye umukino ubanza wa ½ cya UEFA Champions League, wahuje Paris Saint-Germain na Bayern Munchen.
-
Amateka ya Gen Kabarebe ufite amateka akomeye mu gisirikare washyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru
31 August 2023, by Dusingizimana RemyBiragoye kuvuga igisirikare cy’u Rwanda no muri aka karere mu myaka hafi 30 ishize ngo usige izina James Kabarebe. Gusa ubu itangazo rya minisiteri y’ingabo z’u Rwanda ryamushyize ku mwanya wa mbere w’urutonde rw’abandi basirikare bakuru bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru na Perezida Kagame.
Umuryango.rw
Rutaremara yavuze ko nta musirikare w’Inkotanyi wajyanywe muri CND mu modoka y’inkwi
Bad Bunny yaciye agahigo ka Kendrick Lamar ku rwego rw’Isi muri Super Bowl
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
Afungiye gusambanya umwana amushukishije amafaranga y’ibiceri
Top 10! Abastar muri Showbiz Nyarwanda ushobora kuba utaruziko bafitanye isano.
Uko Jenoside yateguwe mbere y’ihanurwa ry’indege ya Perezida Habyarimana
RSSB yatanze umucyo ku makuru ayishinja kugira agahato ubwizigame bwa EjoHeza
Bushali, Bwiza, Kenny Sol na Kivumbi King bataramiye i Huye; bunamira Buravan, Dj Miller na Jay Polly
Perezida Kagame yakurikiye umukino wa Paris Saint-Germain na Bayern Munchen
Amateka ya Gen Kabarebe ufite amateka akomeye mu gisirikare washyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru