Umuraperikazi w’icyamamare Megan Thee Stallion yajyanywe kwa muganga mu buryo bwihuse nyuma yo gufatwa n’indwara atari yiteze, ubwo yari ari mu gitaramo cya filime mbarankuru ‘Moulin Rouge! The Musical’ i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Megan Thee Stallion yajyanywe kwa muganga igitaraganya ari ku rubyiniro i New York
1 April, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Umunyamakuru Rugaju Reagan bwa mbere kuva yafungurwa hamenyekanye radio azakoraho
9 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamakuru Ndayishimiye Reagan uzwi nka Rugaju, uzwi mu biganiro bya Siporo, yongeye kumvikana kuri radio, ari na yo agiye gukorera nyuma yo gufungurwa.
-
WRC Safari Rally: Imodoka ya Kalimpinya yakuwe muri Shampiyona Nyafurika
13 March, by Angeline MUKANGENZIUmunsi wa mbere wa WRC Safari Rally wagoye Abanyarwanda, aho wasize imodoka imwe ivuye mu irushanwa, iya Queen Kalimpinya itari yujuje ibisabwa ikurwa muri Shampiyona Nyafurika isigara muri Shampiyona y’Igihugu, izindi ebyiri zemererwa gukomeza.
-
Canada: Abisabira kwicwa ku bushake bageze kuri 4.7% by’imfu zose
12 December 2024, by Joseph IradukundaIgipimo cy’abapfa ku bushake babifashijwemo n’abaganga – ibizwi nka euthanasia – cyarazamutse muri Canada mu myaka itanu ishize, nubwo ubu kirimo kugenda buhoro muri rusange.
-
Rutsiro: Abarobyi babiri batawe muri yombi bakekwaho kuroha mugenzi wabo
29 April, by ISIMBI EstellaAbarobyi babiri barimo uwitwa Twizerimana Vincent w’imyaka 25 na Mutabazi Daniel w’imyaka 24 bakorera uwo mwuga mu Kiyaga cya Kivu ku gice cy’Akarere ka Rutsiro, batawe muri yombi bakekwaho gukubita ingashyi ku kuboko kwa Hakizimana w’imyaka 27 akarohama byanamuviriyemo urupfu.
-
Amavubi yigiye imbere ku rutonde rwa FIFA
1 April, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yazamutseho imyanya ibiri ku rutonde ngarukakwezi rw’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku Isi, FIFA.
-
Ababyeyi baba Mama ba bamwe mu byamamare muri showbiz nyarwanda
26 February 2025, by ISIMBI EstellaAkabura ntikaboneke ni Nyinawumuntu , ushobora gusuzugura abandi bantu ariko Mama wawe ni uwo kubahwa , akwiye icyubahiro ndetse n’urukundo rwinhi. niba yarakureze ugakura uba ukwiye kuzamwitura kumukura ku cyavu ukamuhesha ishema mu bandi babyeyi. agahoza izina ryawe mu kanwa kubwo kuba umutera ishema ndetse ugahora umwibutsa ko amezi 9 yagutwise atapfuye ubusa ko rwose byari bikwiye. uyu niwe muntu ushobora kuguha inama itabogama ndetse waba uri mu makosa akagucyaha atitaye kukuba uri (…)
-
Bubiligi bwashyizeho igitutu Banki y’Isi ngo bufatire ibihano u Rwanda
24 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko mu nzego u Bubiligi bwashyizeho igitutu ngo zihagarikire inkunga u Rwanda, harimo Banki y’Isi n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi.
-
Menya ibanga ryo kwirinda no guhangana na Kanseri ya Prostate yibasira abagabo benshi
5 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbantu benshi yemwe n’abitwa ko bajijutse, iyo bumvise Prostate bumva kanseri, ariko si ko bimeze, kuko kanseri ni imwe mu ndwara zifata urugingo rwa Prostate. Ubundi Prostate ni urugingo rw’umubiri rugirwa n’abagabo rujyanye n’imyororokere, ruherereye ahagana imbere munsi y’uruhago. Gusa rukunze kugira ibyago byo kwibasirwa na Kanseri
KANSERI YA PROSTATE NI IKI ?
Ni akabyimba gaturuka ku kwivumbura kw’ingirangingo zo muri prostate zikura mu buryo budasanzwe zihuse kandi zigakura (…) -
Karongi: Yafunzwe akekwaho kugira uruhare muri Jenoside nyuma y’imyaka irenga 30 yihisha
10 April, by ISIMBI EstellaInzego z’ibanze ku bufatanye n’inzego z’umutekano zo mu Karere ka Karongi zafunze umugabo w’imyaka 63 witwa Murakaza Valens ukekwaho gukora Jenoside yakorewe Abatutsi, wari umaze imyaka irenga 30 yihisha ubutabera.
Umuryango.rw
Megan Thee Stallion yajyanywe kwa muganga igitaraganya ari ku rubyiniro i New York
Umunyamakuru Rugaju Reagan bwa mbere kuva yafungurwa hamenyekanye radio azakoraho
WRC Safari Rally: Imodoka ya Kalimpinya yakuwe muri Shampiyona Nyafurika
Canada: Abisabira kwicwa ku bushake bageze kuri 4.7% by’imfu zose
Rutsiro: Abarobyi babiri batawe muri yombi bakekwaho kuroha mugenzi wabo
Amavubi yigiye imbere ku rutonde rwa FIFA
Ababyeyi baba Mama ba bamwe mu byamamare muri showbiz nyarwanda
Bubiligi bwashyizeho igitutu Banki y’Isi ngo bufatire ibihano u Rwanda
Menya ibanga ryo kwirinda no guhangana na Kanseri ya Prostate yibasira abagabo benshi
Karongi: Yafunzwe akekwaho kugira uruhare muri Jenoside nyuma y’imyaka irenga 30 yihisha