Senateri Bishagara yitabye Imana ku wa Mbere w’icyumweru gishize mu bitaro bya John Hopkins biri muri Baltimore mu Mujyi wa Maryland muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yivurizaga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umubiri wa Senateri Kagoyire waguye muri Amerika wagejejwe i Kigali[AMAFOTO]
17 July 2019, by Martin Munezero -
Top 10! Abastar muri Showbiz Nyarwanda ushobora kuba utaruziko bafitanye isano.
28 January 2025, by ISIMBI EstellaUruganda rw’imyidagaduro mu Rwanda rukubiyemo ubuhanzi butandukanye kandi bwose bugenda bwuzuzanya. Muriyi nkuru mutwemerere turebere hamwe bamwe mu byamamare mu myidagaduro yo mu Rwanda ushobora kuba utaruziko bafitanye isano. Murakaza neza muriyi nkuru.
-
U Burundi bwutse inabi uwabaye Minisitiri wabwo wabusabye kumvikana n’u Rwanda
24 December 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi, Dr. Edouard Bizimana, yutse inabi umwe mu bamubanjirije muri izi nshingano wasabye ubuyobozi bw’igihugu cyabo kumvikana n’u Rwanda.
-
Bonnie Mugabe yatangiye inshingano nshya muri FERWAFA
1 December 2025, by ISIMBI EstellaUmunyamabanga Mukuru mushya w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru (FERWAFA), Bonnie Mugabe, yatangiye inshingano nyuma yo gukora ihererakanyabubasha na Mugisha Richard wari umaze amezi atatu muri izi nshingano by’agateganyo azifatanya no kuba Visi Perezida wa Kabiri ushinzwe Tekinike.
-
U Bwongereza: Uwabaye Minisitiri yavuye mu ishyaka ry’Abakozi kubera dosiye ya Epstein
2 February, by Angeline MUKANGENZIPeter Mandelson wabaye Minisitiri mu Bwongereza yasezeye mu ishyaka ry’Abakozi riri ku butegetsi nyuma yo kugaragara mu nyandiko zigize dosiye ya Jeffrey Epstein washinjwe gucuruza abana hagamijwe kubasambanya.
-
Ambasaderi Wungirije wa Uganda mu Rwanda yapfuye
3 March, by Angeline MUKANGENZIMinisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Laker Kinyera wakoreraga muri Ambasade ya Uganda mu Rwanda yitabye Imana aguye mu Bitaro bya Mulago i Kampala.
-
Cardi B afite ubwoba bwo kwicwa na Offset
17 November 2025, by ISIMBI EstellaUmuririmbyi w’icyamamare Belcalis Almanzar uzwi nka Cardi B, yatangaje ko afite ubwoba bukomeye ko Offset, wahoze ari umugabo we, ashobora kumugirira nabi nyuma y’uko batandukanye.
-
FIFA Club World Cup: Inter Miami ya Messi yahagamwe na Al Ahly yo mu Misiri
15 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInter Miami ya Lionel Messi yananiwe gutsinda Al Ahly yo mu Misiri, mu mukino ubimburira indi mu y’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe kiri kubera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
Abatuye Sénégal harimo Abanyarwanda ndetse n’inshuti zarwo bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi
9 April 2025, by ISIMBI EstellaAbantu basaga 400 barimo Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda batuye muri Senegal n’abahagarariye ibihugu byabo muri Senegal bitabiriye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.
-
NYIRANTIBIZERWA Virgine yasabye guhindura amazina akitwa UMUHIRE Virginie
9 October 2025, by ISIMBI EstellaUwitwa NYIRANTIBIZERWA Virginie yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa UMUHIRE Virginie mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina murayisanga mu itangazo riri hano hasi..
Umuryango.rw
Top 10! Abastar muri Showbiz Nyarwanda ushobora kuba utaruziko bafitanye isano.
U Burundi bwutse inabi uwabaye Minisitiri wabwo wabusabye kumvikana n’u Rwanda
Bonnie Mugabe yatangiye inshingano nshya muri FERWAFA
U Bwongereza: Uwabaye Minisitiri yavuye mu ishyaka ry’Abakozi kubera dosiye ya Epstein
Ambasaderi Wungirije wa Uganda mu Rwanda yapfuye
Cardi B afite ubwoba bwo kwicwa na Offset
FIFA Club World Cup: Inter Miami ya Messi yahagamwe na Al Ahly yo mu Misiri
Abatuye Sénégal harimo Abanyarwanda ndetse n’inshuti zarwo bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi
NYIRANTIBIZERWA Virgine yasabye guhindura amazina akitwa UMUHIRE Virginie