Umuhanzi Bruce Melodie ukunze kwiyita ‘Munyakazi’, nyuma y’amasaha macye ahagurutse i Kigali akerecyeza i Nairobi muri Kenya mu bikorwa byo kuganira n’itangazamakuru ryo mu Bihugu byo mu karere, yahise agirana ikiganiro n’imwe muri radio yo muri kiriya Gihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Bruce Melodie nyuma y’amasaha macye yerecyeje muri Kenya yahise atangira gukora icyamujyanye
23 January, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Kivu y’Amajyepfo: M23 yambuwe uduce 8
10 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIhuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, biravugwa ko ryamaze kwambura M23 uduce umunani two mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
-
Ibuye rya mbere rinini ryo kuri Mars ryabonetse ku isi ryagurishijwe miliyoni $4.3 muri cyamunara
17 July 2025, by Joseph IradukundaIkimanyu cy’"imbonekarimwe cyane" cy’umubumbe wa Mars – cya mbere kinini cyane cyabonetse ku isi – cyagurishijwe miliyoni 4.3 z’amadolari y’Amerika muri cyamunara yabereye i New York ku wa gatatu.
-
Burera: Polisi yafatanye umugabo ibilo bisaga 200 by’insinga z’amashanyarazi
4 September 2025, by ISIMBI EstellaPolisi y’u Rwanda mu Karere ka Burera yafashe umugabo wari ufite ibilo 250 by’insinga z’amashanyarazi, azerekeza mu gihugu cya Uganda ku mupaka wa Cyanika.
-
Matata Ponyo wabaye Minisitiri w’Intebe wa RDC yaburiwe irengero
31 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAugustin Matata Ponyo wabaye Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2012 kugeza mu 2016, yaburiwe irengero kuva tariki ya 21 Gicurasi 2025.
-
Ethiopia irashinja Eritrea guha intwaro inyeshyamba zo muri Amhara
16 January, by Angeline MUKANGENZILeta ya Ethiopia yashinje igihugu cya Eritrea guha intwaro inyeshyamba zo mu Karere ka Amhara, ivuga ko iki gikorwa kigamije guhungabanya umutekano w’iki gihugu. Ibi byatangajwe n’Igipolisi cya Ethiopia, kivuga ko cyafashe amasasu agera ku bihumbi 56 yari agenewe inyeshyamba zo mu mutwe wa Fano.
-
U Buyapani: Minisitiri w’Intebe Sanae Takaichi agiye gusesa Inteko
19 January, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Intebe mushya w’u Buyapani, Sanae Takaichi, agiye gusesa Inteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite batararangiza manda yabo ndetse hahite hakorwa amatora yo kubasimbuza.
-
Burundi: Hatoraguwe Imirambo y’abambaye nka FARDC mu mugezi wa Rusizi
18 May 2025, by Joseph IradukundaImirambo ibiri y’abagabo bambaye impuzankano z’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasanzwe ku nkengero z’umugezi wa Rusizi, ku musozi wa Rusiga, mu Murenge wa Rugombo, Intara ya Cibitoke.
-
Nepal: Minisitiri w’Intebe yafunze uwo yasimbuye nyuma y’umunsi umwe ku butegetsi
28 March, by Angeline MUKANGENZIKP Sharma Oli wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Nepal, yatawe muri yombi akurikiranyweho gukoresha ingufu z’umurengera mu guhosha imyigaragambyo yabaye umwaka ushize igahitana abantu benshi.
-
Abantu barindwi baguye mu mpanuka y’indege y’igisirikare cya Qatar
22 March, by ISIMBI EstellaAbasirikare 4 b’Ingabo za Qatar n’abandi bantu 3 barimo abatekinisiye bafite ubwenegihugu bwa Turukiya, baguye mu mpanuka y’indege y’igisirikare cya Qatar yatewe n’ibibazo bya tekiniki. Kuri iki Cyumweru, Minisiteri y’Ingabo ya Qatar na Turukiya byatangaje ko iyo ndege yaguye nyuma yo kugira ikibazo cya tekiniki aho yari iri mu bikorwa bisanzwe bya gisirikare.
Umuryango.rw
Bruce Melodie nyuma y’amasaha macye yerecyeje muri Kenya yahise atangira gukora icyamujyanye
Kivu y’Amajyepfo: M23 yambuwe uduce 8
Ibuye rya mbere rinini ryo kuri Mars ryabonetse ku isi ryagurishijwe miliyoni $4.3 muri cyamunara
Burera: Polisi yafatanye umugabo ibilo bisaga 200 by’insinga z’amashanyarazi
Matata Ponyo wabaye Minisitiri w’Intebe wa RDC yaburiwe irengero
Ethiopia irashinja Eritrea guha intwaro inyeshyamba zo muri Amhara
U Buyapani: Minisitiri w’Intebe Sanae Takaichi agiye gusesa Inteko
Burundi: Hatoraguwe Imirambo y’abambaye nka FARDC mu mugezi wa Rusizi
Nepal: Minisitiri w’Intebe yafunze uwo yasimbuye nyuma y’umunsi umwe ku butegetsi
Abantu barindwi baguye mu mpanuka y’indege y’igisirikare cya Qatar