kuri uyu wa 23 Gashyantare 2026, Umuyaga ukomeye wibasiye inkombe z’iburasirazuba bwa Amerika uzana urubura rwinshi rwaciye agahigo mu mateka, bituma ubuzima bwa miliyoni z’abantu buhungabana ndetse ibihumbi by’ingendo z’indege bihagarikwa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amerika: Ingendo z’indege zirenga 5,000 zahagaritswe
24 February, by Angeline MUKANGENZI -
Tshisekedi yongeye guhura na Ndayishimiye w’u Burundi
23 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix
Tshisekedi, kuri uyu wa 22 Ukuboza 2024 yahuye na mugenzi we uyobora u Burundi, Evariste Ndayishimiye, nyuma y’amezi atatu bahuriye i Beijing mu Bushinwa. -
U Rwanda rwahishuye inyungu iri mu kuba Perezida Kagame yarasuye Jamaica na Barbados
18 April 2022, by Rebecca UFITAMAHORONyuma y’uruzinduko umukuru w’igihugu cy’u Rwanda amaze Iminsi agirira mu bihugu 2 aribyo Jamica na Barbados , ibiro by’umukuru w’igihugu byatangaje zimwe mu nyungu u Rwanda rufite kuri uru ruzinduko.
-
Polisi yamaze impungenge abafite impushya zo gutwara imodoka za ‘automatique’ bifuza iza ‘manuel’
2 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda Ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda yatangaje ko abafite impushya zo gutwara ibinyabiziga bya ‘automatique’ bemerewe gukorera izindi ‘categories’ zibemerera gutwara imodoka za ‘manuel’ bitabaye ngombwa ko bakorera urundi ruhushya bundi bushya.
-
Ibiza byishe abantu 13 b’i Gisagara mu mwaka umwe
29 December 2025, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bw’Akarere ka Gisagara bugaragaza ko mu mezi 15 ashize ibiza byishe abantu 13, imyaka yari kuri hegitari zisaga 568 z’ubutaka n’inzu 156 birangizwa.
-
Abayobozi b’ibihugu bapfuye bazize impanuka y’indege
27 July 2024, by AHISHAKIYE EmmanuelHari abayobozi b’ibihugu bitandukanye baburiye ubuzuma bwabo mu mpanuka z’indege, zaba zirashwe cyangwa zigize ibibazo bitandukanye bya tekenike nubwo nabyo rimwe na rimwe hakekwa impamvu za politike ko zaba zibyihishe inyuma. Aba ni bamwe mu bakuru b’ibihugu baburiye ubuzima bwabo mu mpanuka y’indege.
-
Rulindo haravugwa umugabo wiyahuye amaze gutema umugore we
5 December 2024, by Joseph IradukundaMu Karere ka Rulindo,umurenge wa Buyoga,akagari ka Gitumba mu mudugudu wa Gitaba haravugwa inkuru y’umugabo watemye umugore we,nawe agahita yiyahuza umuti witwa Rava.
-
Banki y’Isi yahaye u Rwanda inkunga ya miliyoni 30$ yo kurwanya Covid-19
22 April 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane Guverinoma y’u Rwanda na Banki y’Isi, bashyize umukono ku masezerano y’inkunga ya million 30 z’amadolari ya Amerika, ni hafi miliyari 29 z’amafaranga y’u Rwanda, azafasha muri gahunda zo kurwanya icyorezo cya COVID 19 harimo gutumiza no gukwirakwiza inkingo mu gihugu.
-
Muyaya yagaragaje impamvu Tshisekedi yavuye ku izima, akemera ibiganiro na M23
30 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya, yagaragaje ko impinduka zagiye ziba ku kibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bw’igihugu cyabo ari zo zatumye Perezida Félix Tshisekedi ava ku izima, akemera kuganira n’ihuriro AFC/M23.
-
Bruce Melodie yateguye igitaramo azasogongerezamo abakunzi be Album ye ya 3
6 December 2024, by Joseph IradukundaUmuhanzi uri mu bakunzwe mu Rwanda Itahiwacu Bruce Melodie yateguye igitaramo kizasogongererwamo umuzingo we wa gatatu witwa Colorful Generation (Album).
Umuryango.rw
Tshisekedi yongeye guhura na Ndayishimiye w’u Burundi
U Rwanda rwahishuye inyungu iri mu kuba Perezida Kagame yarasuye Jamaica na Barbados
Polisi yamaze impungenge abafite impushya zo gutwara imodoka za ‘automatique’ bifuza iza ‘manuel’
Ibiza byishe abantu 13 b’i Gisagara mu mwaka umwe
Abayobozi b’ibihugu bapfuye bazize impanuka y’indege
Rulindo haravugwa umugabo wiyahuye amaze gutema umugore we
Muyaya yagaragaje impamvu Tshisekedi yavuye ku izima, akemera ibiganiro na M23
Bruce Melodie yateguye igitaramo azasogongerezamo abakunzi be Album ye ya 3