Perezida Paul Kagame yerekanye ko ikibazo cy’igwingira ry’abana riri ku gipimo cyo hejuru mu turere dutandukanye tunakungahaye ku musaruro runaka by’umwihariko aka Gicumbi, atari ikibazo cy’abaturage gusa ahubwo ikibazo kinini gifitwe n’abayobozi badafasha mu guhindura imyumvire y’abaturage.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ikibazo kinini kiri ku bayobozi- Perezida Kagame ku kibazo cy’igwingira mu Rwanda
5 February, by Angeline MUKANGENZI -
Ubukungu busangiwe n’imihigo mishya muri ‘BRI’: Ibyo u Bushinwa buhanze amaso mu 2025
3 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu rwego rw’Isi icyuho mu iterambere ry’ibihugu bikize n’ibikennye kirarushaho kwiyongera bitewe n’uko abakire barushaho gukira, no kuba abatuye Isi batabasha kubyaza umusaruro ikoranabuhanga rifatiye runini iterambere muri ibi bihe, ku rwego rungana.
-
Tems yashyikirijwe igihembo gikomeye mu Bwongereza
5 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzikazi w’Umunya-Nigeria wubashywe ku rwego mpuzamahanga, Temilade Openiyi uzwi cyane nka Tems, yongeye kwandika amateka ubwo yahabwaga igihembo cya Diamond mu birori bya mbere byiswe ’Billboard Global Power Players,’ byabereye ahitwa Shoreditch House mu Burasirazuba bw’umujyi wa Londres mu Bwongereza, ku wa Gatatu tariki 4 Kamena 2025.
-
Volleyball: EAU yihanije RRA, Kepler ikora amateka, Police iva mu makipe ane ya mbere, umunsi wa 11 mu mibare
9 February, by Angeline MUKANGENZIShampiyona ya volleyball yakomezaga mu mpera ziki cyumweru hakinwa umunsi wa 11 aho ikipe ya EAUR yatsinze RRA, Kepler ikora amateka imbere ya Police WVC.
-
Ethiopia irashinja Eritrea guha intwaro inyeshyamba zo muri Amhara
16 January, by Angeline MUKANGENZILeta ya Ethiopia yashinje igihugu cya Eritrea guha intwaro inyeshyamba zo mu Karere ka Amhara, ivuga ko iki gikorwa kigamije guhungabanya umutekano w’iki gihugu. Ibi byatangajwe n’Igipolisi cya Ethiopia, kivuga ko cyafashe amasasu agera ku bihumbi 56 yari agenewe inyeshyamba zo mu mutwe wa Fano.
-
Indege y’igisirikare cya Philippines yaburiwe irengero mu mirwano n’inyeshyamba
4 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIndege y’igisirikare cya Philippines yo mu bwoko bwa FA-50, yari ifite abarwanira mu kirere babiri, yaburiwe irengero mu ijoro ryo ku wa Mbere ubwo yari mu butumwa bwo gushyigikira ingabo zo ku butaka zirwanaga n’inyeshyamba mu majyepfo y’igihugu.
-
Minisitiri w’intebe yijeje perezida wa Repubulika kunoza imikorere mu nzego
5 February, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’intebe, Justin Nsengiyumva, yijeje perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ko hagiye gushyirwa imbaraga mu kunoza imikorere n’imikoranire mu nzego.
-
U Bushinwa buri kwitambika abakandida b’Abanyamerika ku buyobozi bwa MONUSCO
15 January, by Angeline MUKANGENZIU Bushinwa buri kwitambika abakandida b’Abanyamerika ku buyobozi bw’ubutumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO).
-
MININFRA yasabwe kwishyura abaturage byihuse ibirarane bidasaba ingengo y’imari nini
15 January 2025, by Joseph IradukundaAbadepite bagize Komisiyo y’Imiyoborere, Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’Abagabo n’Abagore, basabye ko abagomba guhabwa ingurane y’amafaranga make byakorwa hatagombye kuyategereza igihe kirekire.
-
MIFOTRA yatanze ikiruhuko cy’Umunsi w’Intwari
30 January, by Angeline MUKANGENZIMinisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA) yatangaje ko ku wa 2 Gashyantare 2026 ari umunsi w’ikiruhuko rusange mu rwego rwo kwizihiza Umunsi w’Intwari.
Umuryango.rw
Ikibazo kinini kiri ku bayobozi- Perezida Kagame ku kibazo cy’igwingira mu Rwanda
Ubukungu busangiwe n’imihigo mishya muri ‘BRI’: Ibyo u Bushinwa buhanze amaso mu 2025
Tems yashyikirijwe igihembo gikomeye mu Bwongereza
Volleyball: EAU yihanije RRA, Kepler ikora amateka, Police iva mu makipe ane ya mbere, umunsi wa 11 mu mibare
Ethiopia irashinja Eritrea guha intwaro inyeshyamba zo muri Amhara
Indege y’igisirikare cya Philippines yaburiwe irengero mu mirwano n’inyeshyamba
Minisitiri w’intebe yijeje perezida wa Repubulika kunoza imikorere mu nzego
U Bushinwa buri kwitambika abakandida b’Abanyamerika ku buyobozi bwa MONUSCO
MININFRA yasabwe kwishyura abaturage byihuse ibirarane bidasaba ingengo y’imari nini
MIFOTRA yatanze ikiruhuko cy’Umunsi w’Intwari