Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro, guhanisha igihano cy’igifungo cy’imyaka itanu abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad, Ishimwe Patrick, Ishimwe François Xavier, Kwizera Nestor uzwi nka Pappy Nesta na Kalisa John uzwi nka K John, nyuma yo kubahamya gusakaza amashusho ya Yampano akora imibonano mpuzabitsina.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Djihad na bagenzi be basabiwe gufungwa imyaka itanu
17 February, by Angeline MUKANGENZI -
U Burundi bwavuye ku izima, bufungura umupaka wabwo na RDC
23 February, by ISHIMWE Jean de DieuMu gitondo cyo kuri uyu wa 23 Gashyantare 2026, Leta y’u Burundi yafunguye umupaka wa Gatumba uhuza iki gihugu na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nyuma y’amezi arenga abiri iwufunze.
-
Diamond Platnumz yishongoye ku mugabo wa Zari
19 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’Umunya-Tanzania, Diamond Platnumz yishongoye kuri Shakib Cham washakanye na Zari Hassan bahoze babana, avuga ko igihe cyose yashakira uyu mugore nta kabuza yamwisubiza.
-
Abarenga ibihumbi 58 mu Rwanda batanze amaraso mu 2024
13 June 2025, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyatangaje ko abantu 58.688 batanze amaraso 84,383 mu mwaka wa 2024, aho urubyiruko rwagize ubwiganze bwa 65.3 % mu bayatanze cyane.
-
U Bwongereza: Murumuna w’Umwami Charles III agiye kuvanwa mu bazamusimbura
21 February, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ingabo w’u Bwongereza, Luke Pollard, yatangaje ko hagiye gutorwa umwanzuro ubuza murumuna w’Umwami Charles III, Andrew Mountbatten-Windsor, amahirwe yo kuba mu bazasimbura umwami.
-
RDC:Haravugwa Abasirikare bagera kuri 200 bateye urugo rwa Kabila i Lubumbashi
16 July 2025, by Joseph IradukundaAbasirikare benshi bo mu mutwe w’ingabo zirinda abayobozi bakuru (GR) bateye urugo rwa Joseph Kabila Kabange wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ruherereye i Lubumbashi mu ntara ya Haut-Katanga.
-
Anthropic yareze Pentagon yayishyize ku rutonde rw’ibigo byahungabanya umutekano w’igihugu
10 March, by ISIMBI EstellaIkigo cy’ikoranabuhanga cya Anthropic cyareze Minisiteri y’Intambara ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika(Pentagon) ku mwanzuro yafashe wo gushyira iki kigo ku rutonze rw’ibigo bishobora guhangabanya umutekano w’igihugu.
-
Menya umushahara ndetse n’ibindi byose Perezida wa Sena y’u Rwanda agenerwa kugirango akore akazi ke neza.
18 March 2025, by ISIMBI EstellaMu ruhererekane rw’inkuru zihariye dusigaye tubagezaho twagiye turebera hamwe imishahara ya bayobozi bakuru b’igihugu batandukanye barimo Perezida wa Repubulika, Mnistiri w’intebe , Guverineri wa Banki nkuru y’igihugu BNR ndetse n’abandi bayobozi batandukanye. uyu munsi muriyi nkuru yihariye mutwemerere turebere hamwe umushahara ndetse n’ibindi byose Perezida wa Sena y’u Rwanda agenerwa kugirango akore imirimo ye neza. Murakaza neza muriyi nkuru. Dore ibyo Perezida wa Sena y’u Rwanda (…)
-
Abana barenga ibihumbi 71 basubijwe mu ishuri mu myaka ibiri
20 January, by ISIMBI EstellaAbana barenga 71.000 mu turere twose tw’Igihugu bamaze gusubizwa mu ishuri binyuze mu mushinga witwa ‘Zero Out of School: Abana bose bige’ wa Minisiteri y’Uburezi ushyirwa mu bikorwa n’umuryango Save the Children Rwanda.
-
Hari abahura n’ikibazo cyo kunanirwa gutera akabariro, ese biravurwa? Umva icyo abaganga babivugaho
11 June 2019, by UbwanditsiUbusanzwe umuntu muzima agira imbaraga zimusunika zimwerekeza ku kumva ashaka gukora imibonano mpuzabitsina (Libido). Byaje kugaragara cyane ko rero mu Rwanda hari umubare munini w’abafite iki kibazo cya Libido idakora neza cyangwa se yanakora ugasanga uri gutera akabariro intege zicitse hakiri kare.
Umuryango.rw
U Burundi bwavuye ku izima, bufungura umupaka wabwo na RDC
Diamond Platnumz yishongoye ku mugabo wa Zari
Abarenga ibihumbi 58 mu Rwanda batanze amaraso mu 2024
RDC:Haravugwa Abasirikare bagera kuri 200 bateye urugo rwa Kabila i Lubumbashi
Anthropic yareze Pentagon yayishyize ku rutonde rw’ibigo byahungabanya umutekano w’igihugu
Menya umushahara ndetse n’ibindi byose Perezida wa Sena y’u Rwanda agenerwa kugirango akore akazi ke neza.
Abana barenga ibihumbi 71 basubijwe mu ishuri mu myaka ibiri
Hari abahura n’ikibazo cyo kunanirwa gutera akabariro, ese biravurwa? Umva icyo abaganga babivugaho