Hashize iminsi havugwa ingendo z’abarwanya Leta y’u Rwanda muri Repubulika Iharanira Demokorasi ya Congo zigamije guhuza imbaraga kugira ngo bazahungabanye umutekano w’Abanyarwanda cyangwa bakureho ubutegetsi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Impamvu Tshisekedi yahisemo gukoresha umuhungu wa Habyarimana mu barwanya Leta y’u Rwanda
24 March, by Angeline MUKANGENZI -
Umunyamakuru Niyigaba Clement azaburana ibyaha bitandatu
14 April, by ISIMBI EstellaNiyigaba Clement, akurikiranyweho ibyaha birimo kwangiza ibintu by’undi ku bushake, guteza imvururu cyangwa imidugararo muri rubanda, kurwanya ububasha bw’amategeko, gukoza isoni abayobozi b’igihugu n’abashinzwe imirimo rusange, ndetse no gukubita cyangwa gukoresha urugomo abayobozi bo mu nzego za Leta.
-
Ubutumwa bwa mbere bw’umuyobozi wo hejuru muri AFC/M23 buca amarenga y’urupfu rwa Willy Ngoma
25 February, by Angeline MUKANGENZIMu butumwa budatomora ku bijyanye n’urupfu rw’Umuvugizi w’igisirikare cya AFC/M23, Lt Col Willy Ngoma, Umuhuzabikorwa Wungirije w’iri Huriro, Bertrand Bisimwa yatangaje ko urugamba rw’impinduramatwara igihe cyose rugira intwari zimena amaraso zikitangira kubohora Igihugu.
-
Amerika: Umugabo afunzwe azira guha umugore ikinini gikuramo inda
10 June 2025, by ISIMBI EstellaUmugabo wo muri Leta ya Texas muri Amerika yashinjwe icyaha cyo kwica nyuma yo gushyira ikinini gikuramo inda kizwi nka ’Plan C’ mu kinyobwa cy’umukunzi we wari utwite.
-
NZIKOBANYANGA Emmanuel yasabye guhindurirwa amazina akitwa RUKUNDO Emmanuel
15 April, by ISIMBI EstellaNZIKOBANYANA Emmanuel yasabye guhindurirwa amazina akitwa RUKUNDO Emmanuel mu bitabo by’irangamimerere.
-
Sonia Rolland yikomye abamuvuga nabi kubera gushima u Rwanda akomokamo
1 April 2025, by ISIMBI EstellaMiss Uwitonze Sonia Rolland udahwema kwereka amahanga isura nyayo y’igihugu akomokamo, yasabye ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi bikunze kubangamira u Rwanda, ko bikwiriye kubaha ibyo Perezida Kagame amaze kurugezaho.
-
Umujyi wa Kigali watangaje imihanda yahariwe bisi mu masaha abonekamo abagenzi benshi
23 April, by ISIMBI EstellaUmujyi wa Kigali watangaje ko guhera kuri uyu wa Gatanu tariki 24 Mata 2026 hari imihanda imwe n’imwe izaba ifite ibisate byagenewe bisi zitwara abagenzi mu buryo rusange mu masaha agaragaramo abagenzi benshi.
-
U Rwanda rwashimangiye ko nta mutekano Akarere kagira FDLR itarasenywa
16 April, by Angeline MUKANGENZIAmbasaderi w’u Rwanda Wungirije mu Muryango w’Abibumbye (Loni) Kayinamura Robert yatangaje ko nta nzira yizewe iganisha ku mahoro mu Karere k’Ibiyaga Bigari ishobora kubaho hatabanje kubaho guca intege no gusenya burundu umutwe wa FDLR, umutwe w’iterabwoba ugizwe na bamwe mu bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ushyigikiwe n’Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).
-
IGP Namuhoranye ari mu ruzinduko rw’akazi muri Nigeria
26 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye ari mu ruzinduko rw’akazi muri Nigeria, aho kuri uyu wa Kabiri tariki ya 25 Gashyantare, yitabiriye inama n’umwiherero bihuza ba Ofisiye bakuru ba Polisi muri icyo gihugu.
-
Intambara muri Iran: Ambasade ya Amerika i Riyad yatewe, Hezbollah igaba ibitero kuri Israel
3 March, by ISIMBI EstellaIntambara ikomeje gukaza umurego mu karere k’Uburasirazuba bwo Hagati, aho kuri uyu wa Kabiri tariki ya 3 Werurwe 2026 hagaragaye ibitero bishya by’indege zitagira abapilote (drones) byibasiye inyungu za Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’abafatanyabikorwa bayo.
Umuryango.rw
Impamvu Tshisekedi yahisemo gukoresha umuhungu wa Habyarimana mu barwanya Leta y’u Rwanda
Umunyamakuru Niyigaba Clement azaburana ibyaha bitandatu
Amerika: Umugabo afunzwe azira guha umugore ikinini gikuramo inda
NZIKOBANYANGA Emmanuel yasabye guhindurirwa amazina akitwa RUKUNDO Emmanuel
Sonia Rolland yikomye abamuvuga nabi kubera gushima u Rwanda akomokamo
Umujyi wa Kigali watangaje imihanda yahariwe bisi mu masaha abonekamo abagenzi benshi
U Rwanda rwashimangiye ko nta mutekano Akarere kagira FDLR itarasenywa
IGP Namuhoranye ari mu ruzinduko rw’akazi muri Nigeria
Intambara muri Iran: Ambasade ya Amerika i Riyad yatewe, Hezbollah igaba ibitero kuri Israel