Perezida Kagame yavuze ko ikibazo cy’umutekano muke muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo kitamureba kuko baburiye iki gihugu kikanga kumva.
Ibi Perezida Kagame yabigarutseho mu muhango wo kwakira indahiro ya perezida wa Sena,Dr Kalinda Francois Xavier,kuri uyu wa Mbere,tariki ya 09 Mutarama 2023.
Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda rutazakomeza kwihanganira gukomeza kwakira impunzi zitotezwa zigahunga Republika ya Demokrasi ya Congo kubera ubwoko.
Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
"Ikibazo cyabo ntabwo kindeba"-Perezida Kagame yongeye kugaruka ku bibazo bya RDC
9 January 2023, by Dusingizimana Remy -
U Rwanda n’u Bushinwa basinyanye amasezerano y’ubufatanye mu by’ubutabera
5 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuU Rwanda n’u Bushinwa basinyanye amasezerano y’ubufatanye mu birebana n’ubutabera, hagati y’Ikigo cy’ u Rwanda cy’Ibimenyetso bishingiye ku Bumenyi n’Ubuhanga bikoreshwa mu butabera (RFI) n’Ikigo cyo mu Bushinwa gipima uturemangingo ndangasano (DNA Service Center (Hong Kong).
-
U Rwanda rwisanze mu itsinda rimwe na Nigeria muri Afrobasket y’Abagore 2025
24 April 2025, by Joseph IradukundaIkipe y’Igihugu ya Basketball y’abagore yisanze mu Itsinda D hamwe na Nigeria mu Gikombe cya Afurika (Afrobasket 2025) kizabera muri Côte d’Ivoire kuva tariki ya 26 Nyakanga kugeza ku ya 3 Kamana 2025.
-
Amafoto ya bamwe mu bastar bo mu Rwanda mbere yuko baba ibyamamare
4 March 2025, by ISIMBI EstellaAbakiriye agakiza ni bo baririmba ngo ‘Mana ukura ku cyavu ukicazanya n’ibikomangangoma, bagakomeza ngo nta wakwiringiye ngo akorwe n’isoni cyangwa ngo yikorere amaboko, kukumenya nibwo bwenge, kugutunga nibwo buzima.
Benshi mu bastar nyarwanda batangiye kumenyekana bigoranye, bamwe kwihanganira gukora bapfundikanya birabananira babivamo ariko abiringiye imbaraga z’Imana babinyujije mu mpano zabo ubu bafite ishimwe rikomeye ku mitima yabo kubera intera ikomeye bamaze kugeraho babikesha (…) -
Ibiro bya Netanyahu birashinjwa kumena amabanga yatumye imbohe zirekurwa-Israel
4 November 2024, by Joseph IradukundaUmukozi wa hafi wa Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, arakekwaho kuba yarasohoye inyandiko z’umutekano zikomeye mu rwego rwo gutegura gahunda yo kuburizamo amasezerano yo kurekura imbohe, nk’uko inyandiko z’urukiko zabigaragaje ku Cyumweru .
-
Minisitiri Dr Uwamariya yagaragaje impinduka zazanywe no kugabanya pulasitiki mu Rwanda
6 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ibidukikije, Dr Valentine Uwamariya, yavuze ko kugabanya pulasitiki byazanye impinduka mu Rwanda zirimo kugira isuku no kurinda ubuzima bw’Abanyarwanda.
-
Rubavu: Rubyiruko mukoreshe imbuga nkoranyambaga nk’intwaro irwanya abapfobya Jenoside- Minisitiri Marizamunda
10 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ingabo Juvenal Marizamunda, yagaragaje ko urubyiruko rukwiriye gukoresha neza imbuga nkoranyambaga nk’intwaro zirwanya abapfobya bakanahakana Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
MTN Rwanda yahawe umuyobozi mushya
21 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuSosiyete y’itumanaho MTN Group yagize Ali Monzer Umuyobozi Mukuru w’ishami ryayo mu Rwanda, MTN Rwanda, uzasimbura Mapula Bodibe.
-
Afrika y’Epfo: Umugabo yemeye ko yishe umwana we w’iminsi 7 nyuma yo kumusambanya
2 April 2025, by ISIMBI EstellaUmugabo wo muri Afurika y’Epfo yemeye ko yishe umwana we w’iminsi 7 nyuma yo kumusambanya mu buryo bw’agahomamunwa mu gihe nyina w’uyu mwana yari yagiye kugurisha imyenda.
-
Ni inkuru nziza ku karere- Uko Macron, Zelensky n’abandi bakiriye amasezerano y’u Rwanda na RDC
28 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa n’abandi banyapolitiki hirya no hino ku Isi, bashimye amasezerano y’amahoro u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byagiranye ku wa 27 Kamena 2025, bagaragaza ko atanga icyizere cy’amahoro arambye mu karere ka Afurika y’Ibiyaga Bigari.
Umuryango.rw
"Ikibazo cyabo ntabwo kindeba"-Perezida Kagame yongeye kugaruka ku bibazo bya RDC
U Rwanda n’u Bushinwa basinyanye amasezerano y’ubufatanye mu by’ubutabera
U Rwanda rwisanze mu itsinda rimwe na Nigeria muri Afrobasket y’Abagore 2025
Amafoto ya bamwe mu bastar bo mu Rwanda mbere yuko baba ibyamamare
Ibiro bya Netanyahu birashinjwa kumena amabanga yatumye imbohe zirekurwa-Israel
Minisitiri Dr Uwamariya yagaragaje impinduka zazanywe no kugabanya pulasitiki mu Rwanda
Rubavu: Rubyiruko mukoreshe imbuga nkoranyambaga nk’intwaro irwanya abapfobya Jenoside- Minisitiri Marizamunda
MTN Rwanda yahawe umuyobozi mushya
Afrika y’Epfo: Umugabo yemeye ko yishe umwana we w’iminsi 7 nyuma yo kumusambanya
Ni inkuru nziza ku karere- Uko Macron, Zelensky n’abandi bakiriye amasezerano y’u Rwanda na RDC