Imibare itangwa n’Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi igaragaza ko mu mwaka w’amashuri 2024-2025 muri aka karere habaruwe abanyeshuri bagera kuri 748 bataye ishuri ari nayo mpamvu hafashwe umwanzuro uvuga ko umubyeyi w’umwana wataye ishuri azajya ajya ku ishuri gutanga ibisobanuro.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Karongi: Abanyeshuri barenga 700 bataye ishuri
30 July 2025, by ISIMBI Estella -
Iran yanze ibiganiro na USA, iteguza intambara ikomeye
2 March, by Angeline MUKANGENZIIran yavuze ko nta biganiro ishaka na Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) zatangiye kuyigabaho ibitero zifatanyije na Isiraheli kuva kuwa 28 Werurwe 2026, iteguza imfu z’abasirikare benshi b’icyo gihugu.
-
Perezida Trump yashyize Cuba mu kato
30 January, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangije ibihe bidasanzwe biha guverinoma y’icyo gihugu ububasha bwo kwibasira Cuba, harimo no guhana ibihugu byose bizayoherezamo ibikomoka kuri peteroli.
-
Sobanukirwa- Ibihe udakwiriye gukora imibonano mpuzabitsina
16 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuImibonano mpuzabitsina y’abashakanye ni igikorwa gikorwa n’abantu babairi babyumvikanye,ibyo bigatuma umuntu atekereza ku gihe cyiza cyo kubonana n’uwo mwashakanye n’igihe mudakwiye guhangara icyo gikorwa ,harindwa ubuzima.
-
Gen Maj Nzabamwita yatanze kopi y’impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda mu Burusiya
23 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGen Maj Joseph Nzabamwita ku wa 22 Mata 2025 yashyikirije Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wungirije w’u Burusiya, Mikhail Bogdanov, kopi y’impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda i Moscow.
-
Perezida wa Mexique ashobora kurega Elon Musk wamushinje gukorana n’abacuruza ibiyobyabwenge
26 February, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Mexique, Claudia Sheinbaum yatangaje ko ari gutekereza kujyana mu nkiko umukire Elon Musk wamushinje gukorana n’abacuruzi b’ibiyobyabwenge.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO W‘IMUKINWA
3 March, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NIYIBIZI JEAN MARIE VIANNEY ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MUTUNGO W‘IMUKANWA
-
Dauda Yussif yoherejwe mu Intare FC kwitekerezaho
24 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmunya-Ghana wakinaga muri APR FC, Seidu Dauda Yussif yoherejwe mu Intare FC nyuma yo kwitwara nabi ntibyishimirwe n’abayobozi.
-
Abaperezida 10 b’Abanyafurika b’ibihe byose bambara neza,Perezida Kagame aza ku mwanya wa 2[AMAFOTO]
20 November 2020, by Martin MunezeroAbaperezida ba Afrika ni bamwe mu bayobozi berekana imideli ku isi mu mateka yabayobozi. Bose bafatana uburemere imyambarire kuko isa nk’aho yinjiye mu buzima bwa politiki. Aba ba perezida bazi akamaro k’imyumvire ya rubanda kandi bashyiramo ingufu mu kugaragara neza kuri buri gikorwa.
-
Abo SAFA BAKERIES yigishije uburyo bwo gutunganya amafunguro bihangiye imirimo, amarembo kandi arafunguye
12 February 2021, by NIYIGABA DC CLEMENTSandra Umushambokazi, umwe mu rubyiruko rwagize amahirwe yo guhambwa amasomo na SAFA BAKERIES mu gutegura amafunguro anyuranye arimo Pizza, Burgers, ifiriti na sanduici ndetse n’andi avuga ko we na mugenzi we bari kumwe bahise banagira igitekerezo cyo gushyira mu bikorwa ibyo bize ubu bakaba bafite restaurent ariko ishyira abantu ibyo kurya mu ngo zabo.
Mushambokazi avuga ko restora yabo bise SHERA BITE imaze amezi atau itangiye kandi ababatumaho amafunguro bibereye mu rugo umubare wabo (…)
Umuryango.rw
Karongi: Abanyeshuri barenga 700 bataye ishuri
Iran yanze ibiganiro na USA, iteguza intambara ikomeye
Perezida Trump yashyize Cuba mu kato
Sobanukirwa- Ibihe udakwiriye gukora imibonano mpuzabitsina
Gen Maj Nzabamwita yatanze kopi y’impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda mu Burusiya
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO W‘IMUKINWA
Dauda Yussif yoherejwe mu Intare FC kwitekerezaho