Ni kenshi abantu bajya bibaza ngo ese bamwe mu bayobozi bagenerwa ibinganiki n’amategeko , ese bahembwa amafaranga anganiki ? muriyi nkuru mutwemerere turebere hamwe ibyo Mayor w’umujyi wa Kigali agenerwa n’amategeko kugirango yuzuze inshingano ze neza. ibyo Mayor w’umujyi wa Kigali agenerwa n’amategeko bikaba bigenwa n’ Iteka rya Perezida N°004/01 ryo ku wa 16/02/2017 iri teka rikaba rigena ingano y’imishahara n’ibindi bigenerwa Abanyapolitiki Bakuru b’Igihugu n’uburyo bitangwa, rikaba (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Menya umushahara ndetse n’ibindi byose Mayor w’Umujyi wa Kigali agenerwa kugirango akore akazi ke neza
17 March 2025, by ISIMBI Estella -
Diddy yajuririye igifungo aheruka guhabwa
25 December 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperi Sean “Diddy” Combs yajuririye igifungo cy’amezi 50 aherutse gukatirwa, asaba ko icyemezo cy’urukiko cyahindurwa urubanza rugasubirwamo bundi bushya agafungurwa cyangwa byibuze igihano kikagabanywa.
-
ABASTAR 9 BO MU RWANDA BACIKIRIJE AMASHULI ARIKO BAKABASHA GUTERA IMBERE BINYUZE MU ZINDI MPANO ZABO.
11 February 2025, by ISIMBI EstellaUmunyarwanda niwe wise umwana we Itangishaka bishatse kuvuga ngo icyo Imana itaguhaye ntakukibihatira kugitanga ku ngufu , ibi birimo : ubwenge , amaronko atandukanye , urubyaro , amashuli , ubuzima , ndetse n’ibindi byinshi. biba ari icuraburindi ndetse no gutakaza icyizere gikomeye cyejo hazaza iyo ucikirije amashuli aho waba ugeze hose, haba mu mashuli abanza , ayisumbuye cyangwa se kaminuza. gusa burya uramutse ubashije guhishurirwa ko Imana yaguteguriye kuba umuntu w’ingirakamaro mu (…)
-
Rulindo:Umugabo w’imyaka 54 yasanzwe mu nzu yapfuye
22 October 2024, by Joseph IradukundaMu Karere ka Rulindo,Umurenge wa Ntarabana,Akagari ka Kiyanza kuri uyu wa Mbere,tariki ya 21 Ukwakira 2024, ku isaha ya saa munani n’igice nibwo hamenyekanye inkuru y’urupfu rw’umugabo witwa Kabanda Thacien ufite imyaka 54 y’amavuko, wasanzwe mu nzu yapfuye.
-
Papa Léon XIV yabujije Abapadiri gukoresha ChatGPT bategura inyigisho za Misa
27 February, by ISIMBI EstellaUmushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Léon XIV yasabye Abapadiri kureka gukoresha ikoranabuhanga ry’ubwenge bw’ubukorano ririmo n’irya ChatGPT igihe bategura inyigisho batanga mu Misa.
-
Rusizi: Ubuyobozi bwaburiye abasengera ku ibuye rya Ryankana
3 December 2025, by ISIMBI EstellaIbuye rya Ryankana riherereye mu cyanya cy’ubuhinzi mu kibaya cya Bugarama ahitaruye aho abaturage batuye. Ni ibuye ridasanzwe bitewe n’ubunini bwaryo n’aho riherereye.
-
Bushali, Bwiza, Kenny Sol na Kivumbi King bataramiye i Huye; bunamira Buravan, Dj Miller na Jay Polly
24 February, by ISHIMWE Jean de DieuMu ijoro ryuzuyemo amarangamutima n’ibyishimo, Umujyi wa Huye wakiriye igitaramo cya mbere cya Tour du Rwanda Festival, cyabimburiye urundi ruhererekane rw’ibitaramo bizaherekeza Tour du Rwanda 2026. Cyabereye muri Parking ya Stade ya Huye, aho imbaga y’abakunzi b’umuziki Nyarwanda bateraniye baje gutaramana n’abahanzi barimo Bwiza, Bushali, Kenny Sol na Kivumbi King.
-
Gatsibo: Yatawe muri yombi azira gutema insina 100 za mugenzi we bashwaniye mu kabari
12 September 2025, by ISIMBI EstellaYasuwe :
Yavuzweho:
Inzego z’umutekano mu Karere ka Gatsibo, zataye muri yombi umugabo ukekwaho gutema insina 100 za mugenzi we, nyuma yo gushwanira mu kabari akigamba ko azamuhemukira. -
Mu 2025 abanyamakuru 129 ku Isi biciwe mu ntambara
26 February, by Angeline MUKANGENZIRaporo y’Umuryango Mpuzamahanga uharanira uburenganzira bw’Abanyamakuru, (Committee to Protect Journalists, CPJ) yagaragaje ko abanyamakuru 129 baguye mu ntambara n’ibitero byagabwe ahatandukanye ku Isi mu 2025.
-
Nicki Minaj yahishuye igikomeje kumukururira gukorana indirimbo na Davido
25 November 2024, by Joseph IradukundaUmuraperi wo muri Leta Zunze Ubumwe za America, Nicki Minaj, yavuze ko gukorana indirimbo na Davido wo muri Nigeria bimunyura.
Umuryango.rw
Menya umushahara ndetse n’ibindi byose Mayor w’Umujyi wa Kigali agenerwa kugirango akore akazi ke neza
Diddy yajuririye igifungo aheruka guhabwa
ABASTAR 9 BO MU RWANDA BACIKIRIJE AMASHULI ARIKO BAKABASHA GUTERA IMBERE BINYUZE MU ZINDI MPANO ZABO.
Rulindo:Umugabo w’imyaka 54 yasanzwe mu nzu yapfuye
Rusizi: Ubuyobozi bwaburiye abasengera ku ibuye rya Ryankana
Bushali, Bwiza, Kenny Sol na Kivumbi King bataramiye i Huye; bunamira Buravan, Dj Miller na Jay Polly
Gatsibo: Yatawe muri yombi azira gutema insina 100 za mugenzi we bashwaniye mu kabari
Mu 2025 abanyamakuru 129 ku Isi biciwe mu ntambara
Nicki Minaj yahishuye igikomeje kumukururira gukorana indirimbo na Davido