Umuraperi Fefe Bussi yagaye Bebe Cool, nyuma y’uko akoze urutonde ngarukamwaka rw’abahanzi bakora cyane kandi bakunzwe muri Uganda ntashyireho ntamushyireho bigateza impaka, akavuga ko urwo rutonde ntacyo ruvuze ku muziki.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Fefe Bussi yagaye Bebe Cool utamubona nk’umuhanzi ukomeye
13 January, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Bamenyanye biga muri pirimeri , Inkuru y’urukundo rw’umunyamakuru Kayishema Tity Thierry n’umufasha we Justine Muhorakeye
7 March 2025, by ISIMBI EstellaUrukundo rurihangana rukagira neza, urukundo ntirugira ishyari, urukundo ntirwirarira, ntirwihimbaza, ntirukora ibiteye isoni, ntirushaka ibyarwo, ntiruhutiraho, ntirutekereza ikibi ku bantu, ntirwishimira gukiranirwa kw’abandi ahubwo rwishimira ukuri, rubabarira byose, rwizera byose, rwiringira byose, rwihanganira byose. Urukundo ntabwo ruzashira. Gukunda ni byiza ariko bikaba akarusho iyo ukunze ugukunda , uri mu rukundo nyarwo wese aba yumva ari ijuru rito aba yumva ariho hantu ashaka (…)
-
Rusizi: Bwa bukwe bwapfiriye ku rusengero byari agakino
30 July 2018, by Nsanzimana ErnestUbukwe bwa Niyomugabo Thacien na Nyandwi Therese basengera mu itorero rya ADEPR ku Mudugudu wa Rugaragara muri Paruwasi ya Muramba mu Karere ka Rusizi bwabaye kimomo mu bitangazamakuru ko bwapfuye bageze ku rusengero byari agakino ko gucengana
-
Minisitiri Sebahizi yagaragaje uburyo politiki y’ubucuruzi yakwihutisha ubuhahirane muri Afurika
10 June 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Inganda n’Ubucuruzi, Prudence Sebahizi, yagaragaje ko politiki ihuriweho y’ubucuruzi yakwihutisha ubuhahirane bw’ibihugu ku Mugabane wa Afurika.
-
Rubavu: Umugabo yafatanwe mu modoka imifuka 40 y’urumogi
27 September 2024, by Joseph IradukundaPolisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rubavu yafashe umugabo w’imyaka 43 y’amavuko, wari utwaye mu modoka imifuka 40 y’ikiyobyabwenge cy’urumogi, ivuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC)
-
U Burusiya bwanenze Amerika n’Uburayi butavuga ku bancacuro bari muri Congo
20 February 2025, by Pacifique NKURUNZIZAU Burusiya ku wa Gatatu tariki ya 19 Gashyantare, bwanenze Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ibihugu byo ku mugabane w’u Burayi bikomeje kuruca bikarumira ku kibazo cy’Abacanshuro b’abazungu bagaragaye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
UNESCO yahaye umugisha Intore z’u Rwanda zishyirwa mu murage ndangamuco udafatika ku Isi
4 December 2024, by Joseph IradukundaIntore z’u Rwanda zashyizwe mu murage ndangamuco udafatika w’Isi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Burezi, Ubumenyi n’Umuco (UNESCO).
-
Covid19: Bwa mbere mu Rwanda habonetse umubare munini w’abanduye mu bipimo by’umunsi umwe
24 April 2020, by Dusingizimana RemyNibwo bwa mbere mu Rwanda habonetse abanduye Coronavirus barenga 20 mu bipimo by’umunsi umwe nyuma y’aho kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24 Mata 2020 Minisante itangarije ko habonetse abantu 22 bashya banduye Coronavirus mu bipimo 1,046 byafashwe. Ibi bipimo kandi akaba atari byo byinshi bipimwe umunsi umwe kuva iyi ndwara yagera mu Rwanda.
-
Nibishaka Théogène wiyita umuhanuzi yongeye gutabwa muri yombi
20 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNibishaka Théogène wiyita umuhanuzi yongeye gutabwa muri yombi, akurikiranyweho icyaha cyo gutangaza amakuru y’ibihuha n’icyo gukoresha ibikangisho.
-
Ubwongereza: Minisitiri w’ Iterambere Mpuzamahanga Anneliese Dodds Yeguye
1 March 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri ushinzwe iterambere mpuzamahanga w’Ubwongereza, Anneliese Dodds, yeguye ku mirimo ye mu buryo butunguranye bitewe n’icyemezo cya Minisitiri w’intebe, Keir Starmer cyo kugabanya imfashanyo y’amahanga mu ngengo y’imali, mu rwego rwo kwongera amafaranga yo gukoresha mu gisirikare.
Umuryango.rw
Fefe Bussi yagaye Bebe Cool utamubona nk’umuhanzi ukomeye
Bamenyanye biga muri pirimeri , Inkuru y’urukundo rw’umunyamakuru Kayishema Tity Thierry n’umufasha we Justine Muhorakeye
Minisitiri Sebahizi yagaragaje uburyo politiki y’ubucuruzi yakwihutisha ubuhahirane muri Afurika
Rubavu: Umugabo yafatanwe mu modoka imifuka 40 y’urumogi
U Burusiya bwanenze Amerika n’Uburayi butavuga ku bancacuro bari muri Congo
UNESCO yahaye umugisha Intore z’u Rwanda zishyirwa mu murage ndangamuco udafatika ku Isi
Nibishaka Théogène wiyita umuhanuzi yongeye gutabwa muri yombi
Ubwongereza: Minisitiri w’ Iterambere Mpuzamahanga Anneliese Dodds Yeguye