Muri Tunisia, umusore yabenze umugeni we bageze ku ruhimbi muri Kiliziya bagiye gusezerana, arigendera nyuma y’uko nyina w’uwo musore anenze umugeni, avuga ko ari mugufi cyane ndetse ko ari mubi ku buryo ataberanye n’umuhungu we.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umusore yabengeye umugeni muri Kiliziya kubera amabwire ya nyina
11 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Pakistan: Abasirikare 16 baguye mu gitero cy’ubwiyahuzi
30 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMuri Pakistan, umwiyahuzi yashoye imodoka yari arimo yuzuye ibisasu ku mudoka zari zitwaye abasirikare b’icyo gihugu, 16 muri bo bahasiga ubuzima, nk’uko inzego z’ubuyobozi muri icyo gihugu zabitangarije AFP.
-
Itangazamakuru ryashinjwe guhishira uburwayi bwa Joe Biden
1 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuvugizi w’Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (White House), Karoline Leavitt, yavuze ko itangazamakuru ryahishiriye ikibazo cy’uburwayi bwo mu mutwe bwa Joe Biden ubwo yari akiri Perezida w’icyo gihugu, bituma abaturage baritera icyizere.
-
Ruhango: Abaturage n’abayobozi bunguranye inama ku byiciro bya Mituweli
6 March, by ISHIMWE Jean de DieuAbageze mu zabukuru mu Karere ka Ruhango, babwiye umuyobozi w’Akarere ko ibyiciro by’amafaranga ya Mituweli babarizwamo bikwiye kugendera ku bushobozi bafite.
-
Umuvugizi wa Guverinoma ya Kongo yatangaje ko bizeye ko ingabo za SADC zizataha abarwanyi ba AFC/M23 baravuye i Goma
1 April 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Thérèse Kayikwamba Wagner, yatangaje ko ingabo z’umuryango wa Afurika y’amajyepfo (SADC) zizava muri iki gihugu mu gihe abarwanyi b’ihuriro AFC/M23 bazaba bavuye mu mujyi wa Goma.
-
RDC yatengushye AFC/M23, icyizere mu biganiro bya Qatar gisubira inyuma
23 April 2025, by Angeline MUKANGENZIIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryagaragaje ko ryatengushywe nyuma y’aho hafunguwe abatari ku rutonde rw’abo ryasabye ko bafungurwa.
-
Umugore yakatiwe imyaka 20 azira gukata igitsina cy’umugabo utaramumaraga ipfa
27 February 2025, by Joseph IradukundaKevina Nabirye w’imyaka 34 wo mu Karere ka Kamuli muri Uganda yakatiwe gufungwa imyaka 20, nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kugerageza kwica umugabo we, Mathias Bwamiki, amukase igitsina.
-
Startimes igiye kwerekana Televiziyo ya Manchester United muri Afurika
26 February 2021, by Dusingizimana RemyAmamiliyoni y’abafana ba Manchester United bagiye gutangira kuryoherwa na TV
yayo kuko yagiranye amasezerano na StarTimes yo kwerekena televiziyo y’iyi kipe izwi nka MUTV ku ifatabuguzi ryayo.
-
Hagaragaye abandi barwayi babiri ba Coronavirus mu Rwanda umubare w’abanduye uba 19
22 March 2020, by Dusingizimana RemyKuri iki Cyumweru taliki ya 22 werurwe 2020,Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko hagaragaye abandi barwayi babiri ba Coronavirus. Ibi byatumye umubare w’abamaze kwandura iki cyorezo mu Rwanda ugera kuri 19.
-
Mani Martin agiye gutangira ibitaramo bya ‘Live’ ashyigikiwe na Symphony Band
23 January, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi Mani Martin afatanyije na Symphony Band batangiye urugendo rwo gutaramira abakunzi ba ‘Live Music’, binyuze mu ruhererekane rw’ibitaramo byiswe “Rebirth Live Jam with Symphony Band”, bigamije gusangiza abakunzi be indirimbo zigize Album ye nshya yise ‘Rebirth’.
Umuryango.rw
Umusore yabengeye umugeni muri Kiliziya kubera amabwire ya nyina
Pakistan: Abasirikare 16 baguye mu gitero cy’ubwiyahuzi
Itangazamakuru ryashinjwe guhishira uburwayi bwa Joe Biden
Ruhango: Abaturage n’abayobozi bunguranye inama ku byiciro bya Mituweli
Umuvugizi wa Guverinoma ya Kongo yatangaje ko bizeye ko ingabo za SADC zizataha abarwanyi ba AFC/M23 baravuye i Goma
RDC yatengushye AFC/M23, icyizere mu biganiro bya Qatar gisubira inyuma
Umugore yakatiwe imyaka 20 azira gukata igitsina cy’umugabo utaramumaraga ipfa
Hagaragaye abandi barwayi babiri ba Coronavirus mu Rwanda umubare w’abanduye uba 19
Mani Martin agiye gutangira ibitaramo bya ‘Live’ ashyigikiwe na Symphony Band