Itsinda ry’abapolisi b’u Rwanda rya SWAT [Special Weapons and Tactics] ryitwaye neza mu marushanwa yahuje abapolisi baturutse mu bihugu bitandukanye hirya no hino ku Isi, azwi nka ‘UAE SWAT Challenge 2025’.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abapolisi b’u Rwanda bitwaye neza mu marushanwa ya ’UAE SWAT Challenge’
6 February 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Igisirikare cya Kongo na M23 bakomeje imirwano ikaze mu majyepfo ya Teritwari ya Lubero
5 December 2024, by Joseph IradukundaNyuma y’imirwano yiriwe umunsi wose kuwa Gatatu, muri iki gitondo cyo kuwa Kane, itariki 5 Ukuboza 2024, amakuru avuga ko imirwano yongeye gutangira guhera saa yine za mu gitondo, i Kaseghe na Mighobwe, hafi ya komini yo mu cyaro ya Kirumba, hagati yinyeshyamba za M23 na FARDC hamwe na Wazalendo .
-
Musanze: Umugabo yiyahuye hakekwa amakimbirane ashingiye ku mitungo
19 September 2025, by ISIMBI EstellaUmugabo witwa Byiringiro Emmanuel, w’imyaka 26, washakanye na Ayingeneye ufite imyaka 30, wari utuye mu Kagari ka Ninda, Umudugudu wa Kabagorozi, Umurenge wa Nyange mu Karere ka Musanze, yasanzwe amanitse mu kiziriko bikekwa ko yiyahuye harakekwa amakimbirane akomoka ku mitungo.
-
Inzu z’amaduka zegereye isoko rya Rwamagana zigiye gufungwa
6 July 2025, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bw’Akarere ka Rwamagana buratangaza ko bitarenze tariki ya 15 Nyakanga 2025 buzafunga inzu z’amaduka zikikije isoko rya Kijyambere rya Rwamagana riherutse gutahwa, kugira ngo ba nyirazo bubake inzu zigeretse zijyanye n’igishushanyo mbonera cyaho.
-
Macron wiyerekanye nk’uhangana na Putin arahura n’Abasirikare ba Ukraine bari gutorezwa mu gihugu cye
9 October 2024, by Joseph IradukundaU Bufaransa bwatangaje bwa mbere ko buzafasha gutoza Abasirikare ba Ukraine mu Kwakira 2022, kandi gahunda yo gushyira batayo yose ku rundi rwego ubu iragenda neza.
-
Umubyeyi yabyutse agasanga umwana we yapfuye undi arembye
26 November 2024, by Joseph IradukundaMu karere ka Nyanza, aharavugwa urupfu rw’umwana rutunguranye ndetse n’indwara yatumye undi aremba byose bikomeje kubera umuryango wabo amayobere.
-
White House yahakanye ibyo kubabarira P’Diddy
22 October 2025, by ISIMBI EstellaIbiro bya Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika byatangaje ko nta biganiro na bike byabaye cyangwa biteganya kubaho ku bijyanye n’inkuru iherutse gutangazwa y’uko Perezida Donald Trump yaba ari mu biganiro byo kubabarira no kurekura umuraperi P’Diddy.
-
Habayeho akagambane! Ndimbati yireguye imbere y’Urukiko
23 March 2022, by Rebecca UFITAMAHOROVIDEO: REBA UKO IBURANISHA RYAGENZE HANO
Kuri uyu munsi tariki ya 23 Werurwe 2022 nibwo umukinnyi wa Filimi,Uwihoreye Jean Bosco wamamaye ku izina rya Ndimbati muri Firimi y’uruhererekane ya “Papa Sava” yitabye Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge aburana ifungwa n’ifungurwa ku byaha akurikiranyweho byo gusindisha umwana utarageza imyaka y’ubukure no kumusambanya.
Ndimbati wari ufungiye kuri Stasiyo ya RIB ya Rwezamenyo, yagejejwe imbere y’inteko iburanisha mu rubanza rwitabiriwe n’abantu (…) -
Mukuralinda yasubije abavuga ko Rusesabagina yafunguwe kubera igitutu cya US
24 March 2023, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubutabera yemeje ko Paul Rusesabagina na Callixte Nsabimana ‘Sankara’ bari mu bantu basaga 370 barekuwe kuri uyu wa Gatanu,tariki ya 24 Werurwe 2023,ku mbabazi za Perezida wa Repubulika, nyuma yo guhamwa n’ibyaha bitandukanye by’iterabwoba.
Umuvugizi wa Guverinoma Yolande Makolo yashyize hanze amabaruwa Paul Rusesabagina na Nsabimaba Callixte uzwi nka Sankara bandikiye Perezida Kagame basaba imbabazi ngo barekurwe.
Rusesabagina yavuze ko yicuza kuba ingabo FLN z’umutwe wa (…) -
Muhanga: Yishwe atewe icyuma na mugenzi we basangiraga inzoga
5 February, by Angeline MUKANGENZIUmugabo w’imyaka 30 witwa Mbituyimana Ildephonse yishwe atewe icyuma na Twagirimana Erneste w’imyaka 44 mu Mudugudu wa Musagara, Akagari ka Rucyeri, Umurenge wa Kiyumba, Akarere ka Muhanga.
Umuryango.rw
Abapolisi b’u Rwanda bitwaye neza mu marushanwa ya ’UAE SWAT Challenge’
Igisirikare cya Kongo na M23 bakomeje imirwano ikaze mu majyepfo ya Teritwari ya Lubero
Musanze: Umugabo yiyahuye hakekwa amakimbirane ashingiye ku mitungo
Inzu z’amaduka zegereye isoko rya Rwamagana zigiye gufungwa
Macron wiyerekanye nk’uhangana na Putin arahura n’Abasirikare ba Ukraine bari gutorezwa mu gihugu cye
Umubyeyi yabyutse agasanga umwana we yapfuye undi arembye
White House yahakanye ibyo kubabarira P’Diddy
Habayeho akagambane! Ndimbati yireguye imbere y’Urukiko
Mukuralinda yasubije abavuga ko Rusesabagina yafunguwe kubera igitutu cya US
Muhanga: Yishwe atewe icyuma na mugenzi we basangiraga inzoga