Guverinoma ya Uganda yanze kwitaba Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, ngo isobanure ibibazo byavuzwe mu matora y’Umukuru w’Igihugu yabaye ku wa 15 Mutarama 2026.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Uganda yanze kwitaba Inteko Ishinga Amategeko ya EU
23 February, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Koreya ya Ruguru yagerageje misile zo mu bwoko bwa cruise zirasa kure cyane
5 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un yayoboye umuhango wo kugerageza misile zo mu bwoko bwa “cruise” zageragejwe ziva ku bwato bushya bw’intambara bwa gisirikare bwo mu mazi bufite uburemere bwa toni 5 000, mbere y’uko ubwo bwato butangira gukoreshwa ku mugaragaro.
-
Perezida Kagame yahishuye icyo Umunsi w’Intwari wibutsa Abanyarwanda
1 February 2023, by Dusingizimana RemyKuri uyu munsi Abanyarwanda bizihiza umunsi w’intwari ku nshuro ya 29,Perezida Kagame yavuze ko Umunsi w’Intwari "utwibutsa ubushobozi bwacu bwo guhagarara ku kuri, kurinda igihugu cyacu, no kubaka umurage w’iterambere ku badukomokaho n’ababakomokaho."
Ibi yabivuze mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Twitter,nyuma yo kunamira no gushyira indabo ku mva zishyinguwemo Intwari z’Igihugu.
Yagize ati "Uyu munsi, turizihiza ubutwari no gukunda igihugu by’Abanyarwanda badusigiye umusingi wo (…) -
RDC: Abasirikare 13 ba SADC na Loni baguye mu ntambara na M23
26 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida ucyuye igihe wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, Moussa Faki Mahamat, kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 25 Mutarama yashishikarije Guverinoma ya Congo kugirana ibiganiro n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bitwaje intwaro mu gukemura ikibazo cy’umutekano mu burasirazuba bw’igihugu.
-
RDF na Polisi bagiye gutangiza ibikorwa byita ku iterambere n’imibereho myiza y’abaturage
6 March, by Angeline MUKANGENZIlngabo na Polisi by’ u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego bateguye ibikorwa byo gufasha abaturage mu mibereho myiza n’iterambere, biteganyijwe ku wa Mbere tariki ya 9 Werurwe 2026.
-
U Bwongereza bugiye guhagarika gutanga visa ku banyeshuri bakomoka mu bihugu bine
4 March, by Angeline MUKANGENZIGuverinoma y’u Bwongereza yatangaje ko igiye guhagarika itangwa rya visa z’abashaka kwigayo bakomoka mu bihugu bya Sudani, Afghanistan, Myanmar na Cameroon.
-
Trump agiye kohereza Umujyanama we mu Rwanda na RDC
2 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, agiye kohereza Massad Boulos usanzwe ari Umujyanama we, mu bihugu birimo u Rwanda, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kenya na Uganda.
-
Trump yahuye na Zelensky, avuga ko hageze ko intambara n’Uburusiya irangira
28 September 2024, by Joseph IradukundaDonald Trump yahuye na prezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky ku cicaro ciwe ca Trump Tower kuri uyu wa gatanu, aca avuga ko hageze ko intambara y’Uburusiya muri Ukraine irangira.
-
Amavubi yabonye itike ya CHAN
29 December 2024, by Joseph IradukundaImpuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF), yashyize ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ mu makipe 10 yamaze kubona itike yo gukina Igikombe cya Afurika cy’abakina imbere muri za shampiyona zabo (CHAN 2025).
-
Elon Musk yatangiye kunenga ibyemezo bya Trump
4 June 2025, by Angeline MUKANGENZIUmunyemari Elon Musk na Donald Trump bari basanzwe ari nk’agati k’inkubirane, ubu ntabwo bari kumvikana neza, bitewe n’uko uyu nyiri X yagaragaje ko atishimiye umushinga w’itegeko rijyanye n’ibyo Amerika ishoramo amafaranga, akavuga ko ugayitse.
Umuryango.rw
Uganda yanze kwitaba Inteko Ishinga Amategeko ya EU
Koreya ya Ruguru yagerageje misile zo mu bwoko bwa cruise zirasa kure cyane
Perezida Kagame yahishuye icyo Umunsi w’Intwari wibutsa Abanyarwanda
RDC: Abasirikare 13 ba SADC na Loni baguye mu ntambara na M23
RDF na Polisi bagiye gutangiza ibikorwa byita ku iterambere n’imibereho myiza y’abaturage
U Bwongereza bugiye guhagarika gutanga visa ku banyeshuri bakomoka mu bihugu bine
Trump agiye kohereza Umujyanama we mu Rwanda na RDC
Trump yahuye na Zelensky, avuga ko hageze ko intambara n’Uburusiya irangira
Amavubi yabonye itike ya CHAN
Elon Musk yatangiye kunenga ibyemezo bya Trump