Polisi y’u Burundi mu ijoro ryacyeye yarasiye abantu batatu mu ntara ya Ngozi ho mu majyaruguru y’u Burundi, parapfa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Burundi: Polisi yarashe mu kico abaturage 3
26 October 2024, by Joseph Iradukunda -
Polisi y’igihugu yataye muri yombi abantu 25 bari bagiye mu ntara y’amajyaruguru bavuye mu mujyi wa Kigali
7 May 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa 07 Gicurasi 2020,Polisi y’Igihugu yerekanye abantu 25 bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda ikwirakwira rya Coronavirus bakora ingendo zambukiranya Intara kandi bitemewe.
-
Iran ishobora kwikiza Israel ikoresheje intwaro za nucléaire
12 October 2024, by Joseph IradukundaMu gihe Israel yarasa mu Iran, mu rwego rwo kwihimura kuri icyo gihugu giherutse kurasa ibisasu birenga 180 ku butaka bwayo, Iran nayo iri kwitegura kuba yasubiza icyo gitero, ikarasa ku bubiko bwa peteroli muri Israel ariko by’umwihariko, ikaba yarasa ku ntwaro za nucléaire z’icyo gihugu.
-
Abacuruzi bo muri Uganda baravuga ko bagihura n’imbogamizi mu kugeza ibicuruzwa mu Rwanda
30 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi w’ishyirahamwe ry’abacuruzi bo mu mujyi wa Kabale (KMTA), Michael Byamungu Turyamureba Rwasabutare, yatangaje ko nubwo umupaka wa Katuna wongeye gufungura mu myaka itatu ishize, abacuruzi bo muri Uganda bagifite imbogamizi zikomeye zo kohereza ibicuruzwa mu Rwanda kubera imisoro ihanitse cyane ku bicuruzwa bya Uganda yashyizweho na Guverinoma y’u Rwanda.
-
Umujyanama wa Trump yasuye Ikirombe cya Nyakabingo gicukurwamo ‘Wolfram’ nyinshi muri Afurika
10 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmujyanama Mukuru wa Perezida Donald Trump ku bibazo bya Afurika, Massad Boulos, yasuye ikirombe cy’amabuye y’agaciro cya Nyakabingo, gicukurwamo wolfram nyinshi muri Afurika, giherereye mu Karere ka Rulindo mu Murenge wa Shyorongi.
-
Kuba Elon Musk Yaba Avugana na Perezida Putin Biteje Abanyamerika Impungenge
31 October 2024, by Joseph IradukundaUmuherwe Elon Musk ateye inkeke bamwe mu bayobozi ba Leta zunze ubumwe z’Amerika kubera umubano afitanye na Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya.
-
Abayobozi b’inyeshyamba za CODECO bagiye gusaba imbabazi Gen Muhoozi
23 April 2025, by Angeline MUKANGENZIAbayobozi b’umutwe witwaje intwaro wa CODECO urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bagiye gusaba imbabazi Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, kubera ibitero uwo mutwe wagabye kuri izo ngabo mu ntara ya Ituri.
-
Skol yamuritse isura nshya ya Skol Malt nyuma y’imyaka 10
16 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye rwa Skol Brewery, rwamuritse isura nshya y’inzoga ’Skol Malt’ nyuma y’imyaka ishize ikozwe, hagamijwe kujyanisha n’ubusabe bw’abakunzi bayo no kwaguka k’uruganda
-
Ubutabera buhabwa abana mu Rwanda buracyarimo inzitizi
29 January, by Angeline MUKANGENZIUbutabera buhabwa abana bakurikiranyweho ibyaha cyangwa abakorewe ibyaha, ni kimwe mu bihangayikishije inzego zitandukanye z’igihugu kugira ngo abo bana bahabwe ubutabera bukwiye kandi bwihuse.
-
Ubwongereza: Hahujwe Intanga Z’Abantu Batatu Havuka Abana Umunani
17 July 2025, by Joseph IradukundaMu Bwongereza havutse abana umunani bakomoka ku babyeyi batatu badahuje amaraso na gato. Ni ikintu kibayeho bwa mbere mu mateka y’ubushakashatsi mu kubyaza kuko amaraso y’abo bana nta kibazo yerekana cy’uko bazahura n’ibibazo byaterwa n’iyo nkomoko yabo idasanzwe.
Umuryango.rw
Burundi: Polisi yarashe mu kico abaturage 3
Iran ishobora kwikiza Israel ikoresheje intwaro za nucléaire
Abacuruzi bo muri Uganda baravuga ko bagihura n’imbogamizi mu kugeza ibicuruzwa mu Rwanda
Umujyanama wa Trump yasuye Ikirombe cya Nyakabingo gicukurwamo ‘Wolfram’ nyinshi muri Afurika
Kuba Elon Musk Yaba Avugana na Perezida Putin Biteje Abanyamerika Impungenge
Abayobozi b’inyeshyamba za CODECO bagiye gusaba imbabazi Gen Muhoozi
Skol yamuritse isura nshya ya Skol Malt nyuma y’imyaka 10
Ubutabera buhabwa abana mu Rwanda buracyarimo inzitizi
Ubwongereza: Hahujwe Intanga Z’Abantu Batatu Havuka Abana Umunani