Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) igaragaza ko mu 2024, Abaturarwanda 36 021 bapfuye mu 2024, ku bw’impamvu zitandukanye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abaturarwanda ibihumbi 36 bapfuye mu 2024, havuka ibihumbi 417
25 April 2025, by ISIMBI Estella -
Israel yongeye kurasa muri Syria
2 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo za Israel zemeje ko zagabye ibitero bikomeye mu Murwa Mukuru wa Syria, Damascus, hafi y’Ingoro ikoreramo Umukuru w’Igihugu, mu rwego rwo kwihimura ku ngabo za Syria zishinjwa kubangamira Aba-Druze bazwiho kugira imyemerere yihariye.
-
Ubwizigame bw’amadovize y’igihugu bwariyongereye bugera ku yakoreshwa amezi 4,7
20 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuBanki Nkuru y’u Rwanda, BNR yatangaje ko ubwizigame bw’igihugu mu madovize bwavuye kuri miliyari 1.827 $ muri Kamena 2023 bugera kuri miliyoni 2.039 $ muri Kamena 2024, byanatumye ubu igihugu gishobora gutumiza ibintu hanze amezi 4,7 kidahuye n’ikibazo mu gihe nta rindi dovize ryinjiye mu gihugu.
-
Knowless yaciye amarenga ko mubo yibarutse harimo uzavamo umuhanzi nka nyina
27 December 2024, by Joseph IradukundaUmuhanzikazi Ingabire Butera Jeanne d’Arc uzwi cyane nka Butera Knowless yaciye amarenga ko mu bana be hari abashobora kuzaba abahanzi kuko batangiye kugaragaza ibimenyetso byo gukunda umuziki.
-
Imvura izagabanyuka, hiyongere ubukonje mu gice cya kabiri cya Nyakanga
13 July 2025, by Joseph IradukundaIkigo cy’u Rwanda gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda), cyatangaje ko imvura izakomeza kugwa mu bice byinshi by’igihugu mu gice cya kabiri cya Nyakanga 2025, ariko ibe nke ugereranyije no mu gice cya mbere, mu gihe ubukonje buziyongera.
-
Icyo ubuyobozi bw’ akarere ka Ruhango buvuga ku kibazo cy’ umupolisi ushinjwa gukubita umuturage agapfa
16 September 2018, by Nsanzimana ErnestUbuyobozi bw’ akarere ka Ruhango ntabwo buvuga rumwe n’ abaturage ku mvano y’ urupfu rwa Matabaro Faustin wo mu murenge wa Kinazi bivugwa ko yapfuye nyuma yo gukubitwa n’ umupolisi witwa Shumbusho Jean Damascene.
-
U Bushinwa: Imodoka yiraye mu baturage hanze y’ikigo cy’ishuri, hakomereka benshi
19 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuImodoka yiraye mu baturage irabagonga, abaturage benshi biganjemo ababyeyi n’abana bari bazanye ku ishuri barakomereka bikomeye. Byabereye hanze y’ikigo cy’ishuri ribanza mu majyepfo y’Intara ya Hunan mu Bushinwa.
-
Maj. Gen. Nyakarundi yasuye APR FC mbere yo guhura na Rayon Sports
9 January, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba w’Ingabo zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yasuye Ikipe ya APR FC mbere yo guhura na Rayon Sports mu mukino wo guhatanira igikombe kiruta ibindi mu Rwanda (Super Cup 2025) uteganyijwe ku wa Gatandatu, tariki ya 10 Mutarama 2026, kuri Stade Amahoro.
-
Ishimwe Dieudonne utegura Miss Rwanda yahaye ubutumwa bukomeye abafana ba Mwiseneza Josiane
24 January 2019, by Dusingizimana RemyIshimwe Dieudonne ukuriye Rwanda Inspiration Back up yavuze ko Mwiseneza Josiane akunzwe nkuko n’abandi bakobwa bamwe na bamwe bitabiriye mu myaka ishize ndetse yemeza ko nta gitutu batewe n’abafana be.
-
U Burusiya bwiteguye guhuriza Amerika na Iran mu biganiro
5 March 2025, by Pacifique NKURUNZIZAUmuvugizi w’Ibiro bya Perezida w’u Burusiya, Dmitry Peskov, yatangaje ko icyo gihugu cyiteguye gufasha Amerika na Iran mu biganiro bigamije guhosha umwuka mubi uri hagati y’ibihugu byombi.
Umuryango.rw
Abaturarwanda ibihumbi 36 bapfuye mu 2024, havuka ibihumbi 417
Israel yongeye kurasa muri Syria
Ubwizigame bw’amadovize y’igihugu bwariyongereye bugera ku yakoreshwa amezi 4,7
Knowless yaciye amarenga ko mubo yibarutse harimo uzavamo umuhanzi nka nyina
Imvura izagabanyuka, hiyongere ubukonje mu gice cya kabiri cya Nyakanga
U Bushinwa: Imodoka yiraye mu baturage hanze y’ikigo cy’ishuri, hakomereka benshi
Maj. Gen. Nyakarundi yasuye APR FC mbere yo guhura na Rayon Sports
U Burusiya bwiteguye guhuriza Amerika na Iran mu biganiro