Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko azahorera amaraso ya Lt. Amon Ariho uheruka kwirasa agapfa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Gen Muhoozi yarahiriye “guhorera amaraso” ya Lt. Ariho wirashe mu kico
3 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Igiciro cyongerewe ku bashaka ubwiza burenze ubwo Imana yabahaye
5 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuva tariki 29 Gicurasi, abacuruza ibikoresho byifashishwa mu kwisiga, kwitera no kongera ubwiza bazajya bishyura 15% y’umusoro ku byaguzwe.
-
Havumbuwe uburyo bushya bwo gupima ubwoko burenga 50 bwa kanseri icyarimwe
18 October 2025, by ISIMBI EstellaMuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika havumbuwe uburyo bushya bwo gupima ubwoko burenga 50 bwa kanseri icyarimwe, bukaba bwitezweho koroshya ubuvuzi bwa kanseri kuko iyo yagaragaye hakiri kare ishobora kuvurwa igakira.
-
Kera kabaye bisi ya APR FC yatashye
10 January, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe ya APR FC yamaze gutangaza ko yabonye bisi nshya izajya itwara abakinnyi, ndetse ni nayo iri bukoreshwe ku mukino karahabutaka na Rayon Sports.
-
Rayon Sports yirukanye umutoza wayo Javier Martinez Espinoza nyuma y’amezi 3 gusa
24 December 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yamaze kubikira imbehe uwari umutoza wayo Javier Martinez Espinoza nyuma y’amezi 3 gusa bari bamaze bakorana aho bikekwa ko azize umusaruro mubi waturutse ku mukino yatsinzwemo na APR FC ibitego 2-0.
-
U Rwanda mu nzira yo gukoresha ‘AI’ mu gusuzuma abarwayi no kubagenera imiti
3 February, by Angeline MUKANGENZIMu rwego rwo kurushaho kwihutisha serivisi z’ubuvuzi, u Rwanda rwatangiye igerageza kuri ‘application’ ikoresha Ubwenge Buhangano (AI) izajya ifasha abaganga gusuzuma abarwayi no kubafasha gufata ibyemezo byihuse ku muti bagomba gutanga.
-
BNR yagaragaje ibihano ku bakora ubucuruzi mu madovize nta burenganzira
17 June 2025, by ISIMBI EstellaBanki Nkuru y’Igihugu yatangaje ibihano bishya ku bantu n’ibigo bishyiraho ibiciro ku bicuruzwa cyangwa serivisi ndetse n’abakora ubucuruzi mu madovize nta burenganzira babiherewe.
-
Min.Nduhungirehe yagaragaje impamvu umusonga w’Abanyekongo bagirirwa nabi n’ubutegetsi bwabo ubuza u Rwanda gusinzira
6 March, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, avuga ko u Rwanda nk’Igihugu cyabayemo Jenoside yakorewe Abatutsi, ruhora ruterwa impungenge n’ibikorwa bibi bikorerwa Abanyekongo bavuga Ikinyarwanda by’umwihariko abo mu bwoko bw’Abatutsi, kuko ruzi uburemere n’ingaruka zabyo.
Minisitiri Nduhungirehe yabitangaje mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Joshua Barnes w’ikinyamakuru Firstpost cyo mu Buhindi, cyagarutse ku bibazo byo mu burasirazuba bwa Repubulika (…) -
Perezida Erdogan yahishuye ko Putin na Zelensky batiteguye guhura
3 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Turikiya, Recep Tayyip Erdogan yatangaje ko Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin na mugenzi we wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy batiteguye guhura.
-
Ifoto y’umunsi:Perezida Kagame na Museveni bahuriye mu irahira rya Ramaphosa bicara ku ntebe zegeranye
25 May 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame na Museveni wa Uganda bahuriye mu muhango wo kurahira kwa perezida wa Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa bicara ku ntebe zegeranye.
Umuryango.rw
Gen Muhoozi yarahiriye “guhorera amaraso” ya Lt. Ariho wirashe mu kico
Igiciro cyongerewe ku bashaka ubwiza burenze ubwo Imana yabahaye
Havumbuwe uburyo bushya bwo gupima ubwoko burenga 50 bwa kanseri icyarimwe
Kera kabaye bisi ya APR FC yatashye
U Rwanda mu nzira yo gukoresha ‘AI’ mu gusuzuma abarwayi no kubagenera imiti
BNR yagaragaje ibihano ku bakora ubucuruzi mu madovize nta burenganzira
Min.Nduhungirehe yagaragaje impamvu umusonga w’Abanyekongo bagirirwa nabi n’ubutegetsi bwabo ubuza u Rwanda gusinzira
Perezida Erdogan yahishuye ko Putin na Zelensky batiteguye guhura