Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ya Siporo, Rwego Ngarambe, yashyikirije ibendera ry’u Rwanda amakipe ane azaruhagararira mu irushanwa ryo gusiganwa mu modoka rya ‘WRC Safari Rally’ riri mu marushanwa akomeye ku Isi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Minisitiri Rwego yashyikirije ibendera abazahagararira u Rwanda muri ‘WRC Safari Rally’
20 February, by Angeline MUKANGENZI -
Alpha Rwirangira na AY bari mu gahinda ko gupfusha sekuru
2 September 2025, by ISIMBI EstellaAlpha Rwirangira na AY bari mu gahinda ko kubura sekuru witabye Imana mu ijoro rishyira ku wa 2 Nzeri 2025, afite imyaka 103 y’amavuko.
-
Impaka mu rubanza rwa Ingabire Victoire usaba ko ingingo y’itegeko yatumye afungwa ikurwaho
4 March, by Angeline MUKANGENZIUrukiko rw’Ikirenga rwatangiye kuburanisha mu mizi, urubanza rwa Ingabire Victoire Umuhoza agaragaza ko ingingo ya 106 y’itegeko rigenga imiburanishirize y’imanza nshinjabyaha inyuranye n’ibiteganywa na zimwe mu ngingo z’Itegeko Nshinga. Urubanza rwaranzwe n’impaka nyinshi hagati ya Ingabire Victoire n’Intumwa ya Leta yatumijwe ngo itange ibitekerezo kuri iyo ngingo yarezwe.
-
NYIRANZIZA Jeannette yasabye guhindura amazina akitwa NZIZA Jeannette
10 December 2025, by ISIMBI EstellaNYIRANZIZA Jeannette yasabye guhindura amazina akitwa NZIZA Jeannette mu bitabo by’irangamimerere!
-
Niba umugabo ashaka ko mutekera ibyo kurya, nawe agomba kuba yiteguye kunshimisha mu buriri amasaaha 10 nta kuruha
24 March 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzikazi akaba icyamamare mu njyana ya Rap ku isi , Cardi B yatangajeko iyo bigeze ku nshingano zo mu rugo ntacyo bimutwaye kuba yatekera umugabo we ndetse akanakora amasuku mu rugo Ariko nawe haricyo asaba umugabo we mu rwego rwo kugirango inshingano zurugo zubahirizwe neza ku mpande zombi. Mu magambo ye ubwo yaganirga n’abakunzi be ku rubuga rwa Instagram ibizwi cyane nka Live yagize ati " Njye kuba natekera umugabo wanjye ndetse nkaba nakora amasuku mu rugo ntacyo bintwaye ariko (…)
-
Perezida Kagame yaganiriye na William Ruto bahuriye mu Misiri
6 November 2022, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika Paul Kagame uri mu Misiri aho yitabiriye inama yiga ikibazo cy’imihindagurikire y’ibihe, kuri iki cyumweru yabonanye na mugenzi we wa Kenya, Dr. William Ruto.
Nk’uko bitangazwa n’ibiro bya Perezida Kagame, abakuru b’ibihugu byombi baganiriye ku mubano uzira amakemwa hagati ya Kenya n’u Rwanda ndetse nuko warushaho gutera imbere.
Amakuru yizewe agaragaza ko Perezida Kagame na Perezida Ruto banagarutse ku bibazo by’umutekano mu karere ka Africa y’ iburasirazuba (EAC) (…) -
Bruno Ferry wa Rayon Sports yatangiye gutekereza kuri APR FC
22 December 2025, by ISIMBI EstellaUmutoza mushya wa Rayon Sports, Bruno Ferry, yatangiye gutekereza kuri APR FC kugira ngo azahangane na yo ku mukino wa Super Cup uteganyijwe mu kwezi gutaha.
-
Bwiza ategerejwe muri Suède mu ruhererekane rw’ibitaramo bya Album ye nshya
26 February, by ISHIMWE Jean de DieuMu gihe umuziki Nyarwanda ukomeje kwagura imbibi, umuhanzikazi Bwiza ari kwitegura kwambuka inyanja yerekeza ku mugabane w’u Burayi, aho ategerejwe mu gitaramo kizabera i Stockholm muri Suède, mu rwego rwo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abagore no gutangiza ku mugaragaro urugendo rw’Album ye nshya yise ‘Home’.
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
1 December 2025, by ISIMBI EstellaUmuhesaha w’inkiko w’umwuga Me NSHIMYUMUKIZA Emille aramenyesha abantu bose ko hateganyijwe ipiganwa muri cyamunara y’umutungo utimukanwa uherereye mu karere ka BUGESERA
Soma itangazo rirambuye -
Elon Musk na Minisitiri w’Imari batukaniye muri White House
24 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmushoramari Elon Musk uri no mu butegetsi bwa Donald Trump na Minisitiri w’Imari muri Amerika, Scott Bessent, bashyamiranye bikomeye bapfa umuyobozi w’Ikigo gishinzwe imisoro y’imbere mu gihugu (IRS).
Umuryango.rw
Minisitiri Rwego yashyikirije ibendera abazahagararira u Rwanda muri ‘WRC Safari Rally’
Alpha Rwirangira na AY bari mu gahinda ko gupfusha sekuru
Impaka mu rubanza rwa Ingabire Victoire usaba ko ingingo y’itegeko yatumye afungwa ikurwaho
NYIRANZIZA Jeannette yasabye guhindura amazina akitwa NZIZA Jeannette
Niba umugabo ashaka ko mutekera ibyo kurya, nawe agomba kuba yiteguye kunshimisha mu buriri amasaaha 10 nta kuruha
Perezida Kagame yaganiriye na William Ruto bahuriye mu Misiri
Bruno Ferry wa Rayon Sports yatangiye gutekereza kuri APR FC
Bwiza ategerejwe muri Suède mu ruhererekane rw’ibitaramo bya Album ye nshya
Elon Musk na Minisitiri w’Imari batukaniye muri White House