Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi na mugenzi we Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bahuye banagirana ibiganiro n’umujyanama wa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ushinzwe ibibazo bya Afurika.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Massad Boulos yaganiriye na Tshisekedi na Ndayishimiye
21 April, by Angeline MUKANGENZI -
Trump yahaye Iran nyirantarengwa y’iminsi itatu
23 April, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yahaye Iran iminsi iri hagati y’itatu n’itanu kugira ngo ibe yamaze kugera ku mwanzuro uhamye izashyikiriza Washington mbere y’uko agahenge karangira.
-
Ubuyobozi bwa Nzamwita Degaulle muri FERWAFA ahazamuka n’ ahamanuka
1 April 2018, by Dusingizimana RemyKu munsi w’ejo Taliki ya 31 Werurwe 2018, nibwo habaye amatora y’umuyobozi wa FERWAFA,yarangiye ku ntsinzi ya Brigadier General Sekamana Jean Damascene wahigitse Rurangirwa Louis ku majwi 45 kuri 7 ndetse ahita asimbura Nzamwita Vincent Degaulle wari umaze imyaka 4 ayobora iri shyirahamwe ryagaragayemo ibibazo uruhuri kuva yatangira kuriyobora.
Sekamana niwe muyobozi mushya wa FERWAFA usimbura Degaulle
Hari benshi bemeza ko mu myaka 4 Nzamwita amaze ayobora FERWAFA, yakoze amokosa (…) -
Ibicuruzwa by’u Rwanda bigiye kumurikwa muri Canton Fair mu Bushinwa
16 April, by ISIMBI EstellaIbicuruzwa binyuranye bikorerwa mu Rwanda birimo ikawa, icyayi, urusenda, ubuki n’ibindi, biri mu bizamurikirwa mu imurikagurisha ryo mu Bushinwa rigamije guteza imbere ibyoherezwa n’ibitumizwa mu mahanga [Canton Fair], bikazamurikirwa abaguzi b’Abashinwa n’abandi baturutse hirya no hino ku Isi.
-
Umunyamakuru w’i Burundi umaze imyaka ibiri afunze yafunguwe atarangije igihano ashyirirwaho nyirantarengwa
5 March, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamakuru Sandra Aline Muhoza wo mu Gihugu cy’u Burundi wakatiwe gufungwa imyaka ine, yafunguwe by’agateganyo amaze imyaka ibiri afunzwe, ategekwa kutarenga Intara atabiherewe uburenganzira.
-
Intambara ya Israel na Iran yafashe indi ntera mu buryo bwagutse
2 March, by Angeline MUKANGENZIIsrael yagabye ibindi bitero by’indege kuri Iran, ndetse itangira no kugaba ibitero ku barwanyi ba Hezbollah bashyigikiwe na Iran muri Libani ku wa Mbere, mu gihe Tehran na yo yatangaje ko yagabye ibitero bya misile, ivuga ko byafunguye amarembo y’intambara yeruye kuri Israel.
-
Ni RDC yagakwiye gufatirwa ibihano aho kuba u Rwanda - Destexhe, Senateri mu Bubiligi
4 March, by Angeline MUKANGENZIAlain Destexhe wabaye Umusenateri w’u Bubiligi kuva mu 1995 kugeza mu 2011, yanenze Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye igisirikare cyu Rwanda na bamwe mu Bayobozi Bakuru b’Ingabo ibihano, avuga ko ahubwo byari bikwiye gufatirwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC).
-
U Rwanda rwateguje ko ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli bizakomeza kuzamuka
23 April, by Angeline MUKANGENZIUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Amb. Jean de Dieu Uwihanganye, yateguje Abaturarwanda kwitwara nk’abari mu bihe bidasanzwe kubera intambara yo mu Burasirazuba bwo hagati, ateguza ko ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli bizakomeza kuzamuka.
-
Iran yahakanye iby’uko yagiranye ibiganiro na Amerika
24 March, by ISHIMWE Jean de DieuIgihugu cya Iran cyahakanye iby’uko cyaba kiri mu biganiro na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma y’uko Perezida Donald Trump avuze ko byabaye ndetse bikaba byaratanze umusaruro mwiza.
-
AFC/M23 yatanze impuruza ku mperuka iri kuba mu Minembwe
24 March, by Angeline MUKANGENZIUmutwe wa AFC/M23 kuri uyu wa Kabiri tariki ya 24 Werurwe 2026, watanze impuruza ku bihe bisa n’imperuka bikomeje kubera muri Komine Minembwe mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aho ingabo za Leta ya RDC zikomeje gukorera abaturage ubwicanyi bw’indengakamere.
Umuryango.rw
Massad Boulos yaganiriye na Tshisekedi na Ndayishimiye
Ibicuruzwa by’u Rwanda bigiye kumurikwa muri Canton Fair mu Bushinwa
Umunyamakuru w’i Burundi umaze imyaka ibiri afunze yafunguwe atarangije igihano ashyirirwaho nyirantarengwa
Ni RDC yagakwiye gufatirwa ibihano aho kuba u Rwanda - Destexhe, Senateri mu Bubiligi
U Rwanda rwateguje ko ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli bizakomeza kuzamuka
Iran yahakanye iby’uko yagiranye ibiganiro na Amerika