Hari ubwoba bw’uko abantu benshi bapfuye nyuma y’aho ubwato bwari butwaye abagenzi barenga 100 burohamye mu ruzi rwa Fimi ruherereye mu ntara ya Mai Ndombe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
RDC: Haravugwa impanuka y’Ubwato bwari bwikoreye abarenga 100
18 December 2024, by Joseph Iradukunda -
U Rwanda rwatije ikigo cyo muri Brasil ubutaka bwo gukoreraho uruganda rw’inyama z’inka
5 March, by ISHIMWE Jean de DieuInama y’Abaminisitiri yatije ikigo cy’Ubucuruzi Planner Corretora de Valores SA ubutaka bwa Leta kugira ngo gikorereho urganda rw’inyama z’inka mu rwuri rw’i Gako mu karere ka Bugesera.
-
Uwahawe imbabazi na Perezida yishwe arashwe
1 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugabo witwa Matthew Huttle, wababaririwe na Donald Trump ku byaha bya January 6 byibasiye inyubako ya capitale, yarashwe n’umupolisi wa Jasper County muri Leta ya Indiana ku itariki ya 26 Mutarama 2025, nyuma yo kugirana amakimbirane n’uyu mupolisi mu muhanda.
-
Umubyeyi wa Niyo Bosco yitabye Imana
24 April 2025, by ISIMBI EstellaNiyo Bosco ari mu gahinda ko gupfusha umubyeyi we (Se umubyara) witabye Imana kuri uyu wa 23 Mata 2025, nk’uko uyu muhanzi yabimenyesheje abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga.
-
Dr.Isaac Munyakazi yirukanwe mu ishyaka PDI kubera ruswa yavuzweho
1 March 2020, by Dusingizimana RemyAbagize Biro Politiki y’Ishyaka Ntangarugero muri Demokarasi (PDI) bemeje ko Dr Isaac Munyakazi wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri MINEDUC yirukanwa burundu muri iri shyaka kuko basanga amakosa yakoze batayihanganira.
-
Chiki, yahishuye impamvu atahagaritse kubyina n’ubwo ari ‘Manager’ w’umugabo we Bien-Aime
20 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’inararibonye muri Kenya, Bien-Aime Baraza, uzwi cyane nk’umwe mu bagize itsinda rya Sauti Sol, we n’umugore we Chiki Kuruka bakomeje kuvugisha benshi ku buryo bubaka ubuzima bwabo bw’urugo n’imyuga yabo icyarimwe.
-
Diddy yavuye ku izima yemera kuburana afunze
15 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuraperi Sean “Diddy” Combs umaze iminsi asaba kuburana adafunze, ndetse watanze ingwate gatatu bikaba iby’ubusa, yashyize ararekura yemera kuguma muri gereza, areka ibyo gukomeza gusaba kuzaburana adafunze.
-
Bull Dog yasimbuye Kevin Kade muri Iwacu Muzika Festival
25 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuraperi Bull Dog yasimbuye Kevin Kade mu bitaramo bizenguruka igihugu bya Iwacu Muzika Festival bigiye kuba ku nshuro ya gatandatu.
-
Gaza: Israel yakajije ibitero nyuma y’uko Hamas yongeye kuyirasaho
12 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo za Israel zakajije ibitero mu gace ka Gaza nyuma y’uko umutwe wa Hamas urashe ibisasu bitatu muri Israel, bikabasha gukumirwa nta muntu bihungabanyije.
-
Menya uko ukwiye kwirinda indwara y’umusonga yibasira abato n’abakuze
20 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmusonga ni indwara ivurwa igakira ariko iyo irangaranywe ishobora guhitana byihuse umuntu uyirwaye, cyane ko imibare yo mu 2021, yagaragaje ko yahitanye abarenga miliyoni 2.5 hirya no hino ku Isi barimo abana ndetse n’abantu bakuru.
Umuryango.rw
RDC: Haravugwa impanuka y’Ubwato bwari bwikoreye abarenga 100
U Rwanda rwatije ikigo cyo muri Brasil ubutaka bwo gukoreraho uruganda rw’inyama z’inka
Uwahawe imbabazi na Perezida yishwe arashwe
Umubyeyi wa Niyo Bosco yitabye Imana
Chiki, yahishuye impamvu atahagaritse kubyina n’ubwo ari ‘Manager’ w’umugabo we Bien-Aime
Diddy yavuye ku izima yemera kuburana afunze
Bull Dog yasimbuye Kevin Kade muri Iwacu Muzika Festival
Gaza: Israel yakajije ibitero nyuma y’uko Hamas yongeye kuyirasaho
Menya uko ukwiye kwirinda indwara y’umusonga yibasira abato n’abakuze