Sitade y’Akarere ka Gicumbi, igiye gushyirwamo “Tapis synthétique” nkuko bitangazwa n’Ubuyobozi bw’Akarere.
Biteganijwe ko kuri uyu wa 17 Werurwe 2025 ari bwo hatangira imirimo yo gushyira itapi igezweho muri Sitade ya Gicumbi.
Ku rundi ruhande kandi abakunzi ba Gicumbi FC nabo bakomeje kwishakamo amafaranga y’ agahimbazamusyi atuma ikipe yabo ikomeza kuguma ku mwanya wa mbere muri shampiona y’icyiciro cya kabiri.
Usibye gushyiramo Tapis igezweho kandi imirimo yo kuvugurura sitade (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Sitade ya Gicumbi igiye gushyirwamo “Tapis synthétique”
17 March 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Perezida Kagame yashimye ubutwari bwa mugenzi we Macron ugiye kuza mu Rwanda
26 May 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane nibwo Perezida w’Ubufaransa,Emmanuel Macron aragera i Kigali mu rugendo rw’amateka rugamije kuzahura umubano w’ibihugu byombi wazahaye kubera iki gihugu cy’i Burayi cyagiye cyanga kwemera uruhare rwacyo muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
Mu nama yabereye muri Qatar, MONUSCO yasabwe kohereza ingabo muri Uvira
3 February, by Angeline MUKANGENZIMinisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Qatar yatangaje ko mu nama yabereye muri iki gihugu ihuje AFC/M23 na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hasabwe ko ingabo z’ubutumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri RDC (MONUSCO) zoherezwa mu Mujyi wa Uvira.
-
Umucamanza n’umugabo we batawe muri yombi bazira ruswa
4 February 2025, by Joseph IradukundaUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatagaje ko rwafunze Uwingabiye Delphine, Umucamanza mu Rukiko rw’Ibanze rwa Gatunda ukurikiranweho kwaka no kwakira ruswa, yizeza umuturage kuzatsinda urubanza yari afite muri urwo Rukiko.
-
Umugabo umaze iminsi 67 yaraburiye mu Nyanja yatabawe ari muzima
16 October 2024, by Joseph IradukundaUmugabo w’Umurusiya yatabawe nyuma yo kumara amezi arenga abiri yarabuze icyerekezo ari mu bwato butoya mu nyanja ya Okhotsk mu burasirazuba bw’Uburusiya.
-
Ibyo wamenya ku bikorwaremezo Miss Muheto yagonze
30 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda yatangaje ko mu minsi ishize yataye muri yombi Muheto Nshuti Divine wabaye Miss Rwanda 2022, kubera gutwara ikinyabiziga yanyoye ibisindisha birengeje igipimo, kandi nta ruhushya rwo gutwara ibinyabiziga agira, ibyatumye agonga ndetse yangiza ibikorwaremezo, anagerageza guhunga nyuma yo kugonga.
-
Perezida Kagame yitabiriye Car Free Day kuri iki cyumweru [AMAFOTO]
21 November 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame ni umwe mu banya-Kigali bitabiriye siporo rusange izwi nka Car Free Day kuri iki Cyumweru tariki 21 Ugushyingo 2021.
Amafoto yashyizwe kuri Twitter n’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, yagaragaje Perezida Kagame ari kumwe na Minisitiri wa Siporo, Aurore Munyangaju Mimosa na Meya w’Umujyi wa Kigali Pudence Rubingisa, bagenda n’amaguru mu mujyi rwagati ahazwi nka Car Free Zone.
Ku mbuga nkoranyambaga za Perezida Kagame,bavuze bati "Uyu munsi, Perezida Kagame yitabiriye Car (…) -
Igice gishya cya Avatar cyabaye igitangaza mu mateka ya sinema
25 December 2025, by ISIMBI EstellaFilime nshya ya James Cameron, “Avatar: Fire and Ash”, ikomeje kwandika amateka mashya muri sinema nyuma yo kwinjiza miliyoni 450$ mu cyumweru kimwe gusa isohotse.
-
Ibiciro mu Rwanda byiyongereyeho 17,6% muri Nzeri 2022
10 October 2022, by Dusingizimana RemyIkigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda cyatangaje ko ibiciro byiyongereyeho 17,6% muri Nzeri 2022, ugereranyije na Nzeri 2021. Ibiciro muri Kanama 2022 byari byiyongereyeho 15,9%.
Kuri uyu wa 10 Ukwakira 2022, NISR yatangaje ko ibiciro mu mijyi byiyongereye bitewe ahanini n’ibiciro by’ibiribwa n’ibinyobwa bidasembuye byiyongereyeho 33,2%, ibiciro by’inzu, amazi, amashanyarazi, gaz n’ibindi bicanwa byiyongereyeho 7,9%.
Muri Nzeri 2022 kandi ibiciro by’ibijyanye n’ubwikorezi (…) -
U Buyapani bwahaye PAM Rwanda inkunga y’asaga miliyoni 900Frw
19 February, by Angeline MUKANGENZIUmuryango w’Abibumbye Ushinzwe ibiribwa ishami ry’u Rwanda, PAM Rwanda watangaje ko wakiriye inkunga y’asaga miliyoni 900 Frw yatanzwe na Leta y’u Buyapani agamije kubonera ibiribwa impunzi, abashaka ubuhungiro n’abandi batahuka bavuye mu bihugu bitandukanye.
Umuryango.rw
Sitade ya Gicumbi igiye gushyirwamo “Tapis synthétique”
Mu nama yabereye muri Qatar, MONUSCO yasabwe kohereza ingabo muri Uvira
Umucamanza n’umugabo we batawe muri yombi bazira ruswa
Umugabo umaze iminsi 67 yaraburiye mu Nyanja yatabawe ari muzima
Ibyo wamenya ku bikorwaremezo Miss Muheto yagonze
Perezida Kagame yitabiriye Car Free Day kuri iki cyumweru [AMAFOTO]
Igice gishya cya Avatar cyabaye igitangaza mu mateka ya sinema
Ibiciro mu Rwanda byiyongereyeho 17,6% muri Nzeri 2022
U Buyapani bwahaye PAM Rwanda inkunga y’asaga miliyoni 900Frw